id
stringlengths
3
5
url
stringlengths
33
196
title
stringlengths
3
130
text
stringlengths
3
111k
3130
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umugabo
Umugabo
Igitsina cy’umugabo cyangwa Imboro umwanya mwibarukiro w’umugabo. Ku ishusho urabona imyanya ndangagitsina y’imbere n’inyuma ku muhungu. Urabona imboro, imiyoborantanga, umuyoborankari, uruhago, imiyoboramasohoro n’amabya. Igitsina cy’umugabo kigizwe n’umukaya woroshye n’imitsi myinshi y’amaraso.Iyo amaraso menshi ageze mu gitsinagabo, kirabyimba kigashyukwa. Igitsina cy’umugabo ni cyo gisohora inkari n’amasohoro. Iyo umuhungu akoze imibonano mpuzabitsina, igihe cyo kurangiza asohora intanga zivanze n’amasohoro. Ushobora kwizera ko ayo masohoro asohotse mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina atarimo inkari, kubera ko uruhago ruba rufunze mu gihe imboro iba ihagaze. Amabya abiri ari mu gasaho nk’uko bisanzwe rimwe iruhande rw’irindi. Mu mabya ni ho hakorerwa intanga-ngabo ni na ho zibikwa. Intanga-ngabo zinyura mu miyoborantanga ziva mu mabya zisohoka. Zigisohoka mu mabya,zihita zivanga n’amasohoro yakorewe mu miyoboramasohoro. Indwara Indwara ya peyronie : iva ku kubabara kugenda kuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ibyo bigatuma habaho ahantu hakomeye habuza igitsina kwirambura neza mu gihe gifashe umurego (érection) maze bigatuma cyigonda. Ibi nibyo kenshi bitera ububabare bw’igitsina. Ibimenyetso by'indwara ya peyronie: Kuribwa mu gihe cyo gushyukwa Ahantu hakomeye hatuma igitsina cyigonda Rimwe na rimwe uko kwigonda gushobora kubuza imibonano mpuzabitsina gukorwa Gukomereka : kuvunika kw’ahantu hatuma igitsina kibasha gufata umurego, aho hakaba haherereye munsi y’uruhu. Ibi bishobora guterwa n’impanuka. Uku gukomereka gushobora no gutuma umuyoboro w’inkari wangirika cyangwa se ukanacika. Ibimenyetso bijyanye gukomereka (trauma) nko mu gihe cy'impanuka: Kuribwa gukabije Kuribwa kujyanye no kubyimba kw’ahaba hababaye, cyangwa se hakirabura. Hashobora no kuba hacitse igisebe. Kujojoba kugaragara igihe umuyoboro w’inkari wangiritse, icyo gihe kujojoba guterwa n’uko uruhago rwuzuye cyangwa rurimo ubusa. Igihe umuyoboro wangiritse igice, ashobora gukomeza kwihagarika n’ubwo bimugora. Ariko igihe umuyoboro wacitsemo kabiri neza, kunyara biramunanira noneho akaribwa munda. Ibintu bidasanzwe bisohoka mu gitsina cyangwa Ibintu bisohoka mu gitsina badasanzwe (discharge, écoulement): bwa mbere na mbere bishobora guterwa n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, cyane cyane iyitwa chlamydia. Izo ndwara kandi zishobora no kwandurira mu mibonano yo mu kanwa (sexe oral) cyangwa yo mu kibuno. Ibisohoka bishobora gusa nk’ibibonerana, nk’umuhondo, nk’amaraso, nk’icyatsi, nk’ibifashe, cyangwa bimase (collant, sticky). Ibi usanga bijyanye n’ububabare mu kunyara cyangwa se ntibunahabe. Priapisme : Ishobora guterwa n'abantu ku giti cyabo igihe biteye imiti yo kugirango igihe cyo gushyukwa kibe kirekire, ibyo bikorwa kenshi n'abafite ikibazo cyo kudatinda, cyangwa se batanashyukwa namba. Gukomereka kw'umutsi wo mu gitsina bigatuma uba utagishoboye gukamura amaraso aza mu gitsina mu gihe cyo gushyukwa. Imiti nka anticoagulants, neuroleptiques na psychotropes nayo ishobora gutera icyo kibazo. Gushyukwa kudahagarara (kurengeje amasaha ane), biba byatewe n’uko amaraso aba yaheze mu gitsina. Kuribwa kuza ntakintu kibaye kandi kugatinda Kuribwa kuza gutewe n’imibonano mpuzabitsina. Gutwara neza igitsina no kwirinda kugihungabanya, kugikomeretsa no kukibabaza. Igihe igitsina cyakomeretse, fata barafu (glaçons) ushyire mu mwenda maze ukoze ku gitsina ahakomeretse, hanyuma hagarika imibonano, maze unywe imiti igabanya ububabare nka paracetamol, cyangwa se brufen. Kuri priapisme, naho fata agatambaro ushyiremo barafu ushyire ku gitsina, nibiramuka byanze nyuma y’isaha imwe igitsina kigifite umurego, ihutire kwa muganga kuko ibi bishobora kwangiza ibigize igitsina bituma gifata umurego (érection). Kandi Gusiramura Ubuzima bw’imyororokere SIDA Imiyoboro Imyanya ndangagitsina y'imbere n'inyuma ku mugabo n'akamaro kayo Ibibazo by’igitsina cy’umugabo (penis) : igice cya kabiri Ibibazo by’igitsina cy'umugabo (penis) : Igice cya mbere Tumenye kandi Twirinde Indwara Zandurirwa mu Mibonano Mpuzabitsina, Ministeri y’Ubuzima, Repubulika y’Urwanda Umubiri w’umuntu
3133
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri%20y%E2%80%99ibere
Kanseri y’ibere
Kanseri y’ibere cyangwa Kanseri y’amabere Imiryango imwe n’imwe cyangwa ubwoko bumwe bakunze kurangwa na kanseri y’amabere. Ni ngombwa rero gusuzumwa buri gihe na muganga wawe kanseri y’amabere ni imwe mu makanseri yibasiye abagore gusa inkuru nziza ni uko ushobora kuyirinda ndetse no kuyivumbura byoroheje. Kuyivumbura bizafasha mu by’ukuri mu kurokora ubuzima bwawe. Imiryango imwe n’imwe cyangwa ubwoko bumwe bakunze kurangwa na kanseri y’amabere. Ni ngombwa rero gusuzumwa buri gihe na muganga wawe kanseri y’amabere ni imwe mu makanseri yibasiye abagore gusa inkuru nziza ni uko ushobora kuyirinda ndetse no kuyivumbura byoroheje. Kuyivumbura bizafasha mu by’ukuri mu kurokora ubuzima bwawe. Imibereho y’umuntu ishobora kugira uruhare mu gutuma yongera kurwara kanseri y’ibere bwa kabiri. Abantu bigeze kurwara kanseri y’ibere bagakira baba bafite amahirwe menshi yo kongera kurwara iyi kanseri bwa kabiri kurusha abagore baba batarigeze kuyirwara na rimwe, ariko kandi nanone ahanini bikaba biterwa nukouyu muntu aba abayeho. Nubwo bitari byasobanuka neza, bimaze kugaragara ko imibereho mibi ari kimwe mu bituma kanseri y’ibere igaruka. Twasanze abagore bafite umubyibuho ukabije baba bafite amahirwe 50% yo kongera kuyirwara, abagore banywa inzoga byibura icupa rimwe ku munsi baba bafite amahirwe 90% naho abagore banywa itabi baba bafite amahirwe angana na 120% yo kongera kurwara kanseri y’ibere. Ubu bushakashatsi kandi bwasanze abagore basanzwe banywa itabi bakanywa n’inzoga 7 mu cyumweru baba bafite amahirwe yo kongera kurwaya iyi kanseri nta kabuza. Abahanga berekanye ko kuba ufite umubyibuho ukabije cyangwa se unywa inzoga bifitanye isano no kwiyongera mu mubiri ku musemburo bita estrogen; kandi iyi estrogen yongera umuvuduko wa kanseri y’ibere. Itabi ryo basanze rifite uburozi bwita carcinogens buba mu mwotsi kandi ritera ingaruka mbi ku buzima. Imiyoboro https://web.archive.org/web/20160304172259/http://rwanda.thebeehive.org/content/146/1644 Umuntu wigeze kurwara kanseri y’ibere, aba afite amahirwe menshi yo kongera kuyirwara Kanseri
3137
https://rw.wikipedia.org/wiki/Imigani%20migufi%20y%E2%80%99Ikinyarwanda
Imigani migufi y’Ikinyarwanda
Natwe utinda adahambira imigani migufi
3139
https://rw.wikipedia.org/wiki/Gusomana%20kw%27abafaransa
Gusomana kw'abafaransa
Gusomana kw'abafaransa (izina mu Cyongereza: French kiss) Umuti de:Kuss#Zungenkuss
3142
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umukino
Umukino
Umukino (ubuke Imikino) cyangwa Siporo Mu by’ukuri siporo ntabwo inanura nk’uko abantu babikeka, ahubwo yewe ku bantu bakora siporo nyinshi ushobora no kubona biyongereye ibiro. Nta yindi mpamvu buretse ko imitsi (muscles) iba yaremereye ugereranyije n’amavuta (graisses, fat). Ariko nko kubantu babyibushye nta gukomera mbese nta reme bafite, mu by’ukuri baba babyibuhijwe n’amavuta bakunze kwitwa ko batepeta, iyo bakoze siporo usanga basa nk’abananuka kuko ya mavuta arayonga. Kandi iyo bakoze siporo ntibananuka ngo babe bato ahubwo usanga ibyo gutepeta bivaho akubwo bagakomera bakagira ireme. Biba byatewe n’uko hahandi hari amavuta hasimbuwe n’ubunini bw’imitsi bwiyongereye. Amoko ya siporo Umupira w’amaguru Umupira w’agatebo Umupira w’intoke Umupira w’agakoni tenisi
3143
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikirayi
Ikirayi
Umurima w'ibirayi Umurima w’ibirayi utegurwa mu buryo bukurikira: Guhinga bwa mbere (kurima) mu gihe ahantu harajwe Iyo utaraje umurima hinga neza ukuramo ibyatsi bibi Guhinga bwa kabiri (gutabira) bagiye gutera Nyuma yo guhinga, ringaniza umurima wawe mbere yo guca imirongo cyangwa imyobo yo guteramo.. Cukura imyobo cyangwa uce imirongo ifite hagati ya santimetero 5 na santimetero 10 z’ubujyakuzimu. Gutera imbuto Imbuto y’ibirayi Igomba kuba itarwaye, Kuba idafite inenge iyo ariyo yose, Ifite ubunini buringaniye buri hagati ya mirime­tero 25 na mirimetero 55 z’umurambararo, Kuba yarameze neza, ifite imimero ihagije (kuva kuri 3 kugera kuri 4 ). Ifoto igaragaza imbuto yameze neza ishobora guterwa Igomba kuba yaratoranyijwe kandi yemewe. Wayigura ku mutubuzi cyangwa umucuruzi ubyemerewe mu karere cyangwa umurenge wawe. Icyitonderwa :Ugomba gusimbura imbuto byibura nyuma y’inshuro 4 ukoresha imbuto yakomotse ku ya mbere. Igihe cyiza cyo gutera ibirayi: ibirayi biterwa mu kwezi kwa Nzeli mu gihembwe cy’ihinga cya mbere (A)  no mu gice cya kabiri cy'ukwezi kwa Gashyantare n'ibyumweru bibiri bya mbere bya Werurwe mu gihembwe cy’ihinga cya kabiri (B) bitewe n’uko imvura igwa. Uburyo bwo gutera Batera hagati ya toni 2 na toni 2,5 z’imbuto kuri hegitari imwe . Batera ku ntera ya santimetero 80 hagati   y’imirongo (uva ku murongo umwe ujya ku wundi) no ku ntera ya santimetero 30 ku mirongo (uva kukobo uteramo ikirayi kimwe ujya ku kandi). Bashyira ikirayi kimwe mu mwobo bashyizemo ifumbire y'imborera, NPK 17-17-17 n’agataka gake ku bujyakuzimu twavuze ruguru, imimero ireba hejuru maze bakarenza itaka hejuru y’ikirayi. kuko ikirayi cyerera mu butaka nk’ibijumba, imyumbati, Kwita ku gihingwa Gufumbira Mu murima w’ibirayi hakoreshwa ifumbire iboze neza kandi yumutse. Ifumbire ishyirwa mu mirongo cyangwa mu myobo.; Bashyiramo kuva kuri Toni 20 kugeza kuri Toni 30 z’ifumbire y’imborera kuri hegitari imwe. Bongeramo ifumbire mvaruganda ya NPK17.17.17 ingana n'ibiro 300 kuri hegitari imwe, cyangwa bagakoresha ibiro 150 mu gihebagiye gutera n'ibiro 150 mu gihe cy’isukira. Mu butaka busharira (Nyamagabe, Nyaruguru, n’ahandi), babanza gushyiramo ishwagara (ibyumweru 2 mbere yo gutera) hagati ya toni 2,5 na toni5 kuri hegitari imwe, ikamaramo ibihembwe 4 by’ihinga. Kubagara ( Kumenera) : Bikorwa  nyuma y’ibyumweru 2 kugeza kuri 3 ibirayi bimaze kumera bifite nka santimetero 10 z’uburebure ugereranije. Kubagara bituma ibirayi bidacuranwa imyunyungungu, amazi, urumuri kuko byoroshya ubutaka kandi i byatsi bibi biri mu murima bigakurwamo. Icyitonderwa: Igihe ubagara wirinda gukomeretsa imizi y'ibirayi. Gusukira (Kuhira) Bikorwa ibirayi bifite nka santimetero 20 z’uburebure. Umuhinzi asukira akurura igitaka akacyegereza ikirayi ariko akirinda gutaba amababi yacyo Gusukira neza bifasha ibirayi gukura neza, birinda ikirayi kiri mu butaka kugira ibara ry’icyatsi no gufatwa n’indwara y’imvura (milidiyu). indwara n’ibyonnyi ku burayi Indwara n’ibyonnyi ndetse n’ibyatsi bibini bimwe mu bigabanya ku buryo bugaragara umusaruro w’ibirayi. Ni ngombwa kubirwanya kuko bishobora kugabanya umusaruro kugeza aho umuhinzi nta kintu na kimwe asarura. Indwara zirimo amoko menshi, n'ibizitera biratandukanye. Muri byo twavuga indwara n'ibyonnyi bikurikira: Indwara y’imvura Ifoto igaragaza indwara y’imvura Ikiyitera: indwara y’ imvura ni indwara iter­wa n’agahumyo .Ikunze kugaragazwa mu bihe by’imvura n’ubuhehere bwinshi. Aho ifata: amababi, uduti (imigozi) n’ikirayi Ibimenyetso: amababi n’uruti birababuka bigahinduka ikigina bikabora cyangwa bikuma. Uburyo bwo kuyirwanya: Gutera amoko y’ ibirayi yihanganira iyo ndwara Ibirayi byose bigomba kuvanwa mu murima mu gihe cy’isarura Kurandura ibirayi byose byimejeje, Gusukira neza ibirayi . Mu bihe by’imvura nyinshi ndetse n’ubuhehere: Ibirayi bikimera, tera umuti nka Ridomili (Ridomil) ku mababi hose, gr 50 zivanze muri litilo 20 z’amazi ibirayi bikiri bitoya. Nyuma y’ibyumweru bibiri Rimwe mu cyumwer, Tera  umuti wa ditane cyangwa Mancozeb ku mababi hose ku rugero rwa gr 50 zivanze na litiro 20 z’amazi. Gusimburanya ibirayi n’ibindi bihingwa bitari mu muryango umwe. Indwara ya kirabiranya Ifoto igaragaza indwara ya kirabiranya y'ibirayi Ikiyitera :Kirabiranya y'ibirayi iterwa n’agakoko ko mu bwoko bwa bagiteri bita pseudomonas solanacearum. Iboneka mu butaka no mu mbuto byanduye ako gakoko. Aho ifata: ku mababi n'ibirayi. Ibimenyetso: Kurabirana kw’amababi agahinduka icyatsi cyeruruka. Mu maso y’ibirayi birwaye cyane haturukamo amatembabuzi y’umweru wabitema ugasanga imbere hari uruziga rw’umuhondo. Uburyo bwo kuyirwanya: Gukoresha amoko y’ imbuto y’ibirayi yihanganira iyo indwara, Gusimburanya ibirayi n’ibindi bihingwa bitari mu muryango umwe; Kurandura no kuvana mu murima ibirayi byose bigaragaraho ibimenyetso by’iyi ndwara; Gusimburanya ibihingwa  ku buryo ibirayi bigaruka nyuma y'ibihe bine by'ihinga. Inanda Inanda iterwa n'agakoko ko mu bwoko bw'ibinyugunyugu bita “Phthorimaea operculella”; Udushorobwa twabyo ducukura imyobo mu mitsi y'amababi agahinduka ikigina; Utu tukoko twangiza ibirayi; Ibyo bigaragazwa n'imyobo ducukura mu kirayi n'amabyi yatwo agaragara mu kirayi; Ubwone bw'utu dukoko mu murima bushobora gukomereza no mu buhunikiro. Uburyo bwo kuyirwanya:   Umuhinzi agirwa inama yo gutera indwara nzima itarwaye no gukoresha umuti witwa Deltamethrine cyangwa Cypemethrine mu rwego rwo kuyikumira. Gusarura ibirayi Ibirayi byera hashize iminsi 100 kugeza ku 120 bitewe n’ubwoko bwatewe; Iyo ibirayi byeze amababi ahinduka umuhondo n’imigozi yabyo iragwa maze ikuma. Mbere yo gusarura banyomora ibirayi: Babanza kurandura imigozi y’ibirayi bakandagiye ku butaka ku buryo nta kirayi kizamukana n’umugozi, ibirayi bikaguma mu butaka bikumuka, uruhu rwabyo rugakomera ku buryo iyo basaruye nka nyuma y ’ibyumweru 2 nta kirayi gishobora gukoboka mu buryo bworoshye, Gusarura bikorwa humutse, Basarura bakoresheje intoki iyo obutaka bworoshe, isuka ariko bigengesereye birinda gukomerersa ibirayi  cyangwa se imashini zabugenewe, Irinde gukomeretsa ibirayi mu gihe usarura kandi ubimare mu murima, Vana ibirayi byose bifite inenge mu musaruro. Ibirayi bisigaye mu murima bishobora kuba indiri yihuse y’udukoko n’indwara mu ihinga rikurikiraho mu gihe imiterere y’ikirere itishe utwo dukoko. Amashakiro Ibimera Imboga Ubuhinzi Ibidukikije Ibiti
3147
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vitamini%20A
Vitamini A
Vitamini A cyangwa Vitamine A Aho ikomoka : ikomoka mu mboga rwatsi, karoti, igi, epinari, ibijumba, amashu, umutonore w’ibishyimbo n’urunyogwe, inyanya n’ibindi. Ingorane zibaho iyo yabuze : kutabona neza cyane cyane nijoro, amaso atukuye, kumagara uruhu no kururwara, koroha kw’agahu gatwikira amenyo (émail) n’inshinya, kubura ipfa ryo kurya, gukora nabi kw’imvubura ya tiroyide n’umwijima, kubura igikuriro, tubibutse kandi ko irinda kanseri. Uwayibuze bimutera gukira biruhanije iyo akomeretse, kwandura indwara vuba, kuba yarwara za calculs (imisenyi mu miheha y’impyiko, mu ruhago no mu gasabo k’indurwe y’umwijima). Vitamini
3148
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vitamini%20B1
Vitamini B1
Vitamini B1 cyangwa Vitamine B1 Aho ikomoka : ibinyampeke cyane cyane ibimeze (céréales germés), umuceri, amatunda (cyane cyane mu maronji-amacunga), amashereka n’amata y’inka, umutonore wa soya, lantiye (lentilles), ubuki. Ingorane zibaho iyo yabuze : habaho imivurungano mu bwonko, irangwa no kuribwa mu mutwe rimwe na rimwe w’uruhande rumwe, ibijaganyuro mu ntoki no mu birenge, guhondobera, kugira ibyuya birenze urugero nta mpamvu igaragara, kugabanuka k’ubushyuhe bw’umubiri. Habaho kandi imivurungano mu nzira y’ibiryo, irangwa no kubura ipfa ryo kurya (anorexie), kugira iseseme, kuruka, kugabanuka kw’imisemburo yo mu gifu n’amara, bigakorana imbaraga nke, kwituma impatwe (constipation). Habaho n’imivurungano mu mikorere y’inyama z’umubiri, irangwa no gucika intege, kuremara bimwe mu bice by’umubiri (paralysie). Hari n’imivurungano mu migendere y’amaraso, irangwa no guhumeka nabi ubura umwuka, umutima ukabyimba, gucika intege. Iyi vitamini irakenewe cyane mu mikorere myiza y’ubwonko. Vitamini
3150
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vitamini%20B2
Vitamini B2
Vitamini B2 cyangwa Vitamine B2 Aho ikomoka : ibinyampeke cyane cyane ingano zimeze (blé germé), ubuki, amande na avoka. Ingorane zibaho iyo yabuze : kubura igikuriro, cyane cyane amaboko n’amaguru, n’ingingo zishinzwe kubona, habaho gukanyarara k’uruhu . Vitamini
3151
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vitamini%20B6
Vitamini B6
Vitamini B6 cyangwa Vitamine B6 Aho ikomoka : ibinyampeke, imboga, amata, umuhondo w’igi, igitoki, amatunda nka avoka, pêche, amande, n’ibihumyo, soya, noix, ubuki. Ingorane zibaho iyo yabuze : umunaniro utagira impamvu, guta umutwe, kubura amaraso, imivurungano mu mikorere y’uruhu, kandi iyi vitamini ikaba umuti w’indwara ya pellagre ikunda kwigaragariza mu ndwara z’uruhu. Vitamini
3152
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vitamini%20B12
Vitamini B12
Vitamini B12 cyangwa Vitamine B12 Aho ikomoka : ikorerwa mu mara ikaboneka mu rusukume rwayo, iboneka kandi mu mashu y’indabyo (choux-fleur), mu ngano zimeze. Ingorane zibaho iyo yabuze : imivurungano mu mikorere y’ubwonko, mu iremwa ry’amaraso, kugabanuka kw’amaraso ku rugero ruhanitse. Vitamini
3153
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vitamini%20B3
Vitamini B3
Vitamini B3 (cyangwa Vitamine B3) cyangwa Vitamini PP Inkomoko : ibinyampeke, imbuto, imboga, amavuta ya elayo (huile d’olive) n’ay’ibihwagari. Ingorane zibaho iyo yabuze : imivurungano mu bwonko, mu mwijima, mu gifu n’uruhu, indwara ya pellagre, gushigagurika, umunaniro, guta umutwe, kwibagirwa, kutabona neza, kugira intimba, kurakazwa n’ubusa, kubabuka umunwa no mu muhogo, kubura ipfa ryo kurya, kuruka, guhitwa, kuzinukwa ibiribwa bimwe na bimwe . Vitamini
3155
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vitamini%20C
Vitamini C
Vitamini C cyangwa Vitamine C Aho ikomoka : ni umwihariko w’ibimera, cyane cyane ibibisi, by’umwihariko kapusine, indimu, amaronji. Ntiba mu bikomoka ku nyamaswa. Ingorane zibaho iyo yabuze : kubura ipfa ryo kurya, intege nke, umunaniro cyane cyane uwo mu bwonko, kuremererwa mu maguru, kubura amaraso, kubura igikuriro, kudatsina wakomeretse, kuribwa mu mutwe. Ntibikwa mu mubiri. Vitamini
3156
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ubwonko
Ubwonko
Ubwonko bw’inyamaswa zikururuka (reptiles) buzibashisha kumenyera vuba aho zigeze n’ibihe zirimo (ni yo mpamvu muzasanga izo nyamaswa zihindagurika mu bushyuhe bw’umubiri bitewe n’uko aho ziri hashyushye cyangwa hakonje), ubw’inyamswa bita inyamabere bukazibashisha kwiyoroshya, ntizigire amahane, ariko ubwonko bw’umuntu ni bwo bwonyine bushoboye guhimba ibishya no gukundana nyakuri. Kuva kera cyane, uruyuki rw’urunyamirimo (l’abeille ouvrière) rukora uruhererekane rw’ibyo rushinzwe ariko kuri gahunda zitajya zidahinduka. Mu gice cy’inyuma cy’ubwonko twagereranya n’uruhu rwabwo (cortex cérébral) ni ho habikwa ibyo washyize mu bwonko ngo uzabyibuke : Agace k’inyuma werekera hasi (région occipitale) ni ko kibuka ibyo wabonesheje amaso (les informations visuelles). Naho agace ko hejuru no mu mpande aharinganiriye n’igufwa ryo hejuru n’irya nyiramivumbi (région pariétotemporale) ko kabika ibyavuzwe (les informations verbales). Mu by’ukuri utwo duce dukora umurimo watwo ku manywa (activité diurne), ariko na nijoro usinziriye uri mu nzozi (le sommeil paradoxal avec rêves) na byo birushaho gushimangira ibyinjiye mu bwonko kugira ngo uzabyibuke. Kugira ngo umuntu yibuke, ubwonko bwo mu mutwe bubigiramo uruhare rukomeye. Nk’agace k’ahagana mu gahanga (lobe frontal), by’umwihariko kagira umumaro wo guhitamo ibyo wibuka, kagahitamo ibigomba kubikwa mu bwonko, kubisesengura no kubitunganya kugira ngo intekerezo zihamanye n’ibikorwa. Kandi Kanseri y’ubwonko Imiyoboro Umubiri w’umuntu
3158
https://rw.wikipedia.org/wiki/Inzoka%20zo%20mu%20nda
Inzoka zo mu nda
Inzoka zo mu nda Abana bakunze kurwara izo nzoka, bakazandura cyane cyane binyuze mu kanwa, bitewe n’imikino yabo n’isuku yabo igoranye kuyibakorera. Izo bakunze kurwara cyane ni asikarisi, ogiziyire, amibe, teniya, n’izindi zitera guhitwa cyane nka jiyaridiyaze na tirikusi (giardias et trichuris). Ibimenyetso Iyo umwana adakeye mu maso (pâle), agakunda kurakara nta mpamvu, akabura ipfa ryo kurya, iyo adasinzira neza (akaryama ashikagurika) kandi agataka uburyaryate mu kibuno, ni ngombwa kwihutira kumuvuza inzoka zo mu nda. Umwana ashobora kwiyanduza na we ubwe. Iyo yishimaguye mu kibuno, ashobora gusigarana mu nzara z’intoki ze amagi y’inzoka maze atasukurwa neza mbere yo kurya akamira ayo magi hamwe n’ibyokurya cyangwa akayamira igihe ashyira intoki ze mu kanwa. Iyo ayo magi ageze mu mara, avamo izindi nzoka, ziyongera ku zo asanganwe. Ni ngombwa rero gusenya urwo ruziga ruhoraho (cercle vicieux). Akenshi, izo nzoka n’amagi yazo zijya zisohokera mu kibuno, ku bana b’abakobwa zishobora no kugera ku myanya ndangagitsina y’umwana, bikamutera uburyaryate butuma yishimagura cyangwa akarwara indwara zifata mu myanya ndangagitsina y’inyuma. Izo nzoka zishobora no gutera uburwayi bw’akanyama k’agafuka gato kaba ku iherezo ry’urura runini ari bwo apandisite ndetse bigatera n’amara kuziba akifunga (occlusions intestinales). Inyamaswa
3159
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kugagara%20ingingo
Kugagara ingingo
Indwara yo Kugagara ingingo ni ukugabanuka cyangwa guhagarara k’ubushobozi bwo kwikunjakunja cyangwa kwinyeganyeza kw’inyama z’umubiri w’ibiremwa byigenza, ku bwo kwangirika (lésions) kw’agace runaka k’ubwonko gakoresha urwo rugingo. Ariko kandi tumenye ko habaho n’ubushobozi buke bw’inyama z’umubiri biturutse ku gucika kw’imitsi ikomeye cyane itarimo umwenge ifatisha inyama z’umubiri ku magufwa, utwo dutsi twacika urugingo ntirwihine (ni two bita « tendons »), hakabaho kutihina neza kw’ingingo z’umubiri (ankylose des articulations), ariko kandi iyo byatewe no guterwa ikinya cyangwa kujya muri koma (kurwara cyangwa kugira impanuka kugeza ubwo umera nk’uwapfuye), ibyo ntibishyirwa muri urwo rwego rw’uburwayi bwo kugagara ingingo. Iyo ndwara ihindagura amazina bitewe n’aho yafatiye. Bayita emipleji (hémiplégie) iyo yafashe uruhande rw’umubiri rw’iburyo rwose cyangwa urw’ibumoso. Bayita parapleji (paraplégie) iyo yafashe igice cyo hepfo y’ikiyunguyungu (no ku gice kiba ku iherezo ry’urura runini, kimeze nk’agafuka kabanza kwitekeramo imyanda y’amabyi mbere y’uko asohoka (bahita « rectum »), n’ako gace karafatwa). Bayita omopleji (homoplégie) iyo hamugaye urugingo rumwe gusa. Bayita parezi (parésie) iyo ingingo zitamugaye burundu (paralysie incomplète). Iyo umubiri utumva ibiwukozeho, babyita kugwa ikinya (anesthésie = perte de la sensibilité au tact). Iyo utumva ibiwubabaza (perte de la sensibilité à la douleur) babyita analjezi (analgésie). Iyo ubushobozi bw’umubiri bwo kumva ibiwukorakora burenze urugero, babyita ipersitezi « hypersthésie ». Ku wo yafashe, inyama z’urugingo ziragagara (raideur musculaire ou contracture), urugingo rukaba rwananuka (atrophie). Icyo gihe hashobora kubaho uburwayi bugagaza inyama z’amaguru bita imbwa, bikababaza cyane, (crampes douloureuses). Kugagara k’umusokoro wo mu ruti rw’umugongo bajya bita indwara ya Landiri (Paralysie ascendante, dite „Maladie de Landry“) Kugagara ururimi, iminwa, urusenge rw’akanwa, akamironko n’ahakegereye (Paralysie bulbaire ou labio-glosso-larynge) Kugagara ikiganza (Paralysie radiale) Kugagara amaguru (Paralysies des membres inférieurs) Kumugara imitsi yumva ikoresha amaso (Paralysie des nerfs moteurs de l’œil) Imiyoboro ubugorozi.org Indwara
3161
https://rw.wikipedia.org/wiki/Inzoga
Inzoga
Inzoga izo ari zo zose zishobora gutera kanseri, ndetse byeri na vin, ari zo benshi bavuga ko zishobora kuvura, guhora uzinywa, cyangwa ukanywa nyinshi bishobora gutera kanseri. Mu Rwanda Urwagwa Ikigage Imiyoboro Ibinyobwa
3162
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikawa
Ikawa
Ikawa (izina ry’ubumenyi mu kilatini Coffea) ni igiti Ikawa yageze mu Rwanda ahagana mu mwaka wa 1900, ariko ubushakashatsi kuri iki gihingwa bwatangiye mu mwaka 1930 ubwo hageragezwaga imbuto zitandukanye z’ikawa zivuye muri Mulungu (Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo). Ikawa ubu ifata umwanya wa kabiri mu bihingwa nyuma y’icyayi mu kwinjiza amadovize ariko ihura n’ibibazo by’ibyonnyi n’indwara, uburyo bwo guhinga budatunganye n’imbuto zidafite umusaruro uhagije. Kunywa ikawa bigira rukuruzi yo gutera kanseri yo mu ruhago, yo mu mabere, cyangwa ibiturugunyu (tumeur) ni utubyimba tubanziriza kanseri. Ikawa na Indwara ya diyabete N'ubwo abantu benshi usanga batinya ikawa kubera ko izamura umuvuduko w'amaraso, habayeho ubushakashatsi bwakozwe mu gihe cy'imyaka 18 ku bagore 1361 bafite imyaka iri hagati ya 39 na 65 banywaga ikawa, maze basanga 74 bararwaye indwara ya diyabete. Baje gusanga ikawa ifasha mu kwirinda diyabete kuri 45% ku banywa uturahuri (tasses) 3 cyangwa 4 ku munsi, kuri 61% abanywa uturahuri 5-6 ku munsi, naho abanywa uturahuri 7 ku munsi ikabarinda kuri 52%. Bikaba bigaragara ko abanywa uturahuri 5 cyangwa 6 aribo barindwa ku kigero cyo hejuru. Mu bundi bushakashatsi bwa études sur la santé des infirmières bwakozwe ku bantu benshi, barimo abagabo 41234 n`abagore 84200 batarwaye yaba diyabete, yaba kanseri cyangwa se n'indwara z'umutima, bagiye bareba uburyo banywamo ikawa nyuma y'imyaka ibiri na nyuma y'ine. Nyuma abarwaye diyabete bari abagabo 1333, n'abagore 4085. Aho naho bamenye ko caféine iboneka mu ikawa ifite uruhare mu kurinda indwara ya diyabete, yaba ku bagore cyangwa se no ku bagabo. Cafeine kandi si diabete gusa ivura byagaragaye ko irwanya indwara nyinshi zitandukanye mumubiri. Bakaba banavuga ko ari byiza ku bamaze kurwara diyabete kunywa ikawa kuko ifasha mu bijyanye n'uko umubiri wakira umusemburo wa insuline ndeste n`uburyo umubiri wihanganira glucose. Igisigaye ku bashakashatsi akaba ari ukumenya buryo ki irinda iyo ndwara. Gusa ni ngombwa kwirinda gukabya, nta kurenza uturahure 5 cyangwa 6 ku munsi! Reba kandi Ikawa ya Maraba Icyayi Matte Imiyoboro ISAR Porogaramu y’Ikawa Ibinyobwa
3163
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri
Kanseri
Kanseri (izina mu cyongereza na gifaransa: cancer ) Kanseri y’ibere cyangwa Kanseri y’amabere Kanseri yo mu ruhu Kanseri yo mu mabya Kanseri yo mu kamironko (larynx) Kanseri yo mu mazuru (nez) Kanseri y’ubwonko cangwa Kanseri yo mu bwonko Kanseri yo mu kanwa Kanseri yo mu muhogo (gorge) Kanseri yo mu bihaha Kanseri yo mu gifu (estomach) Kanseri y’umwijima (foie) Kanseri yo mu mara cyangwa Kanseri y’umura, Kanseri z’inkondo y’umura Kanseri yo mu mura Kanseri yo mu mpyiko (rein) Kanseri yo mu rwagashya (pancréas) Kanseri yo mu murerantanga ngabo Kanseri yo mu gasabo k’intangangore cyangwa Kanseri ya y’imirerantanga Kanseri yo muri nyababyeyi kanseri za nyababyeyi Kanseri yo mu ruhago (vessie) Imiyoboro https://web.archive.org/web/20111107192946/http://rwanda.thebeehive.org/category/topics/health/sickness-disease/common-diseases/cancers
3166
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri%20yo%20mu%20bihaha
Kanseri yo mu bihaha
Kanseri yo mu bihaha ni yombi kurusha izindi kanseri, ariko nanone niyo yoreshye mu kwirinda. Abakabakaba 9/10 bafite kanseri yo mu bihaha bayiterwa no kunkwa itabi. Kuvura abantu kanseri yo mu bihaha biri gutera imbere, ariko ntamuti wari waboneka. Ikingenzi wakora kugira ngo urinde ibibi abagicicije nawe ubwawe ni ukutankwa itabi. Na none, kureba niba irimo umwuka (gaze) bita radon, ni umwuka mubi ukaba ari uwakabiri mu gutera kanseri yo mu bihaha. Imiyoboro https://web.archive.org/web/20160314101639/http://rwanda.thebeehive.org/content/146/2427 Kanseri
3169
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri%20yo%20muri%20nyababyeyi
Kanseri yo muri nyababyeyi
Kanseri yo muri nyababyeyi tuyisanga aho umwana akurira. Hari ubwoko butandukanye bwa kanseri yo muri nyababyeyi: Kanseri y’umworohera wo muri nyababyeyi na kanseri yo munda ibyara. Kanseri y’umworohera wo muri nyababyeyi irasanzwe kandi iboneka igihe kanseri yibasiye igice (ihuriro) ry’uturemangingo turi kuri nyababyeyi. Kanseri yo munda ibyara ntikunze kuboneka, ikurira mumikaya cyangwa mutundi turemangingo dufasha nyababyeyi. Ni byiza ko ubonana na muganga buri mwaka akagupima (pelvis) Imiyoboro https://web.archive.org/web/20160305120030/http://rwanda.thebeehive.org/content/146/2433 Kanseri
3170
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri%20yo%20mu%20ruhu
Kanseri yo mu ruhu
Kanseri yo mu ruhu ikunze kuboneka cyane muri Afurika yepfo kandi mu bazungu cyane. Abirabura bo muri Afurika yepfo muri rusange ntabwo bafite ibyago byo kwandura kanseri yo mu ruhu. Iravurwa akenshi igakira iyo yamenyekanye hakiri kare. Nubwo bariya badapfa kwibasirwa na kanseri yo mu ruhu, bagakoresheje amavuta arinda uruhu igihe uri hanze cyane cyane hagati ya saa 10:00 za mbere ya saa sita na saa 3:00 za nyuma ya saa sita z’amanywa. Imiyoboro https://web.archive.org/web/20150401114828/http://rwanda.thebeehive.org/content/146/2431 Kanseri
3171
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri%20yo%20mu%20mabya
Kanseri yo mu mabya
Kanseri yo mu mabya ni yo kanseri iboneka cyane mu r’ubyiruko rw’abagabo (bafite imyaka 15-35). Kanseri zose ni uturemangingo twororoka vuba tukaba twasenya ururemangingo ruzima (tissu). Amakuru meza ni uko kanseri yo mu mabya ntikunze kuboneka, kandi iranavurwa. Amabya aba inyuma y’imboro. Uretse gutanga amasohoro aba arimo inangangabo, akora imisemburo myinshi y’abagabo. Amabya aranyerera, afite ishusho yo kwigonda kandi arakomeye. Abagabo bagomba kwisuzuma rimwe mu kwezi kureba niba hari igihinduka. Imiyoboro https://web.archive.org/web/20111006154529/http://rwanda.thebeehive.org/content/146/2432 Kanseri
3174
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri%20y%E2%80%99ubwonko
Kanseri y’ubwonko
Kanseri y’ubwonko cangwa Kanseri yo mu bwonko Ubwonko ni igice cy’urwungano rw’imyakura. Mu bigize na none urwungano rw’imyakura harimo n’uruti rw’umugongo. Byose ari ubwonko n’uruti rw’umugongo bishobora gukuza utubyimba twa kanseri. Nubwo kanseri y’ubwonko idakunze kugaragara, ibimenyetso byakomeje kwiyongera muri iyi myaka 10 ishize, kandi kanseri y’ubwonko ishobora kwica iyo idakurikiranwe hakiri kare. Imiyoboro https://web.archive.org/web/20160314110931/http://rwanda.thebeehive.org/content/146/2423 Kanseri
3180
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanseri%20yo%20mu%20mura
Kanseri yo mu mura
Kanseri yo mu mura Umura ni igice kibanza kiri hagati y’igitsina gore (igituba) n’inda ibyara. Inkuru nziza ni uko iyi ndwara yoroshye kuyivura iyo igaragaye hakiri kare. Ishobora kugaragara mu mashereka y’impoko bapimye bya buri gihe cyangwa mu kizami cy’intuntu (pelvis). Imiyoboro https://web.archive.org/web/20160314075153/http://rwanda.thebeehive.org/content/146/2425 Kanseri
3182
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kanada
Kanada
Kanada (izina mu Cyongereza no mu Gifaransa : Canada ) ni igihugu kinini cyane giherereye mu gice cyo mu majyaruguru y’umugabane wa Amerika ya Ruguru. Gikikijwe n’inyanja ya Atalantika mu burasirazuba, inyanja ya Pasifika mu burengerazuba n’inyanja ya Arikitika mu majyaruguru. Nicyo gihugu cya kabiri kinini ku isi mu buso nyuma y’u Burusiya, aho gifite ubuso bwa kilometero kare 9,984,670. Kanada ihana imbibe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu majyepfo no mu majyaruguru y’uburengerazuba, ukaba ariwo mupaka muremure ku isi. Ubusanzwe Kanada yari ituwe n’abasangwabutaka kugera mu kinyejana cya 15 ubwo Abafaransa n’Abongereza bazaga kureba uko hameze. Nyuma baje kuhatura rero, mu nkengero za Atalantika. Abo basangwabutaka baje gushegeshwa bikomeye n’indwara zari ziturutse i Burayi, ubu hasigaye mbarwa. Kuri ubu, iki gihugu gituwe n’abaturage basaga miliyoni 31. Nicyo gihugu abantu bajya guturamo cyane, bikaba akenshi biterwa n’impamvu z’ubukungu cyangwa hakaba hari ababa basanzeyo abo bafitanye isano. Amateka Mu mwaka wa 1763 Abafaransa baretse colonies zose bari bafite muri Amerika ya Ruguru, nyuma y’intambara yiswe '"Guerre de sept ans". Mu mwaka wa 1867, Kanada yahinduwe intara ifite ubwigenge bucagase, icibwamo intara 4, aha ni naho hatangiriye ukwigenga gusumbyeho, byatumye Kanada itacyometse cyane ku Bwongereza. Mu mwaka wa 1919, Kanada yinjiye muri Société des Nations nk’igihugu ukwacyo kitari mu Bwongereza, naho mu mwaka wa 1945, Kanada iba kimwe mu bihugu byashinze Loni. Intara na teritwari Kuri ubu Kanada igizwe n’intara 10 arizo: Ontario, Québec, Alberta, Nova Scotia, Nouveau Brunswick, Manitoba, Colombie Britannique, Ile du Prince Edouard, Saskatchewan na Terre Neuve na Labrador. Kanada kandi igizwe na teritwari 3 (territoires) Québec niyo ntara nini kurusha izindi, ikaba ari nayo ituwe cyane nyuma ya Ontario. Ikaba ivugirwamo igifaransa cyonyine nk’ururimi rwemewe, mawe mu mashyaka yahoo akaba anifuza ko iyo ntara yakwikura kuri Kanada ikigenga. Ibendera rya Kanada Ibendera rya Kanada rizwi cyane, rikaba ari umweru n’umutuku. Hagati harimo ishusho ry’ikibabi cy’igiti cyitwa érable ushobora gusanga henshi muri icyo gihugu, kikaba cyinatanga umutobe uryoshye (sirop d'érable). Ururimi Kanada ni igihugu kivugirwamo indimi 2 zemewe: Igifaransa n’Icyongereza. Ubwo uwo Gouverneur Général yageraga mu Rwanda, bamwe mwumvise ko yavugaga ijambo mu rurimi rumwe, akongera akabivuga mu rundi. Ibi bikaba biterwa n’iyo politiki yo kubahiriza izo ndimi zombi (bilinguisme). Leta Kanada iyoborwa nk’ubutegetsi bushingiye ku nteko ishinga amategeko, aho kuba ku mukuru w’igihugu nk’uko bimeze ahandi henshi ku isi. Muri iyi minsi twagiye twumva intiyo “Gouverneur Général”, aho kumva perezida. Ibi biterwa n’uko ubundi Kanada iyoborwa n’umwamikazi w’u bwongereza, akaba gusa yoherezayo Gouverneur Général wo kumuhagararira. Kuri ubu Gouverneur Général ni Madamu Mary Simon. Minisitiri w’intebe ni nk’aho ariwe mutegetsi ukomeye uba uri muri Kanada. Aturuka mu ishyaka ryatsinze amatora yo mu nteko, kandi niwe ushyiraho guverinoma ankanayihindura. Kanada iri mu miryango nka G8 (umuryango uhuza ibihugu 8 bikize ku isi), G-20 (umuryango uhuza ibihugu 20 bikize ku isi), OTAN, OCDE, OMC, Commonwealth, Francophonie, OAS, APEC na Loni (ONU). Kanada ni kimwe mu bihugu bikize kandi bikomeye ku isi. Ubukungu bwayo bushingiye cyane cyane ku mutungo kamere n’ubuhahirane na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bituranye. Kanada ifite amashyamba arimo ibiti bikenerwa cyane, ikungahaye kandi kuri peteroli na gaz. Hari amabuye y’agaciro atandukanye kandi akenerwa nka zinc, uranium, n’ayandi. Kanada Amerika ya Ruguru Ibihugu
3187
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abishyize%20Hamwe%20Bashinzwe%20Kubungabunga%20Isi
Abishyize Hamwe Bashinzwe Kubungabunga Isi
Abishyize Hamwe Bashinzwe Kubungabunga Isi (IUCN ; izina mu cyongereza: International Union for Conservation of Nature cyangwa World Conservation Union) wahoze ari umuryango mpuzamahanga urengera ibidukikije n umutungo kamere. Bavuga ko kurengera ibidukikije ari wo musingi w iterambere mu by ubukungu. Imiryango
3189
https://rw.wikipedia.org/wiki/Focus%20on%20the%20Global%20South
Focus on the Global South
Focus on the Global South ni Porogaramu iharanira amajyambere ikorana na Univerisite yo mu gihugu cya Tailand. Ivuga ko Ikomatanyabukungu ari ryo ryongereye ubukene rikaba ryaranatumye ibidukikije byononekara. Ivuga kandi ko amasezerano menshi ashyirwaho ibihugu bikize ari byo biyungukiramo kurusha ibihugu bikennye. Imiryango
3190
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ihuriro%20ry%20Ibihugu%20Bikiri%20mu%20Nzira%20y%E2%80%99Amajyambere
Ihuriro ry Ibihugu Bikiri mu Nzira y’Amajyambere
Ihuriro ry Ibihugu Bikiri mu Nzira y’Amajyambere (izina mu cyongereza: Third World Network) ni umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu, uhuza abantu ku giti cyabo n indi miryango iharanira amajyambere mu bihugu bikiri mu nzira y amajyambere wita no ku bibazo hagati y ibihugu bikize n ibikennye. Uyu muryango uharanira kubungabunga ibidukikije kuko ari ryo pfundo ry iterambere, ni ukuvuga ko ibihugu bikize bigira uruhare rukomeye mu iyangirika ry ibidukikije. Imiryango
3191
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikigega%20Mpuzamahanga%20cy%E2%80%99Imari
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari [IMF]; izina mu cyongereza: International Monetary Fund) kivuga ko Ikomatanyabukungu ritagira umupaka ari ubwiyongere mu gukenerana kw’ibihugu ku isi yose mu bijyanye n’abantu n’ibintu byambuka imipaka, serivisi, amafaranga, umutungo, ikoranabuhanga, Icyo bose bemeranya ariko ni’uko ikomatanyabukungu ritagira umupaka rigira ubukungu, politiki, umuco ndetse n’ikoranabuhanga mu miterere yaryo ku isi. Binyuze mu kigega ndetse n’ibindi bikorwa nko gukusanya imibare n’isesengura, kugenzura ubukungu bw’abanyamuryango bayo, no gusaba politiki yihariye, IMF ikora kugira ngo igire ingaruka ku bukungu bw’ibihugu bigize uyu muryango. Intego z'uyu muryango zavuzwe mu ngingo z’amasezerano ni: guteza imbere ubufatanye mpuzamahanga bw’ifaranga, ubucuruzi mpuzamahanga, akazi gakomeye, ihungabana ry’ivunjisha, kuzamuka mu bukungu burambye, no kugeza umutungo ku bihugu bigize uyu muryango ufite ibibazo by’amafaranga. Amafaranga ya IMF aturuka ahantu habiri: kwota no kuguriza. Quotas, ikusanyirizwa hamwe mubihugu bigize uyu muryango, itanga amafaranga menshi ya IMF. Ingano ya kwota yabanyamuryango biterwa nubukungu nubukungu byisi. Ibihugu bifite akamaro kanini mubukungu bifite ibipimo binini. Ibipimo byiyongera buri gihe mu rwego rwo kuzamura umutungo wa IMF mu buryo bw’uburenganzira bwihariye bwo gushushanya. Umuyobozi ucunga ubu (MD) akaba na perezida wa IMF ni impuguke mu by'ubukungu muri Bulugariya, Kristalina Georgieva, uyu mwanya kuva ku ya 1 Ukwakira 2019. Umuhanga mu by'ubukungu w’Abahinde n’Abanyamerika, Gita Gopinath, wahoze ari umuyobozi mukuru w’ubukungu, yagizwe umuyobozi wungirije wungirije ushinzwe imiyoborere, guhera ku ya 21 Mutarama 2022. Ku ya 24 Mutarama 2022. Pierre-Olivier Gourinchas yasimbuye Gopinath nk'umuyobozi w’ubukungu mukuru. Amashakiro Imiryango Ubukungu
3193
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikigo%20Mpuzamahanga%20Giharanira%20Amajyambere%20Arambye
Ikigo Mpuzamahanga Giharanira Amajyambere Arambye
Ikigo Mpuzamahanga Giharanira Amajyambere Arambye (IISD ; izina mu cyongereza: International Institute for Sustainable Development): Ni ikigo kidaharanira inyungu gikora ubushakashatsi. Iki kigo kivuga ko ubwisanzure mu bucuruzi no mu ishoramari ari byo biteza imbere ubukungu n’amajyambere. Iki kigo kivuga ko uburyo bwo kwishyira hamwe mu nzego zose bugomba kubungwabungwa kugirango amajyambere arambye agerweho kandi uburinganire bw abaturage ni ngombwa kugira ngo bigerweho. Imiyoboro http://www.iisd.org/ Imiryango
3194
https://rw.wikipedia.org/wiki/Forumu%20Mpuzamahanga%20ku%20Ikomatanyabukungu
Forumu Mpuzamahanga ku Ikomatanyabukungu
Forumu Mpuzamahanga ku Ikomatanyabukungu (IFG ; izina mu cyongereza: International Forum on Globalisation). Iyi forumu yo irengera ubusugire bwa buri hantu, ishyigikiye ko hashyirwaho imipaka ntarengwa yatuma igicuruzwa cy’igihugu runaka kigira ubusugire, ivuga ko igicuruzwa cyambuka imipaka ari uko aho kigiye bo badashobora kucyikorera. Irwanya kwegurira ibikorwa abikorera ku giti cyabo kuko bituma Leta idashobora kurengera uburenganzira bw abaturage. Imiyoboro http://www.ifg.org/ Imiryango
3198
https://rw.wikipedia.org/wiki/Amahoro%20Masa
Amahoro Masa
Amahoro Masa (izina mu cyongereza: Greenpeace) : Ni ikigo kidaharanira inyungu giharanira kurengera ibidukikije. Kivuga ko ibihugu bikize ari byo bibona inyungu nyinshi kurusha ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere mu bwisanzure bw’ubucuruzi. Ku bw’iki kigo ubucuruzi buza nyuma y’uko ibidukikije n’abantu byitaweho. Imiryango Kamere
3199
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikigega%20Mpuzamahanga%20Gishinzwe%20Umutungo%20Kamere
Ikigega Mpuzamahanga Gishinzwe Umutungo Kamere
Ikigega Mpuzamahanga Gishinzwe Umutungo Kamere (WWF ; World Wide Fund for Nature). Giharanira kurengera ibidukikije; cyemera ko ubucuruzi ari kimwe mu bituma amajyambere agerwaho ariko kandi bugomba gukorwa ku buryo butabangamira ibidukikije kuko kurengera ibidukikije, ubutaka, abantu n’ibihangano byabo ari rwo rufunguzo rw’iterambere. Imiryango Kamere
3202
https://rw.wikipedia.org/wiki/Oxfam
Oxfam
Oxfam ni ikigo mpuzamahanga giharanira kurwanya ubukene, akarengane no gutotezwa. N’ubwo Oxfam ishyigikiye ko ubucuruzi n’ishoramari mpuzamahanga byakorwa, yemeza ko ari nabyo bitera ubukene. Ishyigikiye cyane ikitwa Fair trade kurusha Free trade (koroherana kurusha kwisanzura). Oxfam iharanira ko uburenganzira bw’abafite intege nke bwakwitabwaho cyane mu masezerano mpuzamahanga, yaba ay’ubucuruzi, ingendo n’ibindi. Imiryango
3204
https://rw.wikipedia.org/wiki/Incuti%20z%E2%80%99Isi
Incuti z’Isi
Incuti z’Isi (FOEI ; izina mu cyongereza: Friends of the Earth International) ni impuzamiryango irengera ibidukikijeikaba irwanya ikomatanyabukungu ritagira imipaka kuko ubucuruzimpuzamahanga bugirwamo inyungu n’abifite, rubanda rugufi ikahagwa. Imiryango
3207
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikigo%20Gishinzwe%20Amategeko%20Mpuzamahanga%20Arengera%20Ibidukikije
Ikigo Gishinzwe Amategeko Mpuzamahanga Arengera Ibidukikije
Ikigo Gishinzwe Amategeko Mpuzamahanga Arengera Ibidukikije (CIEL ; izina mu cyongereza: Center for International Environmental Law) ni umuryango udaharanira inyungu urengera ubuzimarusange n ibidukikije binyujijwe mu bigo n amategeko mpuzamahanga. Uvuga ko ubucuruzibugomba gukorwa hakurikijwe amategeko arengera abantu n ibidukikije. Imiyoboro http://www.ciel.org/ Imiryango
3209
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abaturage%20Rusange
Abaturage Rusange
Abaturage Rusange (izina mu cyongereza: Public Citizen) ni umuryango mpuzamahanga urengera abaguzin ibidukikije ukaba ukorera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Uyu muryango urwanyakwegurira ibikorwa abikorera ku giti cyabo na politiki y ubwisanzure bw’amasoko. Ibona koubwisanzure bw ubucuruzi no mu ishoramari bibangamira ibidukikije n’uburenganzirabw abakozi. Imiryango
3210
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abavuzi%20Batagira%20Umupaka
Abavuzi Batagira Umupaka
Abavuzi Batagira Umupaka (MSF ; izina mu gifaransa: Médecins Sans Frontières) ni ikigo cyita ku buvuzibw abantu bari mu kaga. Gishyira imbere uburenganzira bwa muntu n’ubuzima bwe mbere y’ubundi burenganzira ubwo ari bwo bwose. Imiryango
3213
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abaguzi%20Mpuzamahanga
Abaguzi Mpuzamahanga
Abaguzi Mpuzamahanga (CI mu magambo ahinnye y’icyongereza; izina mu cyongereza: Consumers International) ni umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu urengera uburenganzira bw abaguzi cyane cyane abakene. Urwanya kwegurira abikorera ku giti cyabo ibigo bya Leta ugashyira imbere inyungu z’ubuzima rusange. Imiryango
3214
https://rw.wikipedia.org/wiki/Isi%20Imwe
Isi Imwe
Isi Imwe (izina mu cyongereza: One World Trust) ni ihuriro rya za Sosiyeti sivili zirengera uburenganzira bwa Muntu n’amajyambere arambye. Iri huriro rigeza ku bantu amakuru anyuranye ajyanye n’uburenganzira bwabo ndetse n’imiryango ishinzwe kurwanya ubukene rikabikora rikoresheje urubuga rwa Internet. Imiryango
3216
https://rw.wikipedia.org/wiki/SEATINI
SEATINI
SEATINI (Southern and Eastern Africa Trade Information and Negotiations Institute): Ni ihuriro ry Abanyafurika bishyize hamwe kugira ngo bazamure ubushobozi bwa Afurika bwo kuba yajya mu ruhando mpuzamahanga, ikaba yabona inyungu zivuye mu bucuruzi bukorwa no kumenya gucunga neza ingaruka zijyanye n’ikomatanyabukungu. N’ubwo SEATINI iharanira kurengera uburenganzi bwa muntu n’ubw’abakozi, irwanya amabwiriza ngenderwaho y umurimo w umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi kuko ibihugu bikize ari byo bibyungukiramo. Imiryango
3217
https://rw.wikipedia.org/wiki/Indymedia
Indymedia
Indymedia (IMC ; Independent Media Center) ni ihuriro ryabanyamakuru n’ibigo by’itangazamakuru. N’ubwo hari bamwe mu bagize iryo huriro bashyigikiye Ikomatanyabukungu ritagira umupaka, abandi bakaba barirwanya, iryo huriro rirengera ibidukikije riharanira ko habaho ubworoherane mu bucuruzi; rirwanya amategeko arengera ibihangano n’ikoreshwa nabi ry’abakozi no guhohotera uburenganzira bwa muntu. Imiryango
3219
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikigo%20Mpuzamahanga%20Gishinzwe%20Ubucuruzi%20n%E2%80%99Amajyambere%20Arambye
Ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe Ubucuruzi n’Amajyambere Arambye
Ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe Ubucuruzi n’Amajyambere Arambye (ICTSD ; izina mu cyongereza: International Centre for Trade and Sustainable Development) ni umuryango utegamiye kuri Leta kandi udaharanira inyungu ariko urengera inyungu z’amajyambere y’ibihugu bikize. Wibaza niba amategeko arengera umutungo mu bihugu bikize hari icyo amarira ibyo bihugu. Ushyira imbere akamaro ko kurengera ibidukikije, ukanemera ko ubwisanzure mu bucuruzi butabangamira ibidukikije ari naryo pfundo ry’iterambere. Imiryango
3221
https://rw.wikipedia.org/wiki/World%20Social%20Forum
World Social Forum
World Social Forum ni Forumu itegamiye kuri Leta ihuza za NGOs ikaba iharanira ubwisanzure bw abaturage n amahuriro yabo ashyiraho umurongo wa politiki ubabereye kandi ugamije iterambere rirambye kandi ryuzuzanya. Muri rusange iyi forum irwanya Ikomatanyabukungu , ubusumbane bukabije mu by ubukungu n izindi ngeso za mpatsibihugu, igashyira imbere uburenganzira bwa muntu no kurengera ibidukikije. Irwanya kwegurira ibikorwa abikorera ku giti cyabo, ubwisanzure mu bucuruzi n amategeko arengera umutungo, ivuga ko ubutegetsi bwava ku rwego rw isi bukajya ku rwego rw igihugu. Imiryango
3223
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikigo%20cy%E2%80%99Ubushakashatsi%20ku%20Ikomatanyabukungu
Ikigo cy’Ubushakashatsi ku Ikomatanyabukungu
Ikigo cy’Ubushakashatsi ku Ikomatanyabukungu (izina mu cyongereza: The Center for Research on Globalisation) ni ikigo cy’Abanyakanada gishinzwe itangazamakuru n’ubushakashatsi kirwanya cyane politiki ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. By’umwihariko kirwanya amategeko ya Banki y’Isi (World Bank) n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) ashyigikira ubwisanzure mu bucuruzi no kwegurira ibikorwa abikorera ku giti cyabo bavuga ko yongera ubukene mu bihugu bikennye. Iki kigo kandi kirwanya ibikorwa birenze urugero bigaragara mu kurengera uburenganzira bwa muntu n’ubwisanzure buboneka mu bihugu bikize. Imiyoboro http://www.globalresearch.ca/ Imiryango
3224
https://rw.wikipedia.org/wiki/George%20Monbiot
George Monbiot
George Monbiot (27 Mutarama 1963) ni umwanditsi, umunyamakuru, umwarimu muri kaminuza akaba yandika mu kinyamakuru kitwa The Guardian cyandikirwa mu Bwongereza. Uyu mugabo arwanya Capitalism agashyigikira ko Leta yajya ishyiraho amategeko agenga amasoko. Avuga ko ibihugu bikennye bigomba kubanza kuvugurura inganda zabyo zigakomera mbere y’uko bikurikiza amategeko agenga ubwisanzure bw’amasoko kuko bisenya ubukungu bw’ibyo bihugu. Ashyigikiye kurengera ibidukikije n’amategeko arengera abakozi. Abagabo Ikomatanyabukungu
3225
https://rw.wikipedia.org/wiki/Naomi%20Klein
Naomi Klein
Naomi Klein (8 Gicurasi 1970 - ), ni umwanditsi akaba n’umunyamakuru ukomoka muri Kanada uzwi cyane kuba yaranditse igitabo cyitwa No Logo: Taking Aim at the Brand Bullies . Arwanya Ikomatanyabukungu n’amategeko agenga ubucuruzi mpuzamahanga kuko umukene nta nyungu abibonamo. Board of Directors 350.org Abagore Ikomatanyabukungu
3226
https://rw.wikipedia.org/wiki/Martin%20Khor
Martin Khor
Martin Khor (1951 - ): Umuyobozi w’Ihuriro ry Ibihugu Bikiri mu Nzira y’Amajyambere (Third Word Network) aharanira kuvugira ibihugu bikennye avuga ko amategeko agenga ubucuruzi mpuzamahanga ari inzititizi ku bukungu bw’ibihugu bikennye. Akomeza avuga ko amategeko yose aza arengera ibihugu bikize kurusha ibihugu bikennye. Ikomatanyabukungu Abagabo
3227
https://rw.wikipedia.org/wiki/Mary%20Robinson
Mary Robinson
Mary Robinson (21 Gicurasi 1944): Yahoze ari Perezida wa Irilande akaba yarabaye na Komiseri Mukuru ushinzwe kurengera uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye. Kuri we ubucuruzi ni ngombwa ariko amategeko abugenga akwiye gushirwaho yitaye ku mibereho n’ubukungu bw abaturage. Ashyigikiye ko habaho uburinganire n’ubwuzuzanye mu bucuruzi akaba atemera inkunga y’ibiribwa itangwa cyane cyane n’umuryango w’ubumwe bw’Iburayi na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ashimangira ko kugira uruhare ku masoko n’ubworoherane mu bucuruzi ari byo shingiro ry’amajyambere no kurwanya ubukene mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere. Arangiza avuga ko kurengera uburenganzira bwa muntu ari ryo pfundo ry’amajyambere arambye. Ikomatanyabukungu Abagore
3228
https://rw.wikipedia.org/wiki/Vandana%20Shiva
Vandana Shiva
Madam Vandana Shiva (5 Ugushingo, 1952): Ni umwarimu muri Kaminuza akaba n’umwanditsi ukomoka mu Buhindi. Avuga ko amategeko ajyanye n’ubucuruzi ari yo atuma ibihugu bimwe biryamira ibindi kandi ko ubwisanzure mu bucuruzi ari bwo bwatumye ibidukikije byangirika. Ashyigikiye iterambere rirambye bityo hakorwa ubworoherane mu bucuruzi, hubahirizwa n’amategeko arengera abakozi n’ibidukikije. Akomeza avuga ko amabwiriza ya Banki y’Isi n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari akomeza kongera ubukene, ko n’ubwisanzure mu bucuruzi budindiza amajyambere cyane cyane mu bihugu bikennye. Ikindi ni uko uburenganzira bw’umugore bugomba kubahirizwa. Ikomatanyabukungu Abahinde Abagore
3229
https://rw.wikipedia.org/wiki/John%20Ralston%20Saul
John Ralston Saul
John Ralston Saul (19 Kamena 1947): Ni umwanditsi akaba n’Umufilozofe, arwanya Ikomatanyabukungu kuko ngo irwanya demokarasi. Avuga ko ubwisanzure mu bucuruzi budahagije kugira ngo ibihugu bishobore guhangana mu bucuruzi. Ashyigikiye ko habaho ubwigenge mu bucuruzi kandi kuri we Leta ijye ishyiraho amategeko arengera umucuruzi n’umuguzi ishingiye ku byateza imbere igihugu. Ikomatanyabukungu Abafilozofe Abagabo
3230
https://rw.wikipedia.org/wiki/Joseph%20Stiglitz
Joseph Stiglitz
Joseph Stiglitz (9 Gashyantare 1943) yize iby’ubukungu, yigisha muri Kaminuza akaba n’umwanditsi. Niwe washinze kandi ayobora The Initiative and Policy Dialogue akaba yarabaye na Visi Perezida wa Banki y’Isi. Akangurira ibihugu bikennye gushyiraho amategeko arengera umucuruzi n’umuguzi akaba abona ko amategeko mashya agenga iby’ubucuruzi ku Isi nta nyungu ibihugu bikennye biyafitemo nta nubwo yatuma bitera imbere. Ikomatanyabukungu Abagabo Ubukungu
3231
https://rw.wikipedia.org/wiki/International%20Policy%20Network
International Policy Network
International Policy Network (IPN) ni umuryango udaharanira inyungu w’Abongereza, utegamiye kuri Leta ukaba ugamije kurwanya ubukene, kurwana ku buzima bw abaturage n’ibidukikije. Ushyigikiye byimazeyo ubwisanzure bw’amasoko ukanavuga ko imipaka y’ubucuruzi yose yavanwaho. Ikomatanyabukungu Imiryango
3232
https://rw.wikipedia.org/wiki/SDN
SDN
SDN ni ihuriro ry’abantu ku giti cyabo batabogamiye kuri Leta nabo bashyigikiye ubwisanzure bw amasoko kuko ari yo nkingi y’amajyambere. Bavuga ko ubwisanzure mu bucuruzi butuma umutungo kamere uzanira amadovisi igihugu, ibidukikije bikitabwaho ndetse n’ibindi bikorwa remezo bikubakwa n’ikoranabuhanga rigatera imbere. Ikomatanyabukungu
3233
https://rw.wikipedia.org/wiki/Competitive%20Enterprise%20Institute
Competitive Enterprise Institute
Competitive Enterprise Institute (CEI): ni ikigo cy’Abanyamerika kidaharanira inyungu gikorera i Washington, gishinzwe politiki rusange iharanira guteza imbere ubwisanzure bw amasoko no kubuza Leta kugira uruhare mu gushyiraho amategeko agenga amasoko. Gishyigikiye ko habaho uburenganzira ku bihangano n’umutungo no kurengera ibidukikije ndetse kikanashishikariza abakozi n’abakoresha babo kumvikana Leta itivanze mu bikorwa byabo. Imiryango idaharanira inyungu Ikomatanyabukungu
3234
https://rw.wikipedia.org/wiki/Cato%20Institute
Cato Institute
Cato Institute nawo ni umurynago w Abanyamerika ukorera i Washington, ntuharanira inyungu kandi nawo ushyigikiye ubwisanzure bw’amasoko. Ku bwawo, hari ibikorwa bimwe na bimwe Leta yagiramo uruhare ibindi ikabiharira abikorera ku giti cyabo. Uvuga ko ubwisanzure bw amasoko, uburenganzira ku mutungo no kugendera ku mategeko ari ngombwa kugira ngo ubukungu butere imbere ndetse n’ibidukikije bibungabungwe, Leta ikitabazwa gusa aho bahuye n’inzitizi. Kuri wo kandi Ikomatanyabukungu ni igisubizo cy’ibibazo gitanga n’amahoro. Ikomatanyabukungu
3235
https://rw.wikipedia.org/wiki/Institute%20of%20Public%20Affairs
Institute of Public Affairs
Institute of Public Affairs (IPA): Ni umuryango udaharanira inyungu wo mu gihugu cya Ositaraliya nawo ushyigikiye kwigenga kw’amasoko Leta ikitabazwa bibaye ngombwa. Uyu muryango uvuga ko kurengera ibidukikije bigomba gukorwa habanje gukorwa ubushakashatsi. Ku bw’uyu muryango hagomba kubaho ubwigenge mu bukungu, mu bya politiki ndetse na demokarasi. Ikomatanyabukungu
3239
https://rw.wikipedia.org/wiki/TDS%20Daily
TDS Daily
TDS Daily ni ikigo gishyigikiye kwishyira ukizana kw amasoko, ubwisanzure mu bucuruzi, ikoranabuhanga no kurengera ibidukikije. Ku bw’iki kigo Globalisation ituma haboneka akazi, umushahara ukazamuka, bityo abakozi bagatera imbere. Ikomatanyabukungu
3240
https://rw.wikipedia.org/wiki/World%20Growth%20Institute
World Growth Institute
World Growth Institute nawo ni umuryango udaharanira inyungu ushyigikiye ukwishyira ukizana kw’amasoko, ubwisanzure mu bucuruzi, uburenganzira bw’ikiremwa muntu no kurengera ibidukikije. Imiryango idaharanira inyungu Ikomatanyabukungu
3241
https://rw.wikipedia.org/wiki/The%20Heritage%20Foundation
The Heritage Foundation
The Heritage Foundation ni umuryango w’Abanyamerika ukorera i Washington, ushinzwe guteza imbere amategeko rusange agenga ukwishyira ukizana kw amasoko n’uko Leta itagomba kwivanga mu mikorere yayo. Ku bw’uyu muryango ukwishyira ukizana mu masoko ayo ariyo yose ni byo bizatuma ubukungu butera imbere. Ikoranabuhanga rigezweho no kurengera ibidukikije nabyo ni ingenzi. Ikomatanyabukungu
3242
https://rw.wikipedia.org/wiki/A%20World%20connected
A World connected
A World connected ni umuryango udaharanira inyungu ushyigikiye amategeko agenga ukwishyira ukizana ku masoko. Uharanira ko inzitizi zose zibuza ubwisanzure mu bucuruzi zivaho cyane cyane mu bihugu bikennye. Wifuza ko n’abakene nabo babona akazi kabatunga bakora imirimo iciriritse. Ikomatanyabukungu
3243
https://rw.wikipedia.org/wiki/Johan%20Norberg
Johan Norberg
Johan Norberg (27 Kanama 1973) wo muri Suwede ashyigikiye Ikomatanyabukungu na Capitalism. Ashyigikiye iyi politiki kuko ituma abaturage bishyira bakizana, bakabona akazi bakarushaho gutera imbere mu by’ubukungu. Ikomatanyabukungu Abagabo
3244
https://rw.wikipedia.org/wiki/Douglas%20A.%20Irwin
Douglas A. Irwin
Douglas A. Irwin (* 1962), ni Umwarimu muri Kaminuza, umwanditsi akaba n’umushakashatsi mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubushakashatsi mu by’ubukungu. Ashyigikiye kwishyira ukizana ku masoko, gushaka abakozi mu bindi bihugu iyo igihugu runaka kibakeneye nk’uko Amerika ibigenza. Avugako ubwisanzure bw amasoko, uburenganzira ku mutungo, gutera imbere bigabanya guhungabana kw’ibidukikije. Avuga kandi ko ubucuruzi atari bwo bwangiza ibidukikije ko ahubwo politiki mbi y’ibidukikije ariyo ibyangiza. Ikomatanyabukungu Abagabo
3245
https://rw.wikipedia.org/wiki/Jagdish%20Bhagwati
Jagdish Bhagwati
Jagdish Bhagwati (26 Nyakanga 1934), ni Umwarimu muri Kaminuza ya Colombia, New York. Ubu ni Umujyanama w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ku iterambere rya NEPAD muri Africa. Yabaye na none Umujyanama w’Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga w’ubucuruzi n’Umujyanama muri ONU kubijyanye n’ikomatanyabukungu. Ashyigikiye byimazeyo ubwisanzure bw’ubucuruzi n’ikomatanyabukungu kuko birwanya ubukene. Ikomatanyabukungu Abagabo
3246
https://rw.wikipedia.org/wiki/Martin%20Wolf
Martin Wolf
Martin Wolf (1946), ni Umwarimu muri kaminuza, umwanditsi n’umuyobozi w’ikinyamakuru kitwa Financial Times . Yahoze ari umukozi ukomeye wa Banki y’Isi. Arwanya ukwivanga kwa Leta mu bikorwa bimwe na bimwe kuko bidindiza abaturage. Yemera ko habaho kwigenga kw’amasoko Leta ikitabazwa ari uko bibaye ngombwa. Ikomatanyabukungu Abagabo
3247
https://rw.wikipedia.org/wiki/Philippe%20Legrain
Philippe Legrain
Philippe Legrain yize iby ubukungu, ni umunyamakuru akaba n’umwanditsi. Ku bwe Ikomatanyabukungu ni kimwe kizafasha ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kuzamuka. Ubukungu Ikomatanyabukungu Abagabo
3248
https://rw.wikipedia.org/wiki/Mike%20Moore%20%28Nuveli%20Zelande%29
Mike Moore (Nuveli Zelande)
Mike Moore (28 Mutarama 1949), yahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Nuveli Zelande n’Umuyobozi mukuru w Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi (WTO). Ashyigikiye ubwisanzure bw’amasoko kandi ukwishyira ukizana ku masoko bizamura ubukungu, bikanatanga n’akazi. Ubwisanzure bw’amasoko burengera ibidukikije kandi bugateza imbere ikoranabuhanga, bufasha kurengera ibihangano n’umutungo wa buri wese bugatuma n’abakene bashobora kwivuza. Ikomatanyabukungu Abagabo
3249
https://rw.wikipedia.org/wiki/Amagambo%20ahinnye
Amagambo ahinnye
Amagambo ahinnye cyangwa Amagambo y’impine A ADEPR Umuryango w’Amatorero ya Pantekoti mu Rwanda (Association des Eglises de Pentecote au Rwanda) ADF Ikigega Nyafurika Gitsura Amajyambere ( African Development Fund ) AEBR Umuryango w’Amatorero y’Ababatisita mu Rwanda (Association des Eglises Baptistes au Rwanda) AEC Umuryango w’Ubukungu bw’Afurika AEE Umuryango Nyafurika w’Ivugabutumwa (African Evangelistic Enterprise) AfDB Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (African Development Bank ) A.L.A.R.M. Umuryango Nyafurika w’Imiyoborere myiza n’Ubwiyunge(African Leadership and Reconciliation Ministries) AMCOW Inama y’abaminisitiri b’ibihugu by’Afurika ku kibazo cy’amazi ARADETWA (Assosiation pour le relèvement dèmocratique des Twa) ATU Ishami ryo Kurwanya Iterabwoba (Anti Terrorism Unit) AU Umuryango w'Ubumwe bw'Afurika B BADEA Banki y’Abarabu Itsura Amajyambere muri Afurika (Bank for Economic Development in Africa) BHR Banki y’Imiturire y’u Rwanda BK Banki ya Kigali BNEP Ibiro by’Igihugu by’imyigishirize y’Abaporotesitanti mu Rwanda (Bureau National de l’Enseignement Protestant) BPR Banki y'Abaturage y'u Rwanda (Banque Populaire du Rwanda) BRD Banki y’u Rwanda itsura amajyambere C CAF Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afrika (Confédération Africaine de Football) CBGs Amatsinda akorera mu baturage CBO Amashyirahamwe akorera mu baturage CDC Komite y’Amajyambere Rusange CDF Ikigega cya Leta gitsura Amajyambere Rusange CDR (Coalition pour la Défense de la République) CEPEX Ibiro by’igihugu bishinzwe ishoramari n’inkunga ituruka hanze y’igihugu CEPGL Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (Communauté Economique des Pays des Grands Lacs) CESCA Ihuriro ry’Abayobozi bakuru bashinzwe imicungire ya za Gereza mu bihugu by’Iburasirazuba, Amajyepfo, na Afrika yo hagati; (Conference of Eastern, Southern and Central African Heads of Correctional Service) CG Inzego nkuru za Leta cg cyangwa CHUK Ibitaro bya Kaminuza by’i Kigali CI Abaguzi Mpuzamahanga (Consumers International) CIEL Ikigo Gishinzwe Amategeko Mpuzamahanga Arengera Ibidukikije (Center for International Environmental Law) CMAC Isoko ry’Imari n’Imıgabane CNLG Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside COMESA Umuryango w’Isoko Rusange ry’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo cyangwa Umuryango w’ubuhahirane bw’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba n’amajyepfo, Isoko Rusange ry’Ibihugu byo mu Burasirazuba no mu Majyepfo ya Afurika (Common Market for Eastern and Southern Africa) CPR Inama y’Abaporotesitanti mu Rwanda (Conseil Protestant du Rwanda) CRC Uburyo bukoreshwa mu kugaragaza uko umuturage yishimira serivisi ahabwa CSC Uburyo abaturage bishyize hamwe bagaragaza uko bishimira serivisi bahabwa CSO Sosiyete sivile CSR Isanduku y'Ubwiteganyirize bw'Abakozi y'u Rwanda D DIP Gahunda ishyira mu bikorwa politike yo kwegereza abaturage ubuyobozi n’ubushobozi DDP Gahunda y’iterambere ry’Akarere DP Abafatanyabikorwa mu iterambere E EAC Umuryango w’Ibihugu by’Iburasirazuba bw’Afurika (Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba) (East African Community) EALA Amategeko y’Akarere ka Afurika y’I Burasirazuba (East African Legislative Assembly) EAR Itorero Angilikane mu Rwanda cyangwa Itorero ry’Ubwepibikopi mu Rwanda (Eglise Anglicane au Rwanda) EASJ Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda (Eglise Adventiste du Septieme Jour) ECCAS Umuryango w’Ubukungu bw’Afurika yo Hagati EDPRS Ingamba z’Iterambere ry’Ubukungu mu Kurwanya no guhashya Ubukene cyangwa Ingamba z’igihugu zigamije iterambere ry’ubukungu no kurwanya ubukene EEAR Itorero ry’Ivugabutumwa ry’Inshuti mu Rwanda (Eglise Evangelique des Amis au Rwanda) EICV Ibarura ku mibereho y’ingo EMLR Itorero Metodisite Libre mu Rwanda (Eglise Methodiste Libre au Rwanda) E.NA.RWA. Itorero ry’Umunazareti mu Rwanda (Eglise du Nazareen au Rwanda) ENE Ubushakashatsi ku Murimo mu Gihugu EPR Itorero Peresibiteriyene mu Rwanda (Église presbytérienne au Rwanda) EX-FAR Abitwaga ingabo z’u Rwanda ‘’ ingabo zari iz’ubutegetsi bwakoze jenoside y’abatutsi’’ F FAD Ikigega Nyafurika Gitsura Amajyambere ( Fonds Africain de Développement ) FAO Umuryango Mpuzamahanga Wita ku Buhinzi n’Ibiribwa cyangwa Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi FOEI FRW (Franc Rwandais) FTPB Ishami ryigisha ivugabutumwa ry’Abaporotesitanti ry’ i Butare (Faculté de Théologie Protestante de Butare ) G GDP Umusaruro w’Imbere mu Gihugu (Gross Domestic Product) GENDER Uburinganire n’ubwuzuzanye bw’umugabo n‘umugore GoR Leta y’u Rwanda GPHC Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire H HIMO Imirimo y’ingufu iha abaturage benshi akazi (Haute intensité de Main d’oeuvre) HR Abakozi I ICT Ihererekanyamakuru n’Itumanaho hakoreshejwe ikoranabuhanga cyangwa Ikoranabuhanga mu itumanaho no gutanga amakuru ICT Ikoranabuhanga mu Isakazamakuru n'Itangazabumenyi ICTR Urukiko Nshinjabyaha Mpuzamahanga rwagenewe u Rwanda (International Criminal Tribunal for Rwanda) ICTSD Ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe Ubucuruzi n’Amajyambere Arambye (International Centre for Trade and Sustainable Development) IDA Ikigega Mpuzamahanga Gitsura Amajyambere IFG Forumu Mpuzamahanga ku Ikomatanyabukungu (International Forum on Globalisation) IISD Ikigo Mpuzamahanga Giharanira Amajyambere Arambye (International Institute for Sustainable Development) ILO Umuryango Mpuzamahanga Ushinzwe Umurimo (International Labour Organisation) IMF Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (International Monetary Fund) IMNR Ikigo Gishinzwe Kurinda no Guhesha Agaciro Umurage w’u Rwanda IRDP Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Ubusabane bigamije Amahoro (Institut de Recherche et de Dialogue pour la Paix) IRST Ikigo cy’Ubushakashatsi mu by’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga cyangwa Ikigo cy’Ubushakashatsi mu Bumenyi n’Ikoranabuhanga (Institut de Recherche Scientifique et Technologique) ISAE Ishuri rikuru ry'ubuhinzi n'ubworozi ry'i Busogo. ISAR Ubushakashatsi mu buhinzi n’ubworozi (Institut des Sciences Agronomiques du Rwanda) IUCN Abishyize Hamwe Bashinzwe Kubungabunga Isi (International Union for Conservation of Nature) J JADF Ihuriro ry’imiryango igamije iterambere JPCR Umuryango w’Ivugabutumwa mu Urubyiruko mu Rwanda (Jeunesse Pour Christ au Rwanda) K KIST Ishuri Rikuru rya Kigali ry’Ubumenyi, Ikoranabuhanga n’Icungamari L LCR Itorero ry’Abaluteriyani mu Rwanda (Lutheran Church of Rwanda) LG Inzego z’Ibanze LLBR Umuryango w’Abasoma Bibiliya mu Rwanda (Ligue pour la Lecture de la Bible) M M&E Gusuzuma no Gukurikirana ibikorwa MDGs Intego z’iterambere z’ikinyagihumbi MDR(PARMEHUTU) (Mouvement Democratique Republicain (Parti du Mouvement de l’Emancipation Hutu)) MHC Inama Nkuru y’Itangazamakuru mu Rwanda (Media High Council) MIFOTRA Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo MIGEPROF Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango MINADEF Minisiteri y’Ingabo MINAFFET MINAGRI Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINALOC Minisiteri y’Ubutegetsi by’Igihugu MINECOFIN Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi MINEDUC Minisiteri y’Uburezi MINICAAF MINICOM Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda MINIJUST Minisiteri y’Ubutabera MININFOR MININFRA Minisiteri y’Ibikorwa Remezo MININTER Minisiteri y’Umutekano mu Gihugu MINIPRESIREP MINIRENA Minisiteri y’Umutungo Kamere MINISANTE Minisiteri y’Ubuzima MINISPOC Minisiteri y’ Umuco na Siporo MINISTR MINIYOUF MINIYOUTH Minisiteri y’Urubyiruko MINUAR (Mission des Nations Unies pour l’Assistance au Rwanda) MIS Uburyo bwo gukoresha amakuru MRND Muvoma Revorisiyoneri Nasiyonari Iharanira Amajyambere (Mouvement Révolutionaire National pour le Développement) MSF Abavuzi Batagira Umupaka (Médecins Sans Frontières) N NACC Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya SIDA (National AIDS Control Commission) NEPAD Ubufatanye Bushya mu Iterambere rya Afurika cyangwa Ubufatanye bugamije iterambere ry’Afurika (New Parternship for Africa Development) NBI Umushinga w’Ikibaya cy’Uruzi rwa Nili NDIS Ubunyamabanga bw’igihugu bushinzwe ishyirwa mu bikorwa rya politike yo kwegereza abaturage ubuyobozi n’ubushobozi NDP Politiki y’igihugu yo kwegereza abaturage ubuyobozi n’ubushobozi NEC Komisiyo y’Igihugu y’Amatora NFF Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Nijeriya (Nigeria Football Federation) NGO Umuryango utegamiye kuri Leta NISR Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare NPS National Prisons Service (Urwego rw’’Igihugu rushinzwe za Gereza) NSS Urwego rw’Igihugu rushinzwe Umutekano O OAFLA Umuryango w’Abafasha b’Abakuru b’Ibihugu by’Afurika wo Kurwanya Ubwandu bwa SIDA (Organisation of African First Ladies against HIV/AIDS) ODM Imigambi y’Iterambere ry’Ikinyagihumbi (Objectifs de Dévéloppement du Millennaire) OMS Umuryango w’abibumbye wita ku buzima ONG Umuryango utegamiye kuri Leta (Organnisation Non Gouvernementale) ONU Umuryango w’Abibumye OPS Umuryango Nyamerika w’Ubuzima ORINFOR Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Itangazamakuru ORN Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge ORTPN Ikigo cy’Igihugu cy’Ubukererugendo na Pariki Nasiyonali cyangwa Ofisi y'Igihugu y'Ubukerarugendo na Pariki P PACFA Gahunda yo Kurinda no Kwitaho Imiryango Ibana n’ Agakoko Gatera SIDA/SIDA (Protection and Care of Families Against HIV/AIDS ) PL Ishyaka ry’Ukwishyira Ukizana (Parti libéral) PNILT Gahunda y’Igihugu yo Kurwanya Indwara ya Malariya (National Malaria Control Programme ) PPC Ishyaka ry’Iterambere n’Ubusabane (Parti pour le Progrès et la Concorde / Party for Progress and Concord) PRSP Gahunda yo Kugabanya Ubukene cyangwa Ingamba za Politiki y`Igihugu yo kugabanya ubukene, Inyandiko ikubiyemo ingamba z’igihugu zo kurwanya ubukene (Poverty Reduction Strategic Plan) PSP Ishyaka ry’Ubwisungane Bugamije Iterambere (Parti de la Solidarité et du Progrès / Party for Solidarity and Progress) PSR Ishyaka ry’Abakozi mu Rwanda (Parti socialiste rwandais) R RADA Ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi RALGA Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali (Rwandese Association of Local Government Authorities) RARDA Ikigo gishinzwe guteza imbere ubworozi RDB Ofisi y’Igihugu y’Ubukerarugendo (Rwanda Development Board) RDF Ingabo z’Igihugu (Rwanda Defence Force) RDSF Ingamba zigamije kwegereza abaturage ubuyobozi n’ubushobozi mu REMA Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije cyangwa Ikigo gishinzwe kubungabunga ibidukikije (Rwanda Environment Management Authority) RIEPA RNP Rwanda National Police (Polisi y’Igihugu) RPA Rwanda Patriotic Army (Ingabo zari iza RPF-Inkotanyi) RPF Rwandese Patriotic Front RPPA Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Gutunganya Amasoko ya Leta (cyangwa Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutanga amasoko ya Leta) RRA Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro R.R.A Rwanda Revenue Authority (Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro) S SADC Umuryango Ugamije Iterambere ry’Afurika y’amajyepfo SAP Gahunda yo Kuvugurura Inzego SJADF Ihuriro ry’imiryango ku Mirenge igamije iterambere SME/SMI Ibigo n’Inganda Nto n’Iziciriritse cyangwa Amasosiyete Mato n’Aciriritse SNI Ingamba y’Igihugu y’Ishoramali (Statégie Nationale d’Investissement) T TPIR Urukiko Mpuzamahanga Ruhana Ibyaha rwashyiriweho u Rwanda cyangwa Urukiko Nshinjabyaha Mpuzamahanga rwagenewe u Rwanda (Tribunal Pénal International pour le Rwanda) TRAC Ikigo Gishinzwe Kuvura no Gukora Ubushakashatsi kuri SIDA (Treatment and Research AIDS Center ) U UEBR Ishyirahamwe ry’Amatorero y’Ababatisita mu Rwanda (Union des Eglises Baptistes au Rwanda) UN cyangwa UNO Umuryango w’Abibumye (United Nations cyangwe United Nations Organization ) UNDP Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Majyambere UNEP Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bidukikije UNESCO Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco UNHCR Ishami ry’ishirahamwe mpuzamakungu rijejwe impunzi UNICEF Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi n’Abana cyangwa Umuryango w’Abibumye ryita ku bana , Ishami ry’ishirahamwe mpuzamakungu rijejwe abana V VAT Umusoro ku Nyongeragaciro VUP Gahunda y’Icyerekezo 2020-Umurenge W WCO Mpuzamahanga Ushinzwe za Gasutamo (World Customs Organization) WHO Umuryango w’abibumbye wita ku buzima WTO Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi (World Trade Organization) WWF Ikigega Mpuzamahanga Gishinzwe Umutungo Kamere (World Wide Fund for Nature) Indimi
3253
https://rw.wikipedia.org/wiki/Icyayi
Icyayi
Icyayi (izina ry’ubumenyi mu kilatini: Camellia sinensis) ni ikimera. Icyayi ni igihingwa gihigwa hafi yo ku isi yose, aho tuzasanga no mu RWANDA nacyo ari igihugu kimaze kumenyekana kubera icyayi cyiza bahinga ndetse banatunganya nk`uruganda rwa Rwanda Mountain Tea. icyayi rero abantu banywa bagitegura twifashishije amanjyani ndetse namazi ashushye, aho tuzasanga gifite impumuro nziza, gitera umubiri imbaraga kandi hari byinshi cyungura ubuzima nko gutuza no kuruhuka. Icyayi na Rwanda Imigambi mishya ku Cyayi cy’u Rwanda Mu Rwanda, icyayi cyabaye igihingwa ngenga bukungu mbere ya 1960. Icyayi bagemura mu mahanga cyatangiye guhingwa muri 1965. kuva icyo gihe icyayi nacyo cyiri mu bihingwa ngenga bukungu byinjiza amadevise menshi mu gihugu nyuma y’ikawa. Aho igiciro cy’ikawa ku masoko mpuzamahanga kigwiriye mu myaka ishize, icyayi ni cyo kiri ku mwanya wa mbere mu kwinjiza amadevise kugera hejuru 34% y’ibigurishwa mu mahanga byose. Inganda z’icyayi mu Rwanda Icyayi cyatangiye guhingwa mu Rwanda muri 1952. Kuva icyo gihe, umusaruro wacyo ugenda wiyongera bihagije, kuva kuri toni 60 muri 1958, kugera kuri 1,900 muri 1990, kuri toni 14,500 mu 2000, ugahebuza rwose kugera kuri toni 17,800 muri 2001. Hejuru ya 90% z’umusaro wacyo ugurishwa mu mahanga, ariko kigize agace gato cyane mu isoko mpuzamahanga gahwanye na toni miliyoni 1.4 gusa. Icyayi gihingwa mu mabanga y’imisozi miremire ku butumburuke buri hagati ya m 1,900 na m 2,500, no mu bibaya byumukije neza ku butumburuke hagati ya 1,550m na m 1,800m . Icyayi gihingwa mu turere 11. Ku buso bwa ha 12,500 mu majyaruguru, iburengerazuba no mu ntara y’amajyepfo. Icyayi kigomba guhingwa hafi y’inganda zigitunganya kuko kigomba kujya gutunganyirizwa mu ruganda nyuma y’amasaha make kimaze gusoromwa.. Imiyoboro ISAR Porogaramu y’Icyayi www.minagri.gov.rw www.orinfor.gov.rw Ibimera Ubuhinzi Rwanda Mountain Tea
3261
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Rutsiro
Akarere ka Rutsiro
Akarere ka Rutsiro, ni kamwe mu turere 7 tugize Intara y’Iburengerazuba bw’u Rwanda; kari ku birometero mirongo itatu na bine (34 km) uvuye ku biro by’Intara, n’ibirometero ijana na mirongo itanu (150 km) uvuye mu murwa mukuru w’Igihugu Kigali. Akarere ka Rutsiro gaherereye mu Majyaruguru y’Intara y’Iburengerazuba, Iburasirazuba bwako hari Akarere ka Ngororero na Karongi, Iburengerazuba hari Igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, mu Majyaruguru hari Akarere ka Ngororero na Rubavu naho mu Majyepfo hakaba Akarere ka Karongi. Ibiro by' akarere ka Rustsiro Akarere ka Rutsiro gatuwe n’abaturage ibihumbi magana abiri na mirongo itandatu na bine na magana atatu na mirongo itandatu (264360) ku buso bwa 1157,3 km²; ni ukuvuga ubucucike bw’abaturage 228 kuri km² imwe. Muri bo urubyiruko rwonyine ruri munsi y’imyaka makumyabiri n’itanu rukaba rubarirwa muri 70% by’abatuye ako Karere. Kugira ngo buri muturage abone aho gutura, Akarere kafashe icyemezo cyo kubahiriza uburyo bushya bw’imikoreshereze y’ubutaka hashingiwe kuri politiki yo gutura mu midugudu, Iyi politiki ishingiye ku kibazo cy’ubutaka buto, koroshya uburyo bwo kugeza ku baturage ibya ngombwa mu buzima nk’amazi, amavuriro, amashuri, uburyo bw’itumanaho, kwirindira umutekano ubwabo n’ibindi. Imiyoboro rutsiro.gov.rw
3263
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Huye
Akarere ka Huye
Ibiro by 'akarere ka Huye Akarere ka Huye ni kamwe mu Turere umunani tugize Intara y’Amajyepfo mu Rwanda. Akarere ka Huye gahana imbibi n' Akarere ka Nyanza (Amajyaruguru) Akarere ka Nyaruguru (Amajyepfo), Akarere ka Nyamagabe (Iburengerazuba) n' Akarere ka Gisagara (i Burasirazuba). Akarere ka Huye kazwi na none kuba gafite inzu ndangamuco y'u Rwanda. Ni mu karere ka Huye kandi dusanga amahoteri menshi mu gace kahoze kitwa Butare. Umujyi w'Akarere ka Huye ni umwe mu mijyi yunganira umujyi wa Kigali. Ubukungu bw' akarere ka Huye bushingiye ku buhinzi n'ubworozi, Ubukerarugendo, Ubucuruzi n'Inganda. Mu buhinzi, mu karere ka Huye hera ibihingwa Ngandurarugo (Ibishyimbo, Ibigori, Urutoki, Umuceri n'ibindi); mu bihingwa Ngengabukungu mu karere ka Huye hera igihingwa cya Kawa ni na ho dusanga Ikawa ya Maraba yamamaye mu ruhando mpuzamahanga. Mu Akarere ka Huye uhasanga ibikorwa by' ubukerarugendo nk' Ingoro ndangamurage ( Musee), Ibisi bya Huye, Ishyamba ry’Arboretum, Amahoteri n’ibindi. Akarere ka Huye ni ho hari igicumbi cy'Uburezi  kuko mu karere ka Huye  tuhasanga kaminuza n'amashuri makuru 5 [ Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, IPRC South, Catholic University of Rwanda -CUR, Protestant Institute of Art and Social Sciences - PIASS na Seminari Nkuru ya Nyakibanda]. Mu karere ka Huye hari amashuri yisumbuye 50 n' amashuri abanza 100. Mu karere ka Huye tuhasanga ibitaro bya Kaminuza CHUB, Ibitaro by'Akarere ka Huye bya Kabutare, amavuriro yigenga 3, Farumasi 17 n'Ibigo nderabuzima 16. Izina ry' Ubutore : Indatirwabahizi Imiterere y’Akarere ka Huye Ubuso bw’Akarere: 581.5 km² Umubare w’imirenge: 14 Umubare w’utugari: 77 Umubare w’imidugudu: 508 Umubare w’abaturage: 288 203 Ubucucike: 495.6 umubare w' Wamazu igafumba: 882 Ruvugizo Mubuga Kabuga Kigari Kiga Amashakiro www.huye.gov.rw Intara y'amajyepfo
3264
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Nyanza
Akarere ka Nyanza
Akarere ka Nyanza ni kamwe mu turere umunani tugize Intara y’Amajyepfo. Icyicaro cy’ubuyobozi bw’Akarere kiri mu Murenge wa Busasamana , ari naho hari icyicaro cy’Intara y’Amajyepfo. Akarere ka Nyanza gafite ubuso bwa km² 671,2 kakaba gatuwe n’abaturage 225.209, batuye mu Mirenge 10 igizwe n’Utugari 51 n’imidugudu 420. Akarere ka Nyanza gahana imbibi n’Uturere twa Ruhango, Huye, Nyamagabe na Gisagara two mu Ntara y’Amajyepfo ; Akarere ka Bugesera ko mu Ntara y’Iburasirazuba kakanakora kuri Repuburika y’uburundi. Akarere ka Nyanza kagizwe n’imisozi iciye bugufi iburasirazuba no hagati, n’imisozi ifite ubutumburuke buri hagati ya 1.300m na 1.800m mu burengerazuba. Gafite kandi ibibaya bigari bikikije inzuzi za Mwogo iburengerazuba, n’Akanyaru iburasirazuba. Mu Karere ka Nyanza hera ibihingwa binyuranye, iby’ingenzi bikaba ari Ibigori, Umuceri, Ibishyimbo, Imyumbati na Kawa. Imiterere y’imisozi yako ituma kagira urunyurane rw’ubushyuhe n’ubukonje (climat) bituma ubworozi muri rusange, ubw’inka by’umwihariko bugenda neza. Mu Karere ka Nyanza kandi habonekamo amabuye y’agaciro nka koluta na Gasegereti mu Murenge wa Nyagisozi. Igice kinini cy’Akarere ka Nyanza ni icyaro; ariko gafite Umujyi wa Nyanza, umwe mu Mijyi yambere yubatswe mu Gihugu ariko utarigeze utera imbere ku buryo bugaragara kuva mu myaka y’1960. Uwo Mujyi n’ubwo utateye imbere mu myubakire n’ubucuruzi, uganjemo amashuri menshi yisumbuye ya Leta ndetse n’ay’ababyeyi. Akarere ka Nyanza gafite umwihariko wo gusurwa cyane na ba Mucyerarugendo kubera ubwiza Nyaburanga buharangwa cyane ko aka Karere ari igicumbi cy'umuco n'amateka by'u Rwanda. Kabaye umurwa mukuru w'ubwami bw'u Rwanda guhera mu 1899. Hari ingoro y'Abami mu Rukari, ingoro y'amateka yo kwigira kw'abanyarwanda ndetse n'inzira gakondo z'ubukerarugendo (cultural trails) zirimo iy'ubwami, iyitwa big view ndetse n'iya Gatagara. Mu hantu h'amateka hazwi harimo Amariba ya Mutende, i Mututu ku biraro by'Umwami Rudahigwa, icyuzi cya Nyamagana, Ku bigega, mu gakenyeri kwa Musinga n'ahandi. Imiyoboro www.nyanza.gov.rw Intara y'amajyepfo
3269
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Gatsibo
Akarere ka Gatsibo
Akarre ka Gatsibo ni kamwe mu turere 7 tugize Intara y'Iburasirazuba. Gaherereye iburasirazuba bw'Intara. Akarere ka Gatsibo gafite ubuso bungana na kilometero 1585,3. Gafite Imirenge 14, Utugari 69, n'imidugudu 603. Abaturage batuye Akarere bagera ku 283,456. Akarere gahana imbibi n'Uturere dukurikira: Mu majyaruguru Akarere ka Gatsibo gahana imbibi n'Akarere ka Rwamagana, iburasirazuba hari Repubulika ya Tanzaniya, mu majyepfo hari Akarere ka Rwamagana, iburengerazuba hari Akarere ka Gicumbi. Imiyoboro www.gatsibo.gov.rw Uturere tw’u Rwanda
3272
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Karongi
Akarere ka Karongi
Akarere ka Karongi ni kamwe mu turere 7 tugize Intara y’Iburengerazuba. Kagizwe n’imirenge 13, (Rubengera, Bwishyura, Mubuga, Gishyita, Twumba, Rwankuba, Gitesi, Rugabano, Gashari, Murambi, Murundi, Ruganda, Mutuntu) utugari 88 n’imidugudu 538. Ni Akarere k’imisozi miremire gatuwe n’abaturage barenga gato 270 000. Igice kinini cy’Akarere ka Karongi kiri ku nkombe z’Ikiyaga cya Kivu ibyo bikaba bituma kaba Akarere Nyaburanga. Akarere ka Karongi kagizwe n’igice kinini cy’icyahoze ari Intara ya Kibuye mu Turere twayo twa Rusenyi, Itabire, Budaha, Gisunzu na Rutsiro. Ubu icyicaro cyako kiri mu Murenge wa Rubengera mu Kagari ka Gacaca. Imiyoboro www.karongi.gov.rw
3275
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Muhanga
Akarere ka Muhanga
Muhanga Akarere ka Muhanga " Muhanga District" ni kamwe mu turere tugize Intara y'Amajyepfo. Gahana imbibi n'uturere; Gakenke mu majyaruguru, Ruhango mu majyepfo, Ngororero mu burengerazuba na Kamonyi mu burasirazuba. Muhanga ifite abaturage bagera ku bihumbi magana atatu na birindwi magana atanu n'umwe (307,501), ingo ibihumbi mirongo itandatu na bine na mirongo itandatu n'eshatu(64063), kuri buri km2 hatuye 475, gafite ubuso bwa km2 647.7, igizwe n'Imirenge 12 , Utugari 63 n' Imidugudu 331. Imirenge Akarere ka Muhaga kagizwe n'imirenge 12 ariyo:CYEZA ,KABACUZI,KIBANGU,KIYUMBA, MUHANGA,MUSHISHIRO,NYABINONI,NYAMABUYE,NYARUSANGE,RONGI ,RUGENDABALI,SHYOGWE, Ubuhinzi mu Karere ka Muhanga Akarere ka Muhanga kazwi cyane ku buhinzi bw'ikawa, imyumbati, imboga n'ibinyampeke (amasaka, ibigori,...) Uturere duhana imbibi n'Akarere ka Muhanga Iburasirazuba n’ Akarere ka Kamonyi Amajyaruguru n’Akarere ka Gakenke Amajyepfo n’ Akarere ka Ruhango Iburengerazuba n’ Akarere ka Ngororero Imiyoboro www.muhanga.gov.rw Intara y’Amajyepfo y’U Rwanda Intara y'amajyepfo
3276
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Ngoma
Akarere ka Ngoma
Ibiro by'akarere ka Ngoma Akarere ka Ngoma gaherereye mu ntara y’iburasirazuba. umurwa wako ni Kibungo gahuje imipaka n’akarere ka Rwamagana mu burengerazuba bwa ruguru, na kayonza mu burasirazuba bwa ruguru, Bugesera mu burengerazuba, Kirehe mu burasirazuba hamwe na repubulika y’u Burundi mu majyepfo. Aka karere kagizwe n’imirenge cumi n'ine (14) ariyo: Gishanda Jarama Karembo Kazo Kibungo Mugesera Murama Mutenderi Remera Rukira Rukumberi Rurenge Sake Zaza Ikirere cy’Akarere ka Ngoma kigira ubushyuhe bwa degere 20°C, ubwinshi bw’imvura ni hagati ya metero 1100. Ubuhehere buraringaniye. Ubutaka bukozwe n’umucanga, no munsi y’ubutaka hakozwe n’ishwagara nyinshi Akarere ka Ngoma gafite amahoteri meza ashobora kwakira abantu batandukanye, harimo n’abacishirije, uwo ariwe wese ashobora kuba yabona igitanda n’ifunguro rya mu gitondo mu macumbi mato ari mu mugi wa kibungo. Ubu hari amahoteli 2 akomeye muri aka karere ayo ni Centre St Joseph na Hoteli Dereva Ibimera Ibimera bisanzwe by’akarere ka Ngoma byiganjemo ubwatsi bugufi. Nicyo kimera kiganje muri Afurika y’iburasirazuba. Inyamaswa Inyamaswa zo mu Karere ka Ngoma kagizwe n’inyoni z’ubwoko butandukanye, ibikururanda, n’ubundi bwoko bw’inzoka butandukanye. Igice kinini cy’izo nyamaswa kiri agace kadatuwe ko muri ako karere. Imiyoboro www.ngoma.gov.rw Uturere tw’u Rwanda
3277
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Nyagatare
Akarere ka Nyagatare
Akarere ka Nyagatare ni kamwe mu Turere 7 tugize Intara y’Iburasirazuba. Igabanwemwo Imirenge 14, Utugari 106 n’Imidugudu 603. Akarere kari k’ubuso bwa 1.741 kilometero kare, Akarere ka Nyagatare gahana imbibe n’igihugu cya Uganda mu majyaruguru, Tanzaniya iri iburasirazuba, mu majyepfo hari Akarere ka Gatsibo, m’uburengerazuba hakaba Akarere ka Gicumbi. Imiterere y’ubutaka Akarere ka Nyagatare kagizwe muri rusange n’imisozi migufi, usanga ahanini ifite ubutaka budatoshye kubera igihe kirekire cy’izuba rihera muri Kamena kugera kugera mu KUboza. Akarere ka Nyagatare gaherere mu bibaya bifite ubutumburuke bugera kuri metero 1513,5. Iyo miterere y’ubutaka ikaba ijyanye cyane n'ihingwa rya kijyambere, bikorohera nabahingisha amashini cyangwa ibimasa. Imiterere y’ikirere Akarere ka Nyagatare kagira imvura nkeya, kakagira n’ubushyuhe. Kagizwe n’ibihe bibiri: igihe cyambere n’igihe kirerekire cy’izuba gifata amezi 3 kugera kuri 5, icyo gihe gifite ibipimo by’ubushyuhe buri hagati ya 25,3°C na 27,7°C. Iboneka ry’imvura rirahindagurika buri mwaka, ibipimo by’imvura biri hasi cyane nukuvuga ko bingana na (827mm/ku mwaka), ibi ibipimo ntabwo bihagije cyanek’ubuhinzi n’ubworozi. Imitere y’inzuzi n'imigezi Akarere ka Nyagatare gafite imiyobora mike y’amazi. Usibye umugezi wa Muvumba unyura mu Karere ka Nyagatare, imigezi y’Akagera n’umuyanja byo bigize imbibi n’ibihugu nka Tanzaniya n’Ubugande. Ibyo bikaba bituma ntawundi mugezi abaturage bashobora kwifashisha mu buhinzi n’ubworozi. Hari n’utundi tugezi duto nka: Nyiragahaya, Kayihenda, Karuruma,Nyagasharara na Kaborogota. Kubera ibura ry’imigezi n’inzuzi,n’imiyoboro y’amazi bitera ikibazo cy’ibura ry’amazi kubaturage n’amatungo. Ibimera n’inyamaswa Akarere ka Nyagatare kagizwe n’igice kinini cya pariki y’Akagera, isangamo umubare w’inyamaswa nk’imbogo, impala n’izindi. Tuhasanga kandi n’ubwoko bw’inyoni zitandukanye. Akarere gafite kandi n’utundi tunyamaswa, nk’inkende, ingurube z’ishyamba, n’izindi. Mu mugezi wa Muvumba, ho habamo imvubu. Imiyoboro www.nyagatare.gov.rw Uturere tw’u Rwanda
3283
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Ruhango
Akarere ka Ruhango
Ibiro by' akarere ka Ruhango Akarere ka Ruhango ni kamwe mu turere tugize Intara y'amajyepfo Akarere gafite Ubuso: km2 636,8 Abaturage:282 812 Ubucucike : 450,1hab/km2 Imirenge :9 Utugari :59 Imidugudu :533 Aho gaherereye Mu majyaruguru: Akarere ka Muhanga Mu burasirazuba: Akarere ka Kamonyi na Bugesera Mu majyepfo: Akarere ka Nyanza Mu burengerazuba: Akarere ka Karongi na Nyamagabe Imiyoboro www.ruhango.gov.rw Intara y'amajyepfo
3305
https://rw.wikipedia.org/wiki/Bazilika%20y%E2%80%99i%20Laterano
Bazilika y’i Laterano
Bazilika y’i Laterano ihabwa umugisha. Umunsi mukuru wo guha umugisha Bazilika y’i Laterano watangiye mu mwaka wa 1565 ukaba wibutsa Kiliziya ya mbere yubatswe n’Umwami Costantino ahagana mu mwaka wa 324. Kwibuka uyu munsi ni ukugaragaza no kubaha iyo Bazilika ifatwa nk’umubyeyi w’izindi kiliziya ziri i Roma n’iziri ku isi hose. Abagatifu Ubukirisitu de:Lateran#Die Basilika
3321
https://rw.wikipedia.org/wiki/Mutagatifu%20Lusiya%20%28Igihugu%29
Mutagatifu Lusiya (Igihugu)
Mutagatifu Lusiya Kandi Mutagatifu Lusiya (Umugore) Amerika Ibihugu
3381
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umurenge%20wa%20Gitega
Umurenge wa Gitega
Umurenge wa Gitega ugizwe n’icyahoze ari Umurenge wa Gitega na Cyahafi . Ufite utugali dutandatu aritwo Akabahizi, Kora, Akabeza, Kigarama, Kinyange na Gacyamo. Uyumurenge ukaba uhana imbibi n’imirenge ya Biryogo, Kimisagara, Muhima na Nyarugenge. Uyumurenge ufite abaturage 27.018 ukurikije ibarura rusange rya 2002 ariko ibarura rishya twikoreye muw’i 2006 rigaragaza abaturage bag era kuri 35.424 Muruy’umwa.ka umwe ,Umurenge wa Gitega uzibanda kubikorwa bizakemura ibibazo by’abatuye Umurenge cyane cyane abatishoye. Hakazibandwa gukangurira abaturage gahunda zitandukanye za leta. Umurenge wa Gitega ukaba usaba inkunga z’abaturage,gukorana n’Abaterankunga n’Akarere byumwihariko kugirango iyimihigo izashyirwe mubikorwa. Akarere ka Nyarugenge Imirenge y’u Rwanda
3383
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umurenge%20wa%20Kigali
Umurenge wa Kigali
Umurenge wa Kigali nyuma y’ivugurura ry’imitegekere y’igihugu ugizwe n’ibyahoze ari Imirenge ya Rwesero, Kigali na Mwendo. Umurenge wa Kigali ufite: ubuso bungana na kilometero kare 32; abaturage 32,564; Utugari dutanu: Nyabugogo; Kigali; Ruriba, Mwendo no Rwesero. Ugizwe n'imidugudu mirogwine n'umunani (48)ariyo Akagari ka Nyabugogo gafite imidugudu 10 1.Nyabikoni 2.Kiruhura 3.Giticyinyoni 4.Nyabugogo 5.Ruhondo 6.Gatare 7.Gakoni 8.Kamenge 9.Karama 10.KadobogoI Akagari ka Kigali nako gafite imidugudu 10 1.Muganza 2.Akirwanda 3.Kibisogi 4.Murama 5.Kagarama 6.Ryasharangabo 7.RuhangoII 8.Gisenga 9.Rubuye 10.KadobogoII Akagari ka Ruliba nako gafite imidugudu 8 1.RuhangoI 2.Ryamakimari 3.Tubungo 4.Ruzigimbogo 5.Ruliba 6.Nyabitare 7.Ruharabuge 8.Misibya Akagari ka Mwendo nako gafite imidugudu 12 1.Ruhuha 2.Kanyabami 3.Ubuzima 4.Mwendo 5.Akagugu 6.Agakomeye 7.Umutekano 8.Amajyambere 9.Isangano 10.Karambo 11.Amahoro 12.Birambo Akagari ka Rwesero nako kagizwe nimidigudu 8 1.Vuganyana 2.Rweza 3.Akanyamirambo 4.Rwesero 5.Makaga 6.Akinama 7.Ruhogo 8.Musimba ■Mumajyaruguru yumurenge wa Kigali hari umurenge wa Kanyinya ■Mumajyepfo yumurenge wa Kigali hari umurenge wa Mageragere ■Muburasirazuba hari umurenge wa Nyakabanda Kimisa garage ■Muburengerazuba hari umurenge wa Rugarika na Runda. Abaturage b’Umurenge wa Kigali barahinga kandi barorora.
3385
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umurenge%20wa%20Mageragere
Umurenge wa Mageragere
Umurenge wa Mageragere ni umwe mu mirenge 10 igize Akarere ka Nyarugenge, ni Umurenge wahoze mu cyari Akarere ka Butamwa mbere y’ivugururwa ry’ubutegetsi. Umurenge wa Mageragere ufite ubuso bwa km2 54.8 n’abaturage 16800. Ugizwe n’Utugari turindwi: Nyarufunzo, Kankuba, Mataba, Nyarurenzi, Runzenze, Ntungamo na Kavumu. N’ubwo Mageragere iri mu mujyi wa Kigali, abaturage bayo bafite ubuzima bw’igiturage. Abo baturage barahinga kandi ingufu bakoresha mugutegura ibiribwa ni inkwi. Muri iyi gahunda y’umwaka umwe, Umurenge uzita kubikorwa bizacyemura ibibazo abawutuye bose bahura nabyo. Ibi byose kandi Umurenge uzabikora utibagiwe ko bigomba kuba ibikorwa birambye, ni ukuvuga ko mu bizakorwa byose hazitabwa mu kubungabunga ibidukikije harwanywa isuri kandi hanarindwa amashyamba. Ibindi ni uko isuku izakomeza kuranga abaturage ba Mageragere kandi nk’uko bizwi ko Umuturage ariwe shingiro ry’amajyambere, hazakorwa ibishoboka byose ngo abaturage barindwe indwara z’ibyorezo nka SIDA na Malariya nizindi ndwara ziterwa nisuku nke cyangwa imirire mibi kandi banakangurirwe kujya mu bwisungane mu kwivuza . Imishinga izashyirwa mu bikorwa muri uyu mwaka ni iyo . ku baka gereza nkuru ya kigali,kugeza amazi meza kubaturage,gusana ibiro bytimurenge,amashyiga ya kijyambere, gushinga ishami rya banki yabaturage, kandi bunguka ubumenyi mu gukora imirimo itandukanye. Abaturage bazakangurirwa kuzigama, gutegura udushinga duto, maze ibi bizatume bivana koko mu bukene. Ku bijyanye n’nkiko gacaca uyu mwaka uzarangira amadosiye 80% y’abaregwa yaramaze kuburanishwa. Umurenge ushyize imbere imikorere myiza mu gutanga service vuba kubawugana, Umurenge ukaba usaba inkunga y’ Abawutuye bose ngo iyi gahunda izashyirwe mu bikorwa. Akarere ka Nyarugenge Imirenge y’u Rwanda
3387
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umurenge%20wa%20Kanyinya
Umurenge wa Kanyinya
Umurenge wa Kanyinya ni umwe mu mirenge 10 igize Akarere ka Nyarugenge, ni Umurenge mushya mu mugi wa Kigali kuko wahoze mu cyari Akarere ka Shyorongi mbere y’ivugururwa ry’ubutegetsi. Umurenge wa Kanyinya ufite ubuso bwa km2 20.60 n’abaturage 9034. Ugizwe n’Utugari dutatu; Taba, Nyamweru na Nzove. N’ubwo Kanyinya iri mu mujyi wa Kigali, abaturage bayo bafite ubuzima bw’igiturage. Abo baturage barahinga kandi ingufu bakoresha mugutegura ibiribwa ni inkwi. Muri iyi gahunda y’umwaka umwe, Umurenge uzita kubikorwa bizacyemura ibibazo abawutuye bose bahura nabyo. Ibi byose kandi Umurenge uzabikora utibagiwe ko bigomba kuba ibikorwa birambye, ni ukuvuga ko mu bizakorwa byose hazitabwa mu kubungabunga ibidukikije harwanywa isuri kandi hanarindwa amashyamba. Ibindi ni uko isuku izakomeza kuranga abaturage ba Kanyinya kandi nk’uko bizwi ko Umuturage ariwe shingiro ry’amajyambere, hazakorwa ibishoboka byose ngo abaturage barindwe indwara, z’ibyorezo nka SIDA na Malariya kandi banakangurirwe kujya mu bwisungane’mu kwivuza. Imishinga izashyirwa mu bikorwa muri uyu mwaka ni iyo kugeza ku baturage amashanyarazi kubaka ishuri ry’incuke, kongera ibyumba 3 ku kigo cy’amashuri abanza cya Nzove n’ibindi . Iyi mishinga izatuma abaturage benshi babona akazi kandi bunguka ubumenyi mu gukora imirimo itandukanye. Bamaze guhembwa, abaturage bazakangurirwa kuzigama, gutegura udushinga duto, maze ibi bizatume bivana koko mu bukene. Ku bijyanye n’nkiko gacaca uyu mwaka uzarangira amadosiye 1600 y’abaregwa yaramaze kuburanishwa. Uyu mwaka kandi uzarangjra abaturage b’Umurenge wa Kanyinya bafite amashyiga arondereza inkwi. Umurenge ushyize imbere imikorere myiza mu gutanga service vuba kubawugana, Umurenge ukaba usaba inkunga y’ Abawutuye bose ngo iyi gahunda izashyirwe mu bikorwa. Akarere ka Nyarugenge Imirenge y’u Rwanda
3389
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umurenge%20wa%20Kimisagara
Umurenge wa Kimisagara
Umurenge wa Kimisagara , ni umwe mu Mirenge icumi igize Akarere ka Nyarugenge. Umurenge wa kimisagara uri mu marembo y’Umujyi wa Kigali kandi uhana imbibi n’Imirenge ya : Kigali: Iburengerazuba; Gatsat A : Mu majyaruguru ; Gitega , Muhima: Iburasirazuba ; Ny Akabanda na Rwezamneyo : Amajyepfo. Ufite ubuso bungana na 3.19 km2 n’umubare w’abaturage bangana na 34472. Ugizwe kandi n’Utugali dutatu aritwo: Kimisagara, Katabaro, Kamuhoza. Utugari twose tugizwe n’imidugudu 48. Ingo zigize Umurenge zingana na 7042. Abaturage bagize Umurenge wa Kimisagara batunzwe ahanini n’imirimo ihemba , ubucuruzi buciriritse ndetse n’ibimina bibafasha kugera ku gishoro. Nk’uko Umurage ari ishingiro ry’ubukungu igihugu cyacu giteho byinshi, akwiye gusigasirwa ahabwa ibyangombwa by’ibanze birimo ubumenyi no kurindwa indwara n’ibindi bya muhungabanya. Kugirango iyi mihigo igerweho ningombwa ko habaho ubufatanye hagati y’ abaturage n’Ubuyobozi bityo buri wese agatanga umusanzu we. Umurenge wiyemeje gutanga serivisi nziza kandi zihuse utibagiwe no guteza imbere ibikorwa by’amajyambere, Akarere n’izindi nzego z’Ubuyobozi zizadufasha kugera ku Ntego. Ukeneye kumenya Umurenge wa Kimisagara byisumbuyeho wabaza Umunyamabanga Nshingwabikorwa Akarere ka Nyarugenge Imirenge y’u Rwanda
3391
https://rw.wikipedia.org/wiki/Uturere%20tw%E2%80%99u%20Rwanda
Uturere tw’u Rwanda
Uturere tugize igihugu cy' u Rwanda twose hamwe ni 30. Akarere kayoborwa na Meya, afatanije n’inama-njyanama ifata ibyemezo ishyirwaho binyuze mu matora. Iyi nama-njyanama ifite inshingano zo gushyira mu bikorwa imigabo n’imigambi bya Leta bijyanye n’ubukungu n’iterambere. Akarere (umugereka) / Uturere (ubuke) Intara → Uturere → Imirenge → Utugari → Imidugudu Intara y’Iburasirazuba Akarere ka Bugesera Akarere ka Gatsibo Akarere ka Kayonza Akarere ka Kirehe Akarere ka Ngoma Akarere ka Nyagatare Akarere ka Rwamagana Umujyi wa Kigali Akarere ka Kicukiro Akarere ka Gasabo Akarere ka Nyarugenge Intara y’Amajyaruguru Akarere ka Burera Akarere ka Gakenke Akarere ka Gicumbi Akarere ka Musanze Akarere ka Rulindo Intara y'Amajyepfo Akarere ka Gisagara Akarere ka Huye Akarere ka Kamonyi Akarere ka Muhanga Akarere ka Nyamagabe Akarere ka Nyanza Akarere ka Nyaruguru Akarere ka Ruhango Intara y’Iburengerazuba Akarere ka Karongi Akarere ka Ngororero Akarere ka Nyabihu Akarere ka Nyamasheke Akarere ka Rubavu Akarere ka Rusizi Akarere ka Rutsiro
3392
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umurenge%20wa%20Muhima
Umurenge wa Muhima
Umurenge wa Muhima Ikaze ku rubuga rw’umurenge wa Muhima, umwe mu Mirenge icumi igize Akarere ka Nyarugenge. Nyuma y’ivugurura ry’imitegerekere y’Igihugu ugizwe n’utugari turindwi (7) aritwo : Nyabugogo, Kabeza, Tetero, Amahoro, Kabasengerezi, Rugenge n’Ubumwe. Utwo tugari natwo tukaba tugizwe n’Imidugudu 39 Umurenge wa Muhima uhana imbibi n’Imirenge ya Kimisagara, Gitega na Nyarugenge, n’imwe mu Mirenge y’Akarere ka Gasabo. Ukaba ufite ubuso bungana na km² 2,92 n’abaturage 48.466 dukurikije ibyatangajwe n’ibarura rusange ryo mu mwaka w’2002. Ni ukuvuga ko uwo Murenge utuwe ku bucucike bw’abaturage 16 598/ km² . Ibi bikaba bisobanura imiturire y’Akajagari irangwa muri uwo Murenge. Tubifurije ku rwungukiraho byinshi mu bijyanye na serivisi ndetse n’amakuru ajyanye n’umurenge wanyu. Imiyoboro Urubuga rw’Umurenge wa Muhima Akarere ka Nyarugenge Imirenge y’u Rwanda
3393
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akagari%20k%E2%80%99Amahoro
Akagari k’Amahoro
Akagari k’Amahoro ni kamwe mu tugari tugize Umurenge wa Muhima, gahana imbibi n’akagari ka kabasengerezi, n' akagali ka rugenge akagali ka Nyabugogo, n’Akarere ka Gasabo. Akagari k’Amahoro kagizwe n’imidugudu itandatu ariyo umudugudu w amahoro,umudugudu w AMizero,umudugudu wa Nyarurembo,umudugudu wa Kabilizi ,Umudugudu w'uruhimbi n UMudugudu w'Ubuzima.... iyoborwa na komite nyobozi y’’Umudugudu igizwe n abantu batanu bakuriwe n’Umukuru wawo. Akarere ka Nyarugenge
3397
https://rw.wikipedia.org/wiki/Imirenge%20y%E2%80%99u%20Rwanda
Imirenge y’u Rwanda
Imirenge y’u Rwanda ni 416(magana ane na cumi n'itandatu) . Umurenge uyoborwa n’umunyamabanga-nshingwabikorwa, afatanije n’inama-njyanama ishyirwaho binyuze mu matora. Iyi nama-njyanama ifite inshingano zo gushyira mu bikorwa gahunda za Leta nk’uko bikorwa mu karere, hakiyongeraho no gufasha abaturage mubikorwa byo kwiteza imbere. Umurenge (ubumwe) / Imirenge (ubwinshi) Intara → Uturere → Imirenge → Utugari → Imidugudu Intara y’Iburasirazuba Akarere ka Bugesera Umurenge wa Gashora Umurenge wa Juru Umurenge wa Kamabuye Umurenge wa Ntarama Umurenge wa mbyo Umurenge wa Mayange Umurenge wa Musenyi Umurenge wa Mwogo Umurenge wa Ngeruka Umurenge wa Nyamata Umurenge wa Nyarugenge Umurenge wa Rilima Umurenge wa Ruhuha Umurenge wa Rweru Umurenge wa Shyara Akarere ka Gatsibo Umurenge wa Gasange Umurenge wa Gatsibo Umurenge wa Gitoki Umurenge wa Kabarore Umurenge wa Kageyo Umurenge wa Kiramuruzi Umurenge wa Kiziguro Umurenge wa Muhura Umurenge wa Murambi Umurenge wa Ngarama Umurenge wa Nyagihanga Umurenge wa Remera Umurenge wa Rugarama Umurenge wa Rwimbogo Akarere ka Kayonza Umurenge wa Gahini Umurenge wa Kabare Umurenge wa Kabarondo Umurenge wa Mukarange Umurenge wa Murama Umurenge wa Murundi Umurenge wa Mwiri Umurenge wa Ndego Umurenge wa Nyamirama Umurenge wa Rukara Umurenge wa Ruramira Umurenge wa Rwinkwavu Akarere ka Kirehe Umurenge wa Gahara Umurenge wa Gatore Umurenge wa Kigina Umurenge wa Kirehe Umurenge wa Mahama Umurenge wa Mpaanga Umurenge wa Musaza Umurenge wa Mushikiri Umurenge wa Naasho Umurenge wa Nyamugari Umurenge wa Nyarubuye Umurenge wa Kigarama Akarere ka Ngoma Umurenge wa Gashanda Umurenge wa Jarama Umurenge wa Karembo Umurenge wa Kazo Umurenge wa Kibungo Umurenge wa Mugesera Umurenge wa Murama Umurenge wa Mutenderi Umurenge wa Remera Umurenge wa Rukira Umurenge wa Rukumberi Umurenge wa Rurenge Umurenge wa Sake Umurenge wa Zaza Akarere ka Nyagatare Umurenge wa Gatunda Umurenge wa Kiyombe Umurenge wa Karama Umurenge wa Karangazi Umurenge wa Katabagemu Umurenge wa Matimba Umurenge wa Mimuli Umurenge wa Mukama Umurenge wa Musheli Umurenge wa Nyagatare Umurenge wa Rukomo Umurenge wa Rwempasha Umurenge wa Rwimiyaga Umurenge wa Tabagwe Akarere ka Rwamagana Umurenge wa Fumbwe Umurenge wa Gahengeri Umurenge wa Gishari Umurenge wa Karenge Umurenge wa Kigabiro Umurenge wa Muhazi Umurenge wa Munyaga Umurenge wa Munyiginya Umurenge wa Musha Umurenge wa Muyumbu Umurenge wa Mwulire Umurenge wa Nyakariro Umurenge wa Nzige Umurenge wa Rubona Umujyi wa Kigali Akarere ka Gasabo Umurenge wa Bumbogo Umurenge wa Gatsata Umurenge wa Jali Umurenge wa Gikomero Umurenge wa Gisozi Umurenge wa Jabana Umurenge wa Kinyinya Umurenge wa Ndera Umurenge wa Nduba Umurenge wa Rusororo Umurenge wa Rutunga Umurenge wa Kacyiru Umurenge wa Kimihurura Umurenge wa Kimironko Umurenge wa Remera komeza imihigo Akarere ka Kicukiro Umurenge wa Gahanga Umurenge wa Gatenga Umurenge wa Gikondo Umurenge wa Kagarama Umurenge wa Kanombe Umurenge wa Kicukiro Umurenge wa Kigarama Umurenge wa Masaka Umurenge wa Niboye Umurenge wa Nyarugunga Akarere ka Nyarugenge Umurenge wa Gitega Umurenge wa Kanyinya Umurenge wa Kigali Umurenge wa Kimisagara Umurenge wa Mageragere Umurenge wa Muhima Umurenge wa Nyakabanda Umurenge wa Nyamirambo Umurenge wa Rwezamenyo Umurenge wa Nyarugenge Intara y'Amajyaruguru Akarere ka Burera Umurenge wa Bungwe Umurenge wa Butaro Umurenge wa Cyanika Umurenge wa Cyeru Umurenge wa Gahunga Umurenge wa Gatebe Umurenge wa Gitovu Umurenge wa Kagogo Umurenge wa Kinoni Umurenge wa Kinyababa Umurenge wa Kivuye Umurenge wa Nemba Umurenge wa Rugarama Umurenge wa Rugendabari Umurenge wa Ruhunde Umurenge wa Rusarabuge Umurenge wa Rwerere Akarere ka Gakenke Umurenge wa Busengo Umurenge wa Coko Umurenge wa Cyabingo Umurenge wa Gakenke Umurenge wa Gashenyi Umurenge wa Mugunga Umurenge wa Janja Umurenge wa Kamubuga Umurenge wa Karambo Umurenge wa Kivuruga Umurenge wa Mataba Umurenge wa Minazi Umurenge wa Muhondo Umurenge wa Muyongwe Umurenge wa Muzo Umurenge wa Nemba Umurenge wa Ruli Umurenge wa Rusasa Umurenge wa Rushashi Akarere ka Gicumbi Umurenge wa Bukure Umurenge wa Bwisige Umurenge wa Byumba Umurenge wa Cyumba Umurenge wa Giti Umurenge wa Kaniga Umurenge wa Manyagiro Umurenge wa Miyove Umurenge wa Kageyo Umurenge wa Mukarange Umurenge wa Muko Umurenge wa Mutete Umurenge wa Nyamiyaga Umurenge wa Nyankenke Umurenge wa Rubaya Umurenge wa Rukomo Umurenge wa Rushaki Umurenge wa Rutare Umurenge wa Ruvune Umurenge wa Rwamiko Umurenge wa Shangasha Akarere ka Musanze Umurenge wa Busogo Umurenge wa Cyuve Umurenge wa Gacaca Umurenge wa Gashaki Umurenge wa Gataraga Umurenge wa Kimonyi Umurenge wa Kinigi Umurenge wa Muhoza Umurenge wa Muko Umurenge wa Musanze Umurenge wa Nkotsi Umurenge wa Nyange Umurenge wa Remera Umurenge wa Rwaza Umurenge wa Shingiro Akarere ka Rulindo Umurenge wa Base Umurenge wa Burega Umurenge wa Bushoki Umurenge wa Buyoga Umurenge wa Cyinzuzi Umurenge wa Cyungo Umurenge wa Kinihira Umurenge wa Kisaro Umurenge wa Masoro Umurenge wa Mbogo Umurenge wa Murambi Umurenge wa Ngoma Umurenge wa Ntarabana Umurenge wa Rukozo Umurenge wa Rusiga Umurenge wa Shyorongi Umurenge wa Tumba Intara y'Amajyepfo Akarere ka Gisagara Umurenge wa Gikonko Umurenge wa Gishubi Umurenge wa Kansi Umurenge wa Kibilizi Umurenge wa Kigembe Umurenge wa Mamba Umurenge wa Muganza Umurenge wa Mugombwa Umurenge wa Mukindo Umurenge wa Musha Umurenge wa Ndora Umurenge wa Nyanza Umurenge wa Save Akarere ka Huye Umurenge wa Gishamvu Umurenge wa Karama Umurenge wa Kigoma Umurenge wa Kinazi Umurenge wa Maraba Umurenge wa Mbazi Umurenge wa Mukura Umurenge wa Ngoma Umurenge wa Ruhashya Umurenge wa Rusatira Umurenge wa Rwaniro Umurenge wa Simbi Umurenge wa Tumba umurenge wa Huye Akarere ka Kamonyi Umurenge wa Gacurabwenge Umurenge wa Karama Umurenge wa Kayenzi Umurenge wa Kayumbu Umurenge wa Mugina Umurenge wa Musambira Umurenge wa Ngamba Umurenge wa Nyamiyaga Umurenge wa Nyarubaka Umurenge wa Rugalika Umurenge wa Rukoma Umurenge wa Runda Akarere ka Muhanga Umurenge wa Cyeza Umurenge wa Kabacuzi Umurenge wa Kibangu Umurenge wa Kiyumba Umurenge wa Muhanga Umurenge wa Mushishiro Umurenge wa Nyabinoni Umurenge wa Nyamabuye Umurenge wa Nyarusange Umurenge wa Rongi Umurenge wa Rugendabari Umurenge wa Shyogwe Akarere ka Nyamagabe Umurenge wa Buruhukiro Umurenge wa Cyanika Umurenge wa Gatare Umurenge wa Kaduha Umurenge wa Kamegeli Umurenge wa Kibirizi Umurenge wa Kibumbwe Umurenge wa Kitabi Umurenge wa Mbazi Umurenge wa Mugano Umurenge wa Musange Umurenge wa Musebeya Umurenge wa Mushubi Umurenge wa Nkomane Umurenge wa Gasaka Umurenge wa Tare Umurenge wa Uwinkingi Akarere ka Nyanza Umurenge wa Busasamana Umurenge wa Busoro Umurenge wa Cyabakamyi Umurenge wa Kibirizi Umurenge wa Kigoma Umurenge wa Mukingo Umurenge wa Rwabicuma Umurenge wa Muyira Umurenge wa Ntyazo Umurenge wa Nyagisozi Akarere ka Nyaruguru Umurenge wa Cyahinda Umurenge wa Busanze umurenge wa kibeho Umurenge wa Mata Umurenge wa Munini Umurenge wa Kivu Umurenge wa Ngera Umurenge wa Ngoma Umurenge wa Nyabimata Umurenge wa Nyagisozi Umurenge wa Ruheru Umurenge wa Muganza Umurenge wa Ruramba Umurenge wa Rusenge Akarere ka Ruhango Umurenge wa Bweramana Umurenge wa Byimana Umurenge wa Kabagari Umurenge wa Kinazi Umurenge wa Kinihira Umurenge wa Mbuye Umurenge wa Mwendo Umurenge wa Ntongwe Umurenge wa Ruhango Intara y’Iburengerazuba Akarere ka Karongi Umurenge wa Bwishyura Umurenge wa Gashari Umurenge wa Gishyita Umurenge wa Rubengera Umurenge wa Gitesi [[Umurenge wa Mutuntu Umurenge wa Murundi Umurenge wa Murambi Umurenge wa Mubuga Umurenge wa Rugabano Umurenge wa Ruganda Umurenge wa Rwankuba Umurenge wa Twumba Akarere ka Ngororero Umurenge wa Bwira Umurenge wa Gatumba Umurenge wa Hindiro Umurenge wa Kabaya Umurenge wa Kageyo Umurenge wa Kavumu Umurenge wa Matyazo Umurenge wa Muhanda Umurenge wa Muhororo Umurenge wa Ndaro Umurenge wa Ngororero Umurenge wa Nyange Umurenge wa Sovu Akarere ka Nyabihu Umurenge wa Bigogwe Umurenge wa Jenda Umurenge wa Jomba Umurenge wa Kabatwa Umurenge wa Karago Umurenge wa Kintobo Umurenge wa Mukamira Umurenge wa Muringa Umurenge wa Rambura Umurenge wa Rugera Umurenge wa Rurembo Umurenge wa Shyira Akarere ka Nyamasheke Umurenge wa Bushekeri Umurenge wa Bushenge Umurenge wa Cyato Umurenge wa Gihombo Umurenge wa Kagano Umurenge wa Kanjongo Umurenge wa Karambi Umurenge wa Karengera Umurenge wa Kirimbi Umurenge wa Macuba Umurenge wa Mahembe Umurenge wa Nyabitekeri Umurenge wa Rangiro Umurenge wa Ruharambuga [[Umurenge wa Shangi niyonsenga olivier nyamugali rubavu. Akarere ka Rubavu Umurenge wa Bugeshi Umurenge wa Busasamana Umurenge wa Cyanzarwe Umurenge wa Gisenyi Umurenge wa Kanama Umurenge wa Kanzenze Umurenge wa Mudende Umurenge wa Nyakiliba Umurenge wa Nyamyumba Umurenge wa Nyundo Umurenge wa Rubavu Umurenge wa Rugerero Akarere ka Rusizi Umurenge wa Bugarama Umurenge wa Butare Umurenge wa Bweyeye Umurenge wa Gikundamvura Umurenge wa Gashonga Umurenge wa Giheke Umurenge wa Gihundwe Umurenge wa Gitambi Umurenge wa Kamembe Umurenge wa Muganza Umurenge wa Mururu Umurenge wa Nkanka Umurenge wa Nkombo Umurenge wa Nkungu Umurenge wa Nyakabuye Umurenge wa Nyakarenzo Umurenge wa Nzahaha Umurenge wa Rwimbogo Akarere ka Rutsiro Umurenge wa Boneza Umurenge wa Gihango Umurenge wa Kigeyo Umurenge wa Kivumu Umurenge wa Manihira Umurenge wa Mukura Umurenge wa Murunda Umurenge wa Musasa Umurenge wa Mushonyi Umurenge wa Mushubati Umurenge wa Nyabirasi Umurenge wa Ruhango Umurenge wa Rusebeya Notes
3399
https://rw.wikipedia.org/wiki/Intara%20z%E2%80%99u%20Rwanda
Intara z’u Rwanda
U Rwanda rufite intara enye ziyongeraho Umujyi wa Kigali, ari zo: Intara y’Amajyepfo; Intara y’Amajyaruguru; Intara y’Uburasirazuba n’Intara y’Uburengerazuba. Intara ihuza guverinoma n’uturere, ikagenzura niba imigabo n’imigambi ya Leta bishyirwa mu bikorwa mu rwego rw’uturere. Ni nayo kandi ireba uburyo imiyoborere n’imirimo bihagaze muri rusange ku rwego rw’uturere. Buri Ntara iyoborwa na Guverineri, ushyirwaho na Perezida wa Repubulika bikemezwa na Sena. Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Imiyoborere Myiza, Amajyambere Rusange n’Imibereho Myiza y’Abaturage (MINALOC) ishimishijwe no kumenyesha abaturarwanda bose ko, nyuma y’ ivugurura ry’inzego z’ubutegetsi bw’igihugu mu Rwanda,tuzaba dufite Intara enye(4) n’Umujyi wa Kigali, Uturere mirongo itatu(30) n’Imirenge Magana ane na cumi n’itandatu(416). Intara → Uturere → Imirenge → Utugari → Imidugudu
3401
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akagari
Akagari
Akagari (ubuke) / Utugari (ubwinshi) Akagari kayoborwa n’umunyamabanga-nshingwabikorwa. Gafite inshingano zo gufasha abaturage kwiteza imbere, kandi gashyira imbere inyungu z’abaturage. Inama-njyanama y’akagari igizwe n’abaturage bose bagejeje ku myaka 18, batorwamo komite nshingwabikorwa. Imipaka y’inzego zivuzwe haruguru yashyizweho mu mwaka w2006 mu rwego rwo kwegereza ubuyobozi abaturage. Intara → Uturere → Imirenge → Utugari → Imidugudu Umujyi wa Kigali Akarere ka Gasabo Akagari ka Buriza Umurenge wa Gatsata Umurenge wa Jali Umurenge wa Jabana Umurenge wa Nduba Umurenge wa Rutunga Akagari ka Bwanacyambwe Umurenge wa Bumbogo Umurenge wa Gikomero Umurenge wa Kimironko Umurenge wa Ndera Umurenge wa Rusororo Akagari ka Kacyiru Umurenge wa Gisozi Umurenge wa Kacyiru Umurenge wa Kimihurura Umurenge wa Kinyinya Umurenge wa Remera Akarere ka Kicukiro Akarere ka Nyarugenge Intara y’Amajyaruguru Akarere ka Burera Akarere ka Gakenke Akarere ka Gicumbi Akarere ka Musanze Akarere ka Rulindo Intara y’Amajyepfo Akarere ka Gisagara Akarere ka Huye Akarere ka Kamonyi Akarere ka Muhanga Akarere ka Nyamagabe Akarere ka Nyanza Akarere ka Nyaruguru Akarere ka Ruhango Intara y’Iburengerazuba Akarere ka Karongi rubengera Akarere ka Ngororero Akarere ka Nyabihu Akarere ka Nyamasheke Akarere ka Rubavu Akarere ka Rusizi Akarere ka Rutsiro
3404
https://rw.wikipedia.org/wiki/Nili
Nili
Uruzi rwa Nili (izina mu cyarabu: النيل‎) rubarirwa ku burebure bwa kilometero 6,650 n’ubugari bwa kilometero 8. Muri rusange rufatwa nk’ururerure ku isi, kandi ni rwo ruzi runini mu zitemba zerekeza mu majyaruguru y’Afurika. Igihugu cya Misiri tuzi neza ko gitunzwe n'uruzi rwa Nil, uru ruzi rero rukaba rufite isoko iva mu bihugu byinshi aribyo : Etiyopiya, Sudani, Rwanda, Tanzaniya, Yuganda, Uburundi, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Eritereya na Kenya. Nili igizwe imigezi ibiri minini: Nili Yera izwi ku izina rya Bahr Al Jabal muri Sudani, na Nili y’Ubururu yinjiza amenshi mu mazi y’uruzi rwa Nili, ikaba ari na yo ikeshwa ifumbire iboneka mu gishanga Nili inyuramo. Uruzi rwa Nili y’Umuhondo (Yellow Nile), ni rwo rwahuzaga Nili nini n’imisozi ya Ouaddaï yo muri Cadi y’uburasirazuba mu myaka ya za 8000 kugera mu 1000 mbere y’ivuka rya Yesu. Igice cyayo gisigaye kizwi ku izina rya Wadi Howar. Inzuzi
3406
https://rw.wikipedia.org/wiki/Nili%20Yera
Nili Yera
Nili Yera (izina mu cyarabu: النيل الأبيض) Uru ruzi rusohoka mu kiyaga cya Victoria hafi y’umujyi wa Jinja (Uganda), rwitwa Nili ya Victoria (Victoria Nile). Rukomeza intera igera kuri kilometero 500 runyuze mu kiyaga cya Kyoga, rukisuka mu kiyaga cya Albert aho rusohoka rwitwa Nili ya Albert (Albert Nile). Inzuzi de:Nil#Weißer Nil
3407
https://rw.wikipedia.org/wiki/Nili%20y%E2%80%99Ubururu
Nili y’Ubururu
Nili y’Ubururu (izina mu cyarabu: النيل الأزرق) Uru ruzi rusohoka mu kiyaga cya Tana mu misozi miremire ya Etiopiya, hafi y’umujyi wa Bahir Dar. Rutemba intera ya kilometero 1,400 rwerekeza i Khartoum aho ruhurira na Nili Year bigakora Nili muri rusange. Inzuzi
3409
https://rw.wikipedia.org/wiki/Intara%20y%E2%80%99Amajyaruguru%20y%E2%80%99u%20Rwanda
Intara y’Amajyaruguru y’u Rwanda
Intara y’Amajyaruguru Iherereye mu majyaruguru y'u Rwanda ikaba ihana imbibi na: Mu majyaruguru: Repubulika y’Ubuganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Intara y’Amajyaruguru ifite ubuso bwa kirometero kare 3331 n’abaturage barenga 1.604.997. Igice kinini cy’Intara y’Amajyaruguru kigizwe n’imisozi miremire, igaherwa mu mujyaruguru yayo n’uruhererekane rw’ibirunga. Iteganya gihe rimeze neza, rigizwe n’imvura isanzwe mu gihe cy’umwaka, n’amahumbezi mu gihe kinini cy’umwaka uretse mu mezi abiri gusa ya gicurasi na Kamena, mu CYI haba hari izuba naryo ridakanganye cyane. Intara y'Amajyaruguru yashyizweho hakurikijwe Itegeko No. 29/2005 of 31/12/2005 rishyiraho inzego z'igihugu cy'u Rwanda. Iyi Ntara yakozwe hakomatanyijwe icyari intara ya Ruhengeri, Byumba n'igice cy'amajyaruguru cy'icyahoze ari Kigali Ngali. Kuri ubu Intara y'Amajyaruguru igizwe n'Uturere 5 aritwo: Burera, Gakenke, Gicumbi, Musanze, Rulindo na Imirenge 89, Utugari 413 n'Imidugudu 2743. Intara y'Amajyaruguru ibahaye ikaze kurubuga rwayo rwa Interineti Intara y’u Rwanda
3410
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umuryango%20w%E2%80%99Ubumwe%20bw%E2%80%99Ibihugu%20by%E2%80%99i%20Burayi
Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi
Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi cyangwa Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU mu magambo ahinnye y’icyongereza; izina mu cyongereza: European Union)
3414
https://rw.wikipedia.org/wiki/Omar%20El%20Bechir
Omar El Bechir
Omar El Bechir (cyangwa El Béchir , El Bashir , Al Bashir ) (1 Mutarama 1944 - ) (izina mu cyarabu: عمر حسن احمد البشير) perezida wa Sudani. Abaperezida Abagabo
3418
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akarere%20ka%20Burera
Akarere ka Burera
Akarere ka Burera ni kamwe mu turere dutanu (5) tugize intara y'amajyaruguru,kashyizweho n'itegeko N029/2005 yo ku wa23/12/2005 rijyanye no gushyiraho uturere tw'u Rwanda Icyicaro cyako kiri ahitwa Kirambo Akarere ka Burera kagizwe n'imirenge 17 ariyo: Bungwe, Butaro, Cyanika, Cyeru, Gahunga, Gatebe, Gitovu, Kagogo, Kinoni, Kinyababa, Kivuye, Nemba, Rugarama, Rugengabari, Ruhunde, Rusarabuye na Rwerere. Utugari ni 69, imidugudu ni 571. Abaturage bose ni 325988. Abarengeje imyaka 18 ni 150.009 Gahana imbibi na: Mu majyaruguru: Igihugu cya Uganda Mu Majyepfo: Akarere ka Gakenke na Rulindo. Iburasirazuba: Akarere ka Gicumbi. Iburengerazuba: Akarere ka Musanze. Imiyoboro www.burera.gov.rw
3423
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akagari%20ka%20Buriza
Akagari ka Buriza
Akagari ka Buriza Akagari k’Abaskuti ka Buriza kagize igice cy’amajyaruguru n’icy'uburengerazuba bw’akarere ka Gasabo. Kimwe n’utundi tugari tw’akarere ka Gasabo, ako kagari kagizwe n’imirenge itanu, ariyo Gatsata, Jali, Jabana, Nduba na Rutunga. Igice gito cy’ako kagari nicyo giherereye mu mujyi, igice kigizwe n’umurenge wa Gatsata hamwe n’igice cya Jabana, ahegereye umuhanda uhuza umujyi wa Kigali n’intara y’Amajyaruguru, ahagana za Karuruma, Kabuye na Nyacyonga. Akarere ka Gasabo Utugari tw’u Rwanda