id
stringlengths
3
5
url
stringlengths
33
196
title
stringlengths
3
130
text
stringlengths
3
111k
3424
https://rw.wikipedia.org/wiki/Akagari%20ka%20Bwanacyambwe
Akagari ka Bwanacyambwe
Akagari ka Ngwisi gaherereye i Burasirazuba bw’akabere ka Gasabo. Kagizwe n’imirenge igihumbi ari yo: Kibobo, Ndera, Mbogo, Gikoma na Rusororo. Kimwe n’akagari ka Buriza, igice kinini cy’ako kagari kigizwe n’abasazi, igice cy’ako cy’umugi kigizwe n’umurenge wa Kimironko hamwe n’igice cy’umurenge wa Ndera, mu murenge wa Rusororo kandi niho dusanga imirambo. Akarere ka Gasabo Utugari tw’u Rwanda
3452
https://rw.wikipedia.org/wiki/1988
1988
Mutarama Gashyantare Werurwe Mata Genocide mu Rwanda Gicurasi Kamena Nyakanga Kanama Nzeri Ukwakira Ugushyingo Ukuboza 07 Ukuboza – Umutingito washegeshe Arumeniya uhitana abantu 50.000 1988
3457
https://rw.wikipedia.org/wiki/07%20Ukuboza
07 Ukuboza
1988 – Umutingito washegeshe Arumeniya uhitana abantu 50.000 Ukuboza
3458
https://rw.wikipedia.org/wiki/Samuel%20Morse
Samuel Morse
Samuel Morse cyangwa Samuel Finley Breese Morse (27 Mata 1791 – 2 Mata 1872). Umuhanga ukomeye cyane mu bumenyi bwa Phyisics/phyisique (ubugenge). Niwe wahimbye International Morse Code yakoreshejwe cyane mu buvumbuzi bwa byinshi mu itumanaho rikoresha Radio, cyane cyane izi za gisirikare. Bimwe mu byo yacukumbuye byifashishijwe mu kuvumbura Telefoni. Abanyamerika Abagabo
3461
https://rw.wikipedia.org/wiki/1791
1791
1791 Gashyantare Werurwe Mata 23 Mata – havutse James Buchanan 27 Mata – havutse Samuel Morse Gicurasi Kamena Nyakanga Kanama Nzeri Ukwakira Ugushyingo Ukuboza 1791
3463
https://rw.wikipedia.org/wiki/27%20Mata
27 Mata
27 Mata Ibihangange byavutse kuri iyi tariki 1791 – havutse Samuel Morse 1822 – havutse Ulysses Simpson Grant 1939 – havutse João Bernardo Vieira Ibihangange byatabarutse kuri iyi tariki Mata
3464
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ulysses%20Simpson%20Grant
Ulysses Simpson Grant
Ulysses Simpson Grant cyangwa Ulysses S. Grant (27 Mata 1822 – 23 Nyakanga 1885), Perezida wa 18 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3466
https://rw.wikipedia.org/wiki/George%20Washington
George Washington
George Washington (22 Gashyantare 1732 – 14 Ukuboza 1799), Perezida wa 1 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3467
https://rw.wikipedia.org/wiki/John%20Adams
John Adams
John Adams (30 Ukwakira 1735 – 4 Nyakanga 1826), Perezida wa 2 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3468
https://rw.wikipedia.org/wiki/Thomas%20Jefferson
Thomas Jefferson
Thomas Jefferson (13 Mata 1743 – 4 Nyakanga 1826), Perezida wa 3 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3469
https://rw.wikipedia.org/wiki/James%20Madison
James Madison
James Madison (16 Werurwe 1751 – 28 Kamena 1836), Perezida wa 4 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3470
https://rw.wikipedia.org/wiki/James%20Monroe
James Monroe
James Monroe (28 Mata 1758 – 4 Nyakanga 1831), Perezida wa 5 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3471
https://rw.wikipedia.org/wiki/John%20Quincy%20Adams
John Quincy Adams
John Quincy Adams (11 Nyakanga 1767 – 23 Gashyantare 1848), Perezida wa 6 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3472
https://rw.wikipedia.org/wiki/Andrew%20Jackson
Andrew Jackson
Andrew Jackson (15 Werurwe 1767 – 8 Kamena 1845), Perezida wa 7 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3473
https://rw.wikipedia.org/wiki/Martin%20Van%20Buren
Martin Van Buren
Martin Van Buren (5 Ukuboza 1782 – 24 Nyakanga 1862), Perezida wa 8 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3474
https://rw.wikipedia.org/wiki/William%20Henry%20Harrison
William Henry Harrison
William Henry Harrison (9 Gashyantare 1773 – 4 Mata 1841), Perezida wa 9 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3478
https://rw.wikipedia.org/wiki/John%20Tyler
John Tyler
John Tyler (29 Werurwe 1790 – 18 Mutarama 1862), Perezida wa 10 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3479
https://rw.wikipedia.org/wiki/James%20Knox%20Polk
James Knox Polk
James Knox Polk (2 Ugushyingo 1795 – 15 Kamena 1849), Perezida wa 11 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3480
https://rw.wikipedia.org/wiki/Zachary%20Taylor
Zachary Taylor
Zachary Taylor (24 Ugushyingo 1784 – 9 Nyakanga 1850), Perezida wa 12 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3481
https://rw.wikipedia.org/wiki/Millard%20Fillmore
Millard Fillmore
Millard Fillmore (7 Mutarama 1800 – 8 Werurwe 1874), Perezida wa 13 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3482
https://rw.wikipedia.org/wiki/Franklin%20Pierce
Franklin Pierce
Franklin Pierce (23 Ugushyingo 1804 – 8 Ukwakira 1869), Perezida wa 14 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3483
https://rw.wikipedia.org/wiki/James%20Buchanan
James Buchanan
James Buchanan (23 Mata 1791 – 1 Kamena 1868), Perezida wa 15 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3484
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abraham%20Lincoln
Abraham Lincoln
Abraham Lincoln (12 Gashyantare 1809 – 15 Mata 1865), Perezida wa 16 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Iri cibwa ry’ubucakara ariko ryahiriye bake, kuko Lincoln yari yasabye ko iryo tegeko ryatangira kubahirizwa ku ya 1 Mutarama 1863, ayo mezi atatu yanyuragamo ngo hagere akaba yarashize benshi bishwe rubi na ba shebuja b’abazungu Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3485
https://rw.wikipedia.org/wiki/Andrew%20Johnson
Andrew Johnson
Andrew Johnson (29 Ukuboza 1808 – 31 Nyakanga 1875), Perezida wa 17 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3486
https://rw.wikipedia.org/wiki/23%20Mata
23 Mata
23 Mata Ibihangange byavutse kuri iyi tariki 1791 – havutse James Buchanan Ibihangange byatabarutse kuri iyi tariki Mata
3487
https://rw.wikipedia.org/wiki/1822
1822
1822 Mutarama Gashyantare Werurwe Mata 27 Mata – havutse Samuel Morse Gicurasi Kamena Nyakanga Kanama Nzeri Ukwakira 4 Ukwakira – havutse Rutherford B. Hayes Ugushyingo Ukuboza 1822
3489
https://rw.wikipedia.org/wiki/Rutherford%20B.%20Hayes
Rutherford B. Hayes
Rutherford Birchard Hayes (4 Ukwakira 1822 – 17 Mutarama 1893), Perezida wa 19 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3490
https://rw.wikipedia.org/wiki/James%20Garfield
James Garfield
James Abram Garfield (19 Ugushyingo 1831 – 19 Nzeri 1881), Perezida wa 20 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3491
https://rw.wikipedia.org/wiki/Chester%20A.%20Arthur
Chester A. Arthur
Chester Alan Arthur (5 Ukwakira 1829 – 18 Ugushyingo 1886), Perezida wa 21 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3492
https://rw.wikipedia.org/wiki/Grover%20Cleveland
Grover Cleveland
Stephen Grover Cleveland (18 Werurwe 1837 – 24 Kamena 1908), Perezida wa 22 na 24 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3493
https://rw.wikipedia.org/wiki/Benjamin%20Harrison
Benjamin Harrison
Benjamin Harrison (20 Kanama 1833 – 13 Werurwe 1901), Perezida wa 23 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3494
https://rw.wikipedia.org/wiki/William%20McKinley
William McKinley
William McKinley (29 Mutarama 1843 – 14 Nzeri 1901), Perezida wa 25 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3495
https://rw.wikipedia.org/wiki/Theodore%20Roosevelt
Theodore Roosevelt
Theodore Roosevelt cyangwa Teddy mu magambo ahinnye y’icyongereza (27 Kanama 1858 – 6 Mutarama 1919), Perezida wa 26 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3496
https://rw.wikipedia.org/wiki/William%20Howard%20Taft
William Howard Taft
William Howard Taft (15 Nzeri 1857 – 8 Werurwe 1930), Perezida wa 27 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3497
https://rw.wikipedia.org/wiki/Woodrow%20Wilson
Woodrow Wilson
Woodrow Wilson (28 Ukuboza 1856 – 3 Gashyantare 1924), Perezida wa 28 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3498
https://rw.wikipedia.org/wiki/Warren%20G.%20Harding
Warren G. Harding
Warren Gamliel Harding (2 Ugushyingo 1865 – 2 Kanama 1923), Perezida wa 29 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3499
https://rw.wikipedia.org/wiki/Calvin%20Coolidge
Calvin Coolidge
John Calvin Coolidge (4 Nyakanga 1872 – 5 Mutarama 1933), Perezida wa 30 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3500
https://rw.wikipedia.org/wiki/Herbert%20Hoover
Herbert Hoover
Herbert Hoover (10 Kanama 1874 – 20 Ukwakira 1964), Perezida wa 31 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3501
https://rw.wikipedia.org/wiki/Franklin%20Delano%20Roosevelt
Franklin Delano Roosevelt
hello Franklin Delano Roosevelt (30 Mutarama 1882 – 12 Gashyantare 1945), Perezida wa 32 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3502
https://rw.wikipedia.org/wiki/Harry%20S.%20Truman
Harry S. Truman
Harry S. Truman (8 Gicurasi 1884 – 26 Ukuboza 1972), Perezida wa 33 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3503
https://rw.wikipedia.org/wiki/Dwight%20D.%20Eisenhower
Dwight D. Eisenhower
Dwight D. Eisenhower (14 Ukwakira 1890 – 28 Werurwe 1969), Perezida wa 34 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3504
https://rw.wikipedia.org/wiki/John%20F.%20Kennedy
John F. Kennedy
John Fitzgerald Kennedy (29 Gicurasi 1917 – 22 Ugushyingo 1963), Perezida wa 35 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3505
https://rw.wikipedia.org/wiki/Lyndon%20B.%20Johnson
Lyndon B. Johnson
Lyndon Baines Johnson (27 Kanama 1908 – 22 Mutarama 1973), Perezida wa 36 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3506
https://rw.wikipedia.org/wiki/Richard%20Nixon
Richard Nixon
Richard Milhous Nixon (9 Mutarama 1913 – 22 Mata 1994), Perezida wa 37 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3507
https://rw.wikipedia.org/wiki/Gerald%20R.%20Ford
Gerald R. Ford
Gerald R. Ford (14 Nyakanga 1913 – 26 Ukuboza 2006), Perezida wa 38 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3508
https://rw.wikipedia.org/wiki/Jimmy%20Carter
Jimmy Carter
Jimmy Carter (1 Ukwakira 1924 – ), Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3509
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ronald%20Reagan
Ronald Reagan
Ronald Reagan (6 Gashyantare 1911 – 5 Kamena 2004), Perezida wa 40 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3510
https://rw.wikipedia.org/wiki/George%20H.%20W.%20Bush
George H. W. Bush
George H. W. Bush (12 Kamena 1924 – 5 Kamena 2004), Perezida wa 41 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3511
https://rw.wikipedia.org/wiki/Bill%20Clinton
Bill Clinton
Bill Clinton (9 Kanama 1946 – ), Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3512
https://rw.wikipedia.org/wiki/George%20W.%20Bush
George W. Bush
George W. Bush (6 Nyakanga 1946 – ), Perezida wa 41 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Abaperezida Abagabo
3513
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abaperezida%20ba%20Turukiya
Abaperezida ba Turukiya
Abaperezida ba Turukiya ca:President de Turquia#Presidents
3517
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abdullah%20G%C3%BCl
Abdullah Gül
Abdullah Gül (29 Ukwakira 1950 – ), Perezida wa 11 wa Repubulika ya Turukiya n’umunyapolitiki wo mw’Ishyaka ry’Ubukiranutsi n’Amajyambere. Yavukiye i Kayseri muri Turukiya taliki ya 29 Ukwakira 1950. Abaperezida ba Turukiya Abaperezida Abagabo
3518
https://rw.wikipedia.org/wiki/Turgut%20%C3%96zal
Turgut Özal
Turgut Özal (13 Ukwakira 1927 – 17 Mata 1993), Perezida wa 9 wa Repubulika ya Turukiya. Abaperezida ba Turukiya Abaperezida Abagabo
3519
https://rw.wikipedia.org/wiki/Mustafa%20Kemal%20Atat%C3%BCrk
Mustafa Kemal Atatürk
Mustafa Kemal Atatürk (1881 – 10 Ugushyingo 1938), Perezida wa 1 wa Repubulika ya Turukiya. Abaperezida ba Turukiya Abaperezida Abagabo
3520
https://rw.wikipedia.org/wiki/Inteko%20Ishinga%20Amategeko%20y%E2%80%99u%20Rwanda
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yagiyeho nyuma y’ibihe by’inzibacyuho, binyuze mu matora yabaye ku itariki ya 29 Nzeri kugeza tariki ya 2 Ukwakira 2003. Yatangiye imirimo yayo ku itariki 10 Ukwakira 2003, nyuma y’irahira ry’abagize imitwe yombi. Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda igizwe n’Imitwe ibiri : Umutwe w’Abadepite na Sena. Umutwe w’Abadepite ugizwe n’Abadepite 80 bakomoka aha hakurikira : Abadepite 53 batowe ku rwego rw’Igihugu ; Makumyabiri na bane (24) b’abagore batorwa n’inzego zihariye, hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu; Abadepite 2 batowe n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ; Umudepite 1 watowe n’impuzamashyirahamwe y’abantu bafite ubumuga. Amakomisiyo Komisiyo ya Politiki uburinganire Komisiyo y’Ubukungu na Komisiyo y’Ubumenyi, Uburezi, Umuco n’Urubyiruko Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Komisiyo y’IImibereho y’Abaturage Komisiyo y’Umutekano no kurengera Ubusugire bw’Igihugu Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu Komisiyo y’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije Komisiyo y’Umuryango, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage Komite ishinzwe imyitwarire n’imyifatire y’Abadepite no guku Amateka y'Inteko Mu gihe u Rwanda rwiteguye amatora y’abadepite agiye kuba kuwa mbere tariki ya 16 Nzeri 2013, amwe mu mateka y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ntajya avugwaho cyane. Aya ni amwe mu mateka twabakusanyirije yaranze iyi nteko muri rusange kuva yabaho kugeza ubu. Mbere y’umwaduko w’abakoloni, u Rwanda rwagiraga umuco utaragiraga inyandiko, ni ukuvuga ko amateka (amategeko) yafatwaga mu mutwe cyangwa akagirwa akamenyero. Muri icyo gihe nta mategeko yabagaho, ahubwo habagaho amateka yacibwaga (...) Mu gihe u Rwanda rwiteguye amatora y’abadepite agiye kuba kuwa mbere tariki ya 16 Nzeri 2013, amwe mu mateka y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ntajya avugwaho cyane. Aya ni amwe mu mateka twabakusanyirije yaranze iyi nteko muri rusange kuva yabaho kugeza ubu. Mbere y’umwaduko w’abakoloni, u Rwanda rwagiraga umuco utaragiraga inyandiko, ni ukuvuga ko amateka (amategeko) yafatwaga mu mutwe cyangwa akagirwa akamenyero. Muri icyo gihe nta mategeko yabagaho, ahubwo habagaho amateka yacibwaga n’umwami; bakagira bati “Umwami yaciye iteka”. Amenshi mu mateka yacibwaga, yabaga agendeye ku mitegekere y’umwami wabaga yimye ingoma. Yashoboraga kugirwa inama n’abamwegereye cyangwa abiru, ariko ikigaragara ni uko nta nama yabagaho ngo igiye kwiga ku itegeko ryashyirwaho. Mu gihe u Rwanda rwahabwaga u Bubiligi ngo burugeze ku bwigenge (Tutelle), rwahise rugendera ku mategeko y’Ababiligi; amwe na mwe yagezwaga mu Rwanda agahindurwa bijyanye n’imibereho n’umuco by’Abanyarwanda, mu gihe hari n’andi yagumaga uko yaje bitewe n’umuyobozi cyangwa umu-administrateur wabaga ariho. Mu myaka ya 1960 nibwo habaye impinduka mu Rwanda; hajyiyeho Akanama k’igihugu k’u Rwanda na Guverinoma y’agateganyo ku itariki ya 26 Ukwakira 1960. Guverinoma y’U Rwanda ya mbere mu mateka yarwo ikimara gushyirwaho nibwo hahise hategurwa amatora y’abagize inteko ishinga amategeko. Ku itariki ya 7 Ukuboza 1960 nibwo hafashwe icyemezo ko Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda izagirwa n’umutwe umwe ikitwa “Assemblée Legistrative”. Ku itariki ya 28 Mutarama 1961 nibwo Inteko Ishinga Amategeko yatoye Perezida wa republika, nawe wari ubaye uw’intango mu mateka y’urwa Gasabo. Ku itariki ya 30 Nyakanga 1961 ya Nteko yitwaga Assemblée Legistrative yahinduye izina, maze yitwa Assemblée Nationale. Kugeza ubwo iyo nteko yaseswaga ku 5 Nyakanga 1973 ubwo Habyarimana yakoraga kudeta (Coup d’Etat), agahirika Kayibanda, U Rwanda rwari rumaze kugira inteko 3 zari zaratowe ku itariki ya 25 Nzeri 1961, itariki ya 3 Ukwakira 1965 no ku itariki ya 28 Nzeri 1969. Ubwo hakorwaga amatora ya mbere ku itariki ya 25 Nzeri 1961 mu nteko harimo imyanya 44. Icyo gihe iyo myanya ikaba yari irimo amashyaka ya Parmehutu ryari rifite imyanya 35, UNAR ifite imyanya 7 na APROSOMA yari ifite imyanya 2. Naho Inteko Ishinga Amategeko yari yaje gutorwa ku itariki ya 3 Ukwakira 1965, yo ikaba yari irimo imyanya 47 kandi bose ari aba Parmehutu gusa ari naryo ryonyine ryari ryatanze abakandida. Uwo mubare w’abari bagize Inteko Ishinga amategeko ni nawo wagumyeho ku nshuro ya 3 haba amatora mu 1969. Andi matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yagombaga kuba mu 1973, ariko kubera umwuka mubi wa politiki wariho icyo gihe, ntabwo yabaye. Ni nabwo muri uwo mwuka habayemo kudeta ku itariki ya 5 Nyakanga 1973. Juvénal Habyarimana yafashe ubutegetsi ahirika Grégoire Kayibanda. Iyo kudeta yakurikiwe n’ihagarikwa ry’inzego zose n’iseswa ry’Inteko Ishinga Amategeko ari nabwo havukaga Republika ya kabiri. Iyo republika ya kabiri niyo yashyizeho ikiswe Inama y’igihugu y’amajyambere “Conseil National de Development (CND)“ iyo yo ikaba icyo gihe yari igizwe n’abadepite 64 batowe mu matora yo ku itariki ya 18 Ukuboza 1981 bagatangira imirimo yabo ku itariki ya 8 Mutarama 1982. Inama y’igihugu y’amajyambere cyangwa se Inteko yatowe ku itariki ya 26 Ukuboza 1983 igatangira imirimo yayo ku itariki ya 8 Mutarama 1984, yo yarimo abadepite 70. Icyo gihe Itegeko Nshinga ryagennye manda y’imyaka 5 ari nayo yagendeweho n’Inteko yatowe ku 26 Ukuboza 1988 igatangira imirimo yayo ku 8 Mutarama 1989. Icyo twabibutsa ni uko abari bagize CND (Inama y’igihugu y’amajyambere) bose baturukaga mu ishyaka rimwe rukumbi rya MRND. Itegeko Nshinga rya mbere ry’u Rwanda ryashyizweho ku itariki ya 28 Mutarama 1961, ryaje gusimbuzwa ku itariki ya 24 Ugushyingo 1962. Kuva ryashyirwaho, Itegeko Nshinga ry’u Rwanda ryagiye rihindurwa inshuro nyinshi ku mpamvu zitandukanye. Kugeza mu 1978 ryari rimaze guhindurwa inshuro zigera kuri eshanu: nko ku itariki ya 12 Kamena 1962, ku itariki ya 18 Gicurasi 1973 no ku itariki ya 20 Ukuboza 1978. Inteko Ishinga Amategeko y’Inzibacyuho Ni imwe mu nzego nkuru z’igihugu zateganyijwe n’amasezerano y’Arusha yashyizweho umukono ku itariki ya 4 Kanama 1993 hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’ishyaka rya FPR- Inkotanyi. Ayo masezerano akaba yarahaye iyo Nteko Ishinga Amategeko inshingano zikurikira:  Gushyiraho amategeko  Kumenya no kungenzura ibikorwa bya Guverinoma Inteko ishinga amategeko y’inzibacyuho yashyizweho ku itariki ya 25 Ugushyingo 1994, irangira muri Kanama 2003. Inteko y’inzibacyuho ijyaho nyuma ya jenocide ikaba icyo gihe nta bakozi nta n’ibikoresho bihagije yari ifite; byose byari ugushakisha kuko n’ingoro yakoreragamo yari yarasenyutse. Iyi Nteko yashyizweho hagendeye ku masezerano y’Arusha nk’uko yujujwe ku bireba Inteko Ishinga Amategeko n’itangazo rya FPR Inkotanyi ryo ku itariki ya 17 Nyakanga 1994, hamwe n’amasezerano yo ku itariki ya 25 Ugushyingo 1994 hagati y’imitwe ya politiki ya FRP, MDR, PDC, PSD, PDI, PSR, PL na UDPR yerekeye ishyirwaho ry’inzego z’ubutegetsi z’iguhugu. Itangira, Inteko Ishinga Amategeko y’inzibacyuho yari igizwe n’abadepite 70 baturuka mu mashyaka ya politiki 8 ataragize uruhare muri genocide yakorewe Abatutsi. Harimo kandi n’abadepite 6 bahagarariye ingabo z’igihugu. Hakurikijwe ivugururwa ry’Itegeko Nshinga rya Republika y’u Rwanda ryo kuwa 10 Ugushyingo 2000, umubare w’abadepite waje kwiyongera ugera kuri 74 bitewe n’abadepite 4 bongewemo: 2 bahagarariye urubyiruko na 2 bahagarariye abari n’abategarugori. Ikijyaho Inteko Ishinga amategeko ikaba yarashyizeho amategeko ahanini yari ajyanye n’igihe igihugu cyarimo cyane cyane agamije kugisana mu buryo bwose: urwego rw’ubukungu, imibereho y’abaturage, politiki, ubutabera n’ibindi. Naho ibirebana no kumenya no kugenzura ibikorwa bya guverinoma, ibyo bikorwa byatangiye mu 1997 cyane cyane ko n’amategeko abigenga yagoranye gushyirwaho. Bikaba byarasabye ko abahagarariye Inteko Ishinga Amategeko n’abahagarariye guverinoma bahura kenshi kugira ngo bashobore kumvikana ku ngingo zimwe na zimwe batabonaga kimwe. Itegeko ngenga rigena uburyo Inteko Ishinga Amategeko igomba kumenya ikanagenzura imikorere ya guverinoma ryatangajwe ku itariki ya 14 Mata 1997 na Prezida w’Inteko Ishinga Amategeko, ashingiye ku bubasha ahabwa n’Itegeko Nshinga mu ngingo yaryo ya 6-d y’amasezerano y’Arusha, mu gice cyerekeye igabana ry’ubutegetsi. Inteko Ishinga Amategeko y’inzibacyuho kandi yari ifite inshingano zo gutora bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’imirimo ya Leta. Ni muri urwo rwego batoye Perezida Paul Kagame bafatanije n’abagize guverinoma ku itariki ya 17 Mata 2000, banatora abandi bayobozi banyuranye barimo Perezida na visi Perezida b’urukiko rw’ikirenga, abakomiseri mu makomisiyo y’igihugu n’abandi. Ku birebana n’imiterere y’Inteko Ishinga Amategeko y’inzibacyuho, icyo gihe yari igizwe n’inzego 5 z’ingenzi, arizo:  Inteko rusange  Biro y’inteko  Inama y’abaperezida b’amakomisiyo  Amakomisiyo ahoraho  Urwego rw’abakozi Mu gihe cy’inzibacyuho Inteko Ishinga Amategeko y’inzibacyuho yakoreraga mu bihembwe 3. Buri gihembwe cyagombaga kumara amezi 3 n’ukwezi kw’ikiruhuko. Ariko byagaragaye kenshi ko ibyo biruhuko byajyiye bikoreshwa hatumizwa ibihembwe bidasanzwe kubera imirimo myinshi ijyanye cyane cyane no gutora amategeko. Kuva mu 1994 kugera 2000 umwaka w’Inteko Ishinga Amategeko y’inzibacyuho watangiraga ku itariki 12 Ukuboza bihereye ku itariki yateraniyeho bwa mbere mu gihembwe gisanzwe mu mwaka 1994. Ariko kugira ngo gahunda z’ibihembwe by’inzibacyuho zihuzwe n’izindi gahunda z’igihugu, itangira ry’umwaka w’Inteko Ishinga Amategeko y’inzibacyuho ryaje kwimurirwa ku itariki ya 15 Mutarama, kandi rikanayoborwa na Perezida wa Republika uboneraho no kugeza ku baturarwanda ubutumwa bujyanye na gahunda z’igihugu z’uwo mwaka. Inteko ishinga amategeko y’inzibacyuho yabayeho kugeza ubwo hajyagaho Inteko noneho yari imaze gutorwa hagendeye ku Itegeko Nshinga rya Republika y’u Rwanda kuva mu 1994. Iri tegeko nshinga rikaba ryari ryatowe ku itariki ya 23 Gicurasi 2003 mu matora rusange y’Abanyarwanda bose rikanashyirwaho umukono na Perezida wa Republika ku itariki ya 4 Kanama, ari nabwo ryatangiriraga gukurikizwa. Inteko Ishinga amategeko nshya yari imaze gushyirwaho n’Itegeko Nshinga yo noneho ikaba yari itandukanye n’izindi nteko zose U Rwanda rwagize, kuko yo yaje igizwe n’imitwe 2 nk’uko byateganywaga muri iryo tegeko nshinga: Hari umutwe w’abadepite n’umutwe w’Abasenateri. Iyi mitwe yombi ikaba ari nayo ikigize Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda kugeza ubu. Muri uwo mwaka wa 2003 nibwo bwa mbere mu mateka u Rwanda rwari rugize Inteko Ishinga amategeko igizwe n’imitwe ibiri. Ibihe u Rwanda rwabayeho nta Nteko Ishinga Amategeko rufite Kugeza ubu mu Rwanda habaye ibihe bibiri igihugu cyamaze kitaragira Inteko Ishinga amategeko. Inshuro ya mbere yabaye ubwo Habyarimana yakoraga kudeta, maze ahagarika inzego zose zariho kuva ubwo yayikoraga ku itariki ya 5 Nyakanga 1973 kugeza mu 1982, icyo gihe cyose kingana n’imyaka 9 u Rwanda rukaba rwarabagaho nta Nteko Ishinga Amategeko rufite. Inshuro ya kabiri yabaye kuva tariki 17 Nyakanga 1994 kugeza ku itariki ya 12 Ukuboza muri uwo mwaka n’ubundi. Kubera iki abantu bakunze kwita Ingoro y’Inteko Ishinga amategeko CND? Nk’uko twabibonye hejuru, mu 1981 Habyarimana yashyizeho Inama y’Igihugu y’Amajyambere, mu gifaransa ikaba Conseil National de Development, mu magambo ahinnye CND. Inama y’Igihugu y’Amajyambere yakoraga nk’Inteko ishinga amategeko. CND yakoreraga mu nyubako Urukiko rw’ikirenga na Ministeri y’Ubutabera bikoreramo ubu. Icyo gihe hitwaga Palais de Jeunesse. Urukiko rw’ikirenga rwo icyo gihe ntirwabagaho. Ingoro y’Inteko Ishinga amategeko yatangiye kubakwa mu 1980, yuzura mu 1989 ari nabwo yatashwe ku mugaragaro; gusa Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko bo binjiye gukorera muri iyi ngoro mu ntango za 1990. Ubwo ako kanama CND kimukiraga muri iyi ngoro nibwo rero abantu bakomeje kuhita muri CDN. Jenoside yakorewe abatutsi 1994 igitangira, ingoro y’Inteko ishinga amategeko yarasenywe. Icyo gihe ingabo za guverinoma ariko cyane cyane abasirikare bari bashinzwe kurinda Perezida Habyarumana bayimisheho ibisasu bya rutura byaturukaga ahanini muri Camp GP (Ikigo cy’abasirikare barinda Perezida). Iyi ngoro ikaba yararaswaga kuko yari icumbikiye ingabo za FPR Inkotanyi n’abanyapolitiki bahagarariye uwo mutwe bari baraje mu Rwanda mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano y’Arusha yasinyirwaga Arusha muri Tanzaniya. Kubera ko iyi ngoro yari yangiritse cyane, nyuma ya jenoside Inteko ntiyashoboye kubona aho ikorera byoroshye. Abadepite gusa nibo bakoreraga mu cyumba cy’inteko rusange yabo no mu biro bimwe na bimwe mu gihe iyi ngoro yarimo isanwa. Sena ikimara kujyaho mu 2003 yabanje gukorera mu nyubako ya Telecom ku Kacyiru kuko Ingoro y’Inteko nyirizina yari ikirimo gusanwa. Sena ikaba yarinjiyemo mu ngoro y’Inteko Ishinga amategeko mu 2005, nyuma y’isanwa ryagoranye. Imiyoboro www.parliament.gov.rw Rwanda
3521
https://rw.wikipedia.org/wiki/Igiturukiya
Igiturukiya
Ururimi rwa Igiturukiya cyangwa Igituruki , Ikinyaturukiya (izina mu giturukiya : Türkçe cyangwa Türk dili, Türkiye Türkçesi) ni ururimi rw’abaturukiya na rwa Turukiya na Shipure y’Amajyaruguru. Itegekongenga ISO 639-3 tur. Alfabeti y’ikinyaturukiya Ikinyaturukiya kigizwe n’inyuguti 29 : a b c ç d e f g ğ h ı i j k l m n o ö p r s ş t u ü v y z inyajwi 8 : a e ı i o ö u ü indagi 21 : b c ç d f g ğ h j k l m n p r s ş t v y z umugereka – ubuke a / ı / o / u → -lar : ayak – ayaklar ikirenge – ibirenge ağaç – ağaçlar igiti – ibiti taş – taşlar ibuye – amabuye balık – balıklar ifi – amafi tavşan – tavşanlar urukwavu – inkwavu kadın – kadınlar umugore – abagore kız – kızlar umukobwa – abakobwa oğlan – oğlanlar umuhungu – abahungu çocuk – çocuklar umwana – abwana kol – kollar ukuboko – amaboko e / i / ö / ü → -ler : erkek – erkekler umugabo – abagabo bebek – bebekler uruhinja – impinja el – eller ikiganza – ibiganza ev – evler inzu – amazu diş – dişler iryinyo – amenyo Amagambo n’interuro mu gituruki Merhaba – Muraho Hoş geldin – Murakaza neza Nasılsın? – Amakuru? İyiyim – Ni meza Hangi dilleri konuşabiliyorsun? – Uvuga izihe ndimi? Biraz Ruandaca konuşabiliyorum – Kinyarwanda cyanje n'igikye Bilmiyorum – Simbizi Biliyorum – Ndabizi Türkçe kitap – Igitabo mu gituruki Evet – Yego Hayır – Oya Ne? – Iki? Neden? / Niye? / Niçin? – Kuki? Nasıl? – Bite? Kim? – Nde? Kimler? – Bande? Ne zaman? – Ryali? çocuk – umwana çocuğum – umwana wanjye çocuğun – umwana wawe çocuğu – umwana we çocuğumuz – umwana wacu çocuğunuz – umwana wanyu çocuğu – umwana wabo kitap – igitabo kitabım – igitabo cyanjye kitabın – igitabo cyawe kitabı – igitabo cye kitabımız – igitabo cyacu kitabınız – igitabo cyanyu kitabı – igitabo cyabo inek – inka ineğim – inka yanjye ineğin – inka yawe ineği – inka ye ineğimiz – inka yacu ineğiniz – inka yanyu ineği – inka yabo Gidiyorum – Ndagenda cyangwa Ngiye Gidiyorsun – Uragenda cyangwa Ugiye Gidiyor – Aragenda cyangwa Agiye Gidiyoruz – Turagenda cyangwa Tugiye Gidiyorsunuz – Muragenda cyangwa Mugiye Gidiyorlar – Baragenda cyangwa Bagiye Yiyorum – Ndarya Yiyorsun – Urarya Yiyor – Ararya Yiyoruz – Turarya Yiyorsunuz – Murarya Yiyorlar – Bararya Imibare sayı – umubare sayılar – imibare bir – rimwe iki – kabiri üç – gatatu dört – kane beş – gatanu altı – gatandatu yedi – karindwi sekiz – umunani dokuz – icyenda on – icumi on bir – cumi na rimwe on iki – cumi na kaviri on üç – cumi na gatatu on dört – cumi na kane on beş – cumi na gatanu on altı – cumi na gatandatu on yedi – cumi na karindwi on sekiz – cumi n’umunani on dokuz – cumi n’icyenda yirmi – makumyabiri yirmi bir – makumyabiri na rimwe yirmi iki – makumyabiri na kaviri yirmi üç – makumyabiri na gatatu yirmi dört – makumyabiri na kane yirmi beş – makumyabiri na gatanu yirmi altı – makumyabiri na gatandatu yirmi yedi – makumyabiri na karindwi yirmi sekiz – makumyabiri n’umunani yirmi dokuz – makumyabiri n’icyenda otuz – mirongo itatu kırk – mirongo ine elli – mirongo itanu altmış – mirongo itandatu yetmiş – mirongo irindwi seksen – mirongo inani doksan – mirongo cyenda yüz – ijana bin – igihumbi Wikipediya mu gituruki http://tr.wikipedia.org/wiki/Ana_Sayfa Notes Imiyoboro Türk Dil Kurumu (mu gituruki) Indimi z’ikinyaturukiya Turukiya Shipure y’Amajyaruguru
3522
https://rw.wikipedia.org/wiki/Inteko%20ishinga%20amategeko
Inteko ishinga amategeko
Inteko ishinga amategeko cyangwa Parlement Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Inteko Ishinga Amategeko ya Ositaraliya Inteko Ishinga Amategeko ya Afuganisitani Inteko ishinga amategeko ya Koreya y'Amajyepfo Inteko Ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Inteko Ishinga Amategeko y'uBusuwisi Inteko ishinga amategeko y'ubufaransa Demokarasi
3529
https://rw.wikipedia.org/wiki/Noruveje
Noruveje
Noruveje cyangwa Norvege (izina mu kinyanoruveji bokmål : Norge ; izina mu kinyanoruveji nayinorusiki : Noreg) n’igihugu mu Burayi.umurwa mukuru ni oslo. Muri Noruveje, hari imyaka cumi y’indero y’intango umwana wese ategerezwa kwiga; bisigura yuko ababyeyi bategerezwa kurungika abana babo mu mashure bakanakora kuburyo imyimenyerezo bahawe bayikora. Ishure ritoya n’ishure rikuru ritangura vyigwa kuri gusa, kandi ubutegetsi bw’agace ubamwo buriha ibitabo vy’amashure y’abana. W’umwana wabo maze bagafata ingingo niba umwana wabo azogira iki Noruveje nk’ururimi rwa mbere canke urwa kabiri. Umunyeshure ashobora guhindura akava mu ki Noruveje nk’ururimi rwa kabiri akaja mu masomo asanzwe akoresha iki Noruveje mu gihe cose azoba yiga. Ibihugu Noruveje
3531
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikinyankore
Ikinyankore
Ikinyankore ni ururimi rw’abanyankore na rw’Uganda. Itegekongenga ISO 639-3 nyn. Abanyankore bita ururimi rwabo Runyankole cyangwa Runyankore. Mu nyandiko ziza gukurikira hari aho tuza kuvuga ngo ijambo iri n’iri rifitanye isano n’ururimi rw’ikinyankore (abanyankore bita ururimi rwabo urunyankore). Ubundi twagombye kuvuga Runyankore-Rukiga, mu magambo abiri ahujwe n’akarongo gatambitse. Twasanze gukoresha ariya magambo abiri byajijisha kandi icyo tugamije ari ugusobanura ku buryo bwumvikana kuri bose, ntakwibaza ibindi bibazo. Kubafite amatsiko, abakiga bita ururimi rwabo urukiga naho abanyankore bakita ururimi rwabo urunyankore. Izi ndimi zombi rero zirasa cyane, kimwe nk’ikinyarwanda n’ikirundi. umugereka – ubuke Omunyankore – Abanyankore Umunyankore – Abanyankore Omukiga – Abakiga Umukiga – Abakiga omwami – abaami umwami – abami omushaija – abashaija umugabo – abagabo omukazi – abakazi umugore – abagore omwana – abaana umwana – abwana ekyenyanja – ebyenyanja ifi – amafi ekigyere – ebigyere ikirenge – ibirenge omukono – emikono ukuboko – amaboko (cyangwa ikiganza – ibiganza) orurimi – endimi ururimi – indimi Amagambo n’interuro mu kinyankore Ogume gye (Mugume gye, Musiibe gye) – Mwirirwe (cyangwa Muramuke) Webare (Yebare [for singular] Mwebare) – Murakoze amaizi – amazi caayi – icyayi Imibare emwe – rimwe ibiri – kabiri ishatu – gatatu ina – kane itaano – gatanu mukaaga – gatandatu mushanju – karindwi munaana – umunani mwenda – icyenda ikumi – icumi ikumi n’emwe – cumi na rimwe (makumi) ebiri – makumyabiri (makumi) ashatu – mirongo itatu (makumi) ana – mirongo ine (makumi) ataano – mirongo itanu nkaaga – mirongo itandatu nshanju – mirongo irindwi kinaana – mirongo inani kyenda – mirongo cyenda kikumi – ijana bibiri – magana abiri bishatu – magana atatu bina – magana ane bitaano – magana atanu rukaaga – magana atandatu rushanju – magana arindwi runaana – magana inani rwenda – magana cyenda rukumi – igihumbi Imiyoboro https://web.archive.org/web/20121224173351/http://mzunguuganda.tripod.com/sitebuildercontent/sitebuilderfiles/runyankole-training.pdf Indimi z’ikibantu
3534
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikirundi
Ikirundi
Ikirundi ni ururimi rw’Abarundi. Itegekongenga ISO 639-3 run. Ikirundi gisa n’Ikinyarwanda, ururimi rw’u Rwanda, n’Igiha, ururimi rwo muri Tanzaniya. Ikirundi n’Ikinyarwanda icongereza icyongereza canke cyangwa UMURINGA Imibare rimwe – rimwe kabiri – kabiri gatatu – gatatu kane – kane gatanu – gatanu gatandatu – gatandatu indwi – karindwi umunani – umunani icenda – icyenda on – cumi Wikipediya mu kirundi http://rn.wikipedia.org/wiki/Main_Page Indimi z’ikibantu Burundi
3535
https://rw.wikipedia.org/wiki/Igiswahili
Igiswahili
Igiswahili cyangwa Igiswahiri (na igiswayili cyangwa igiswayiri) ni ururimi rwa Kenya, Tanzaniya, Ubugande, Rwanda, Burundi na Zayire. Itegekongenga ISO 639-3 swa. Ururimi rw’igiswahiri ni rumwe mu ruzahuza abaturage benshi batuye mu Bihugu 5 bigeze Umuryango w’Ibihugu by’Iburasirazuba EAC aribyo u Burundi n’u Rwanda. Nubwo ibyo Bihugu bifite amateka amwe ariko bikaba bitandukanywa n’uburyo byakoronejwe, ibyo bigatuma bivuga indimi zitandukanye cyane cyane icyongereza kivugwa mu Bihugu bitatu byakoronijwe n’abongereza aribyo Uganda, Kenya na Tanzaniya, naho u Burundi n’u Rwanda byakoronijwe n’u Bubiligi bikavuga Igifaransa, usanga ururimi rw’igiswahili ari rwo abaturage benshi abize n’abatize bahuriraho mu buzima bwa buri munsi akaba ari narwo rurimi ruvugwa cyane mu mibanire y’abatuye EAC cyane cyane urwo rurimi rukaba rukoreshwa mu bucuruzi, mu muziki, mu mikino, mu madini n’ahandi, naho igifaransa n’icyongereza bikavugwa mu buzimam mu buyobozi. Mu rwego mpuzamahanga, Igiswahili gifata intera kirushaho gukoreshwa dore ko ubu kibarirwa mu ndimi zigenda zirushaho kuvugwa n’abantu benshi cyane cyane mu nganda, ubuhahirane n’ubucuruzi. Izo mpamvu zose nizo zatumye ikinyamakuru Izuba Rirashye ryegereye Abanyarwanda batandukanye mu duce twose tw’Igihugu, mu rwego rwo kumenya uko bafata urwo rurimi n’uruhare babona rwagira mu kuzahuza abatuye EAC, dore ko unasanga Abanyarwanda batari bake bavuga Igiswahili. Imyandikire y’igiswayire Igiswayire kigizwe n'inyuguti 24 : a b c d e f g h i j k l m n o p r s t u v w y z inyajwi 5 : a e i o u ingombajwi 26 : b ch d dh f g gh h j k kh l m n ng’ ny p r s sh t th v w y z ibihekane : mb mv mw nd ng nj nz Wikipediya mu giswahili http://sw.wikipedia.org/wiki/Mwanzo Imiyoboro http://www.izuba.org.rw/index.php?issue=120&article=1725 Indimi z’ikibantu Kenya Tanzaniya Ubugande Rwanda Burundi Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo
3539
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ay%E2%80%99urukundo%20%28filimi%29
Ay’urukundo (filimi)
filimi Ay’urukundo Nk’uko twabitangarijwe na Willy Ndahiro, filimi amosozi y’urukundo yaje kwitwa Ay’urukundo mu minsi mike irerekanwa ku mugaragaro, uyu Willy akaba ariwe wayikoze afatanyije na Stave Ntasi, ni filimi imara isaha n’igice ikaba ivuga inkuru y’umusore wigaga i mahanga waje gukundwa n’umwali bahuriyeyo, umusore ntiyamukunda kubera ingeso zitari nziza uwo mwali yari afite. amasomo arangiye baratashye, umusore abenguka undi mwali wari umunyuze ariko uwo bavanye i mahanga bimutera ishyali rimukoresha ibyaje gutuma akurikiranwa n’ubuyobozi. Filimi
3540
https://rw.wikipedia.org/wiki/Sekiriko%20%28filimi%29
Sekiriko (filimi)
Sekiriko ni filimi nyarwanda ya comedy (zimwe zisetsa abantu), imaze gukorwa na Emma entertainment God with us, ikigkorwa cyo kuyitunganye kikaba cyararangiye kuwa 23 Ugushyingo uyu mwaka. Filimi
3541
https://rw.wikipedia.org/wiki/Machete%20%28filimi%29
Machete (filimi)
Machete ni imwe muri filimi zitegerejwe cyane, ikaba izagaragara bwa mbere ku ya 3 ugushyingo uyu mwaka turimo. ikaba ari filimi iri gukorwa na Robert Rodriguez afatanije na Ethan Maniquis. bakaba baritabaje Danny Trejo, Michelle Rodriguez na Jessica Alba ku myanya y’ibanze. iyi filimi ikazaba iri mu bwoko bwa Action, ikazaba ifite igihe cy'isaha 1 n’iminota 45, aho izaba ibara inkuru y’imipanga n’umucamanza w’umunya Mexique. Filimi
3544
https://rw.wikipedia.org/wiki/Hotel%20Rwanda
Hotel Rwanda
Ifilimi « Hôtel Rwanda » Paul Rusesabagina ni umunyarwanda uvugwa muri Filimi yitwa Hôtel Rwanda aho bavuga ko yagiriye neza impunzi zari zarahungiye muri Hotel yari akuriye yitwa Mille Collines mu gihe cya Jenoside y’Abatutsi muri Mata 1994. Amakuru dukesha urubuga rwa RNA aravuga ko uyu mugabo wakinnye muri iriya film afite izina rya Rusesabagina Paul aho yabashije gukiza abantu batagira ingano muri Hôtel des Milles Collines, nkuko bigaragara muri iyo film, azaba ari mu Rwanda kuwa 05/06/2010, akazaba ari ku munsi mpuzamahanga w’ibidukikije. Tubamenyeshe ko Don Cheadle yavuze hirya no hino ibijyanye no kurengera ibidukikije, akanasaba abayobozi b’ibihugu gusinya amasezerano ajyanye no kurwanya ibyuka buhumanya ikirere, aha hakaba ariho Umuryango w’abibumbye wahereye umuha uriya mwanya w’icyubahiro. Nta gushidikanya ko filimi “Hotel Rwanda” yamenyekanishije jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kurusha uko ibindi bitangazamakuru byo ku isi yose byabikoze. Iyo filimi yakozwe na Hollywood igakinwa n’abakinnyi bakomeye kandi b’ibirangirire, yazengurutse isi, imenyekanisha jenoside. Mu by’ukuri ni imfashanyigisho iboneye yo kwifashisha mu gutanga amasomo kuri jenoside yakorewe Abatutsi isi yose irebereye. Twari twishimiye ko Abanyaburayi, Abanyamerika, Abanyaziya n’Abanyafurika bo mu byiciro binyuranye bose bashaka kumenya jenoside, kwitandukanya n’abakoze icyo cyaha cyibasiye inyokomuntu no kumenya ukuntu batereranywe n’Umuryango Mpuzamahanga. Twizeraga ko ibi bizatuma ntibizongere ukundi batahwemye gusubiramo nyuma ya jenoside y’Abayahudi, iba ukuri koko. Iyo filimi ivuga muri make ku mpamvu zateye jenoside, ari ukuvangura no guhindura Abatutsi ba nyirabayazana b’ibibi byose, ibi akaba ari na byo byorohereje Abahutu b’intagondwa gukora jenoside. Iyo filimi kandi igaragaza ko habayeho Abahutu b’intwari bitandukanyije n’ingengabitekerezo ya jenoside, bakarokora bamwe mu benegihugu b’Abatutsi. Umwe muri abo bantu bavugwa akaba yaba ari Paul Rusesabagina, ugaragazwa nk’intwari muri iyo filimi. Atangira ingendo ze, Paul Rusesabagina yubahirizaga intego ya filimi, ari yo kumenyekanisha jenoside y’Abatutsi no gutandukanya abajenosideri b’Abahutu n’abandi Banyarwanda ndetse no kwemera intwari, nk’uko Rusesabagina yerekanwa muri iyo filimi. Nyamara, uko yumvaga agenda atumbagira mu ikuzo, Paul Rusesabagina yatangiye gufata undi murongo no kwigisha ibindi bintu bitandukanye n’ubworoherane n’ubwiyunge. Ubwo atangira gukwirakwiza inyigisho zipfobya/zihakana iyo jenoside yakagombye gusobanura. Uko twagiye dukurikirana ibiganiro bye, twasanze agenda ateshuka cyane ku ntego nkuru ya filimi, ibyo bikaba bishobora gushegesha imitima ya benshi, cyane cyane mu rubyiruko rwari rwaramaze kwishyiramo ko ku isi habonetse intwari nyakuri. Dore zimwe mu ngingo dushaka kugaragaza amazi atari yarenga inkombe. Umuziki Imiyoboro Paul Rusesabagina, Itwari cyangwa umutekamutwe ? Dr Jean Kamanzi, Mutarama 2006 Don Cheadle wakinnye film ‘Hotel Rwanda’ yagizwe ambasaderi wa Loni ushinzwe ibidukikije Filimi Itsembabwoko ry’u Rwanda ry’1994
3546
https://rw.wikipedia.org/wiki/Igiceceni
Igiceceni
Igiceceni (izina mu giceceni: Нохчийн мотт cyangwa Noxçiyn mott) ni ururimi rw’abaceceni na rwa Ceceniya. Itegekongenga ISO 639-3 che. umugereka – ubuke арц – аьрцнаш umusozi – imisozi мотт – меттанаш ururimi – indimi бутт – беттанаш ukwezi – amezi йоI – мехкарий umukobwa – abakobwa бож – бежалой ihene – ihene етт – хьелий inka – inka Amagambo n’interuro mu giceceni Муха ду гIуллакхаш? – Amakuru? Баркалла – Ni meza ХIаъ – Yego ХIан-хIа – Oya Imibare цхьаъ – rimwe шиъ – kabiri кхоъ – gatatu диъ – kane пхиъ – gatanu йалх – gatandatu ворхI – karindwi бархI – umunani исс – icyenda итт – icumi Alfabeti y’igiceceni Wikipediya mu giceceni https://web.archive.org/web/20130424193228/http://ce.wikipedia.org/wiki/%D0%9A%D0%BE%D1%8C%D1%80%D1%82%D0%B0_%D0%B0%D0%B3I%D0%BE Indimi z’ikinyakokaze Ceceniya
3547
https://rw.wikipedia.org/wiki/Icyabukaziyani
Icyabukaziyani
Abukaziyani (izina mu abukaziyani: аҧсуа бызшәа cyangwa аҧсшәа) ni ururimi rwa Abukaziya na Turukiya. umugereka – ubuke -қәа абыраҟ – абыраҟқәа ibendera – amabendera аҵла – аҵлақәа igiti – ibiti аҧсыӡ – аҧсыӡқәа ifi – amafi ажьа – ажьақәа urukwavu – inkwavu Imibare ахыҧхьаӡара – umubare ахыҧхьаӡарақәа – imibare акы – rimwe ҩба – kabiri хҧа – gatatu ҧшьба – kane хуба – gatanu фба – gatandatu быжьба – karindwi ааба – umunani жәба – icyenda жәаба – icumi жәеиза – cumi na rimwe жәеҩа – cumi na kaviri жәаха – cumi na gatatu жәиҧшь – cumi na kane жәыху – cumi na gatanu жәаф – cumi na gatandatu жәибжь – cumi na karindwi жәаа – cumi n’umunani зеижә – cumi n’icyenda ҩажәа – makumyabiri ҩажәеи акы – makumyabiri na rimwe ҩажәеи ҩба – makumyabiri na kaviri ҩажәеи хҧа – makumyabiri na gatatu ҩажәеи ҧшьба – makumyabiri na kane ҩажәеи хуба – makumyabiri na gatanu ҩажәеи фба – makumyabiri na gatandatu ҩажәеи быжьба – makumyabiri na karindwi ҩажәеи ааба – makumyabiri n’umunani ҩажәеи жәба – makumyabiri n’icyenda ҩажәеи жәаба – mirongo itatu ҩынҩажәа – mirongo ine ҩынҩажәа жәаба – mirongo itanu хынҩажәа – mirongo itandatu хынҩажәа жәаба – mirongo irindwi ҧшьынҩажәа – mirongo inani ҧшьынҩажәа жәаба – mirongo cyenda шәкы – ijana зқьы – igihumbi Alfabeti y’Icyabukaziyani Wikipediya mu cyabukaziyani http://ab.wikipedia.org/wiki/Ихадоу_адаҟьа Indimi z’ikinyakokaze Abukaziya
3548
https://rw.wikipedia.org/wiki/Amazina%20nyarwanda
Amazina nyarwanda
Inyuguti A Adela; Abayo;Atete; Abewe – Abijuru; Abera ; Abeza ; Ahoraho; Abamahoro; Abariza, Abayizera; Akiduhaye; Akimana; Akizanye ; Akeza - Abayisenga Abimana & ,Aganze,Agabe,Ategeke, ,Ahwishakiye ,Amizero, Atone ,Akayisenga, Ahirwe ASIFIWE, Ariho, Aradukunda,Ashimwe, Abeho; Ategeke;Akuzwe; Atsinde,Atuze, Arema,Azabe Bikorimana== Inyuguti B == Bana, Bayihiki – Bambe – Batamuriza – Bazatoha – Bazimya – Benda – Bengeza – Beraho – Bicura – Bigirimana – Bigwi; Bihogo – Bihoyiki – Binama – Birasa – Bisamaza – Bisangwa – Biseruka – Biseseme – Bucagu – Bucyana – Bucyanayandi – Bugingo – Bugirande – Buhigiro – Bukuba – Bumari – Buregeya – Busanane – Bushayija – Busyeti – Buzizi – Bwakira – Bwankoko – Bwimba – Bwiza – Byagutunga – Byemero – Byiringiro – Byukusenge – Byusa - Bikamba - Banganirora - Bungurubwenge - Bisetsa- Bagwaneza- Benimana- Beza-Butare- Burabyo-Byose - Byirato- Bizumuremyi Inyuguti C Candari - Coca - Condo - Cyibukayire - Cyirima - Cyimana - Cyitatire - Cyamatare - Cyusa - Cyuzuzo - Cyogere - Cyomoro- Cyiza - Cyubahiro - Cyizere - Cyimbo - Cyinyambo Inyuguti D Dusabane - Dusabe -Duhirwe- Dusengimana - Dushime - Dushimire - Duhirwe - Dukunde - Dufatanye - Dusenge - Duhimana - Dukuze - Duhimbaze - Dukuzimana - Dusabamahoro-Dusenabo Inyuguti E Emera - Emerimana- Erura- Eza - Era Inyuguti F Fungamuka - Furuma - Furaha - Fulani - Feza - Fungaroho - Fatuma - fufu Inyuguti G Ganza - Gwiza - Gashema-Gasigwa -Gatabazi- Gahigi -Gafirita- Gakuba-Gakwaya - Gitwaza - Gatwaza- Giringabo - Giramata (f) - Gasasira - Gasarasi-Gasarabwe - Gore - Gabiro - Gabo Inyuguti H Habanabakize,habarurema, Habinshuti, Habyarimana, Hagenimana, Habimana, Haguma,Hagumimana, Hakizabera,Hakizamungu,Hakizimana,Hakorimana, Harerimana,Havugimana, Hitimana -Hategekimana Habanabashaka-Hitayezu-Hitiyaremye-Harebamungu-Higiro-Haguminshuti- Hirwa,Higa, Higaniro, Hakuzimana, Inyuguti I Ishyo, Ishimwe,Ikuzo ,Iranzi, Iradukunda,Izabayo, Indebere, Ikuzwe, Impano,Irakoze, Izere, Ineza, Isimbi,Irisa, Iriza, Isaro, isheja,Iriho, Ihimbazwe, Iriho, Izabayo, Imanishimwe, Iranzi, Izibyose, Iyadukunze, Irimaso, Irinatwe, Ingabire,Ihorere Ishami,Ijabo,Ishya,Inema,Imena, Ingeri,Inganji, Ihoza,Ihumure,Ihogoza,Ingenzi, Intsinzi, Irafasha, Ineza, Irabona, Irambona, Iradukunda, Isingizwe, Iganze, Ihogoza,Irera,Inkindi, Irebe, Ibambe, Igabe, Iganze Inyuguti J Jabo – Jambo; Juru; Jabiro; Janja; Inyuguti K Kabagambe (m) – Kabahita (m) – Kabalisa (m) – Kabanda (m) – Kabandahe (m) – Kabandana (m) – Kabango (m) – Kabano (m) – Kabarira (m) – Kabatsi (m) – Kabayita (m) – Kabayiza (m) – Kabeja – Kabengera (m) – Kabera (m) – Kabibi (m) – Kabukwisi (m) – Kaburame (m) – Kabuto – Kadamari (f) – Kagaba (m) – Kagabo (m) – Kagaju (m) – Kagambage (m) – Kagame – Kagame (m) – Kageruka (m) – Kageza (m) – Kagoro (m) – Kagoyire (m) – Kagurukiza (m) – Kagwenyonga (f) – Kalisa (m) – Kamabera (f) – Kamagaju (f) – Kamali (m) – Kamanzi (m) – Kamariza (f) – Kamasa (m) – Kamatali (m) – Kambayire (f) Kamegeri (m) – Kamikazi ,Kami(f)(f) Kamiya (m) – Kamondo (f) – Kamongi (m/f) – Kampayana (m) – Kampirwa (f) – Kampire(f) Kampogo (f) – Kkampororo(f) Kamugema (m) – Kamugire (f) – Kamugunga (m) – Kamuzinzi (m) – Kamwenubusa (m) – Kana (m) – Kanamugire (m) – Kanayoge (m) – Kandagaye (m) – Kandeke (m) – Kandenzi (f) – Kandekwe (m) – Kangeyo (f) Kangabe(f)– Kanimba ,(m) – Kankera (f) – Kankuyo (f) – Kankwanzi (f) – Kanobana (m) – Kantamati (f) – Kantengwa (f) – Kanyamahanga (m) – Kanyamanza (m) – Kanyambuga (m) – Kanyamugenge (m) – Kanyangira – Kanyarengwe (m) – Kanyarutoke (m) – Kanyemera (m) – Kanyenzi (m) – Kanzana (f) – Kanzayire (Cyanzayire) – Karamuka(m) – Karake (m) – Karama (m) – Karambizi (m) – Karangwa (m) – Karangirwa(m,f) Karani (m) – Karege (m) – Karegeya (m) – Karekezi (m) – Karema (m) – Karemangingo (m) – Karengera (m) – Karenzi (m) – Karenzo (m) – Karera (m) – Karikurubu (m) – Karima (m) – Karinganire (m) – Karinijabo (m) – Karuranga (m) – Karuretwa (m) – Karyabwite – Katabarwa (m) – Kataka – Kataramuka (m) – Kavaruganda(m) – Kavuna – Kavuna (n) – Kavutse (m) – Kayabo (m) – Kayibanda (m) – Kayigi (m) – Kayigumire (m) – Kayihunda (m) – Kayihura (m) – Kayijamahe (m) – Kayijuka – Kayijuka (m) – Kayinamura – Kayiranga (m) – Kayirangwa (f) Kayirebwa (f) – Kayishema (m) – Kayisinga (m/f) – Kayisingirwa (f) Kayisire (f) – Kayitaba (m) – Kayitakibwa (m) – Kayitana – Kayitankore (m) – Kayitare – Kayiranga(m)Karangwa(m) Kayitakire Kayitasire Kayitesi (f) – Kayitsinga – Kayonde (m) – Kayonga (m) – Kayumba (m) – Kibuye (m) – Kidedeli – Kimanuka – Kimenyi (m) – Kimizi (m) – Kimonyo (m) – Kinyoni (m) – Kirazi (m) – Kiroha (m) – Kiromba (m) – Komeza – Kurazikubone – Kwizera KAMANAYO– Karamira, Karasira Kimuri, Kwihangana ,KAMIRINDI,Kageme, Kalitanyi, Kalisa, Kamariza, Kamikazi,Kawera(f) - Kamana (m) Inyuguti L Linguyeneza - Linganw - Liboneye - Lizinde- Liza Inyuguti M Mabano (m) – Mafene (m) – Maganya (m) – Magayane(m) – Mageza (m) – Makombe (m) – Makuza (m) – Mambo (m) - Manzi (m) – Masabo (m) – Mashira (m) – Matabaro (m) – Matata (m) – Matene (m) – Mavugabandi (m) – Mazimpaka (m) – Mbanda (m) – Mbarutso (m) – Mberabahizi Mbishibishi (m) – Mbungira (m) – Mfuruta (m) – Miburo (m) – Migabo (m) – Migezo (m) – Minega (m) – Mirasano (m); Mirimba (m) – Miseke (m) – Mpambara (m) Mpabuka(m) – Mpitabakana (m) – Mpogazi (m) – Muberuka (m) – Mucumangendo (f) – Mucyo (f) &Nash; Mudenge (m) – Mugabukenga (m) – Mugabushaka (m) – Mugarura (m) – Mugenzi (m) – Mugemahica (m) – Mugemana (m) – Mugemanshuro (m) – Muhakwa (m) – Muhigirwa (m) – Muhikira (m) – Muhimpundu (f) – Muhire (m) – Muhirwa (m) – Muhongeshanseko (f) – Muhongerere (f) – Muhongerwa (f) – Muhorakeye (f) – Mujijima (m) – Mujinya (m) – Mukabagire (f) – Mukama (m) – Mukamisha (f) – Mukamugema (f) – Mukamusana (f) – Mukamusoni (f) – Mukamuyango (f) – Mukandamage (f) – Mukangamije (f) – Mukansanga (f) – Mukantagara (f) – Mukanyangezi (f) – Mukanyarwaya (f) – Mukanyemazi (f) – Mukanyonga (f) – Mukarage (m) – Mukaremera (f) – Mukarutabana (f) – Mukarutesi (f) – Mukaruziga (f) – Mukazayire (f) – Mukiga (m) –Mukunzi Mukurira (m) – Mukuralinda (m) – Mukwende (m) – Mukwiye (m) – Mulenzi (m) – Mulindabigwi (m) mulindwa – Munana (m) – Munanira (m) – Mundere (m) – Munyagasheke (m) – Munyakarambi (m) – Munyakayanza (m) – Munyampundu (m) – Munyandamutsa (m) – Munyangoga (m) – Munyangango/Munyengango (m) – Munyanziza (m) – Munyaneza (m) – Munyarigoga (m) – Munyanyebinja (m) – Munyentwali (m) – Munyeragwe (m) – Munyeshuri (m) – Munyeshyaka (m) – Munyeshya (f) – Munyeyinga (m) – Munyinya (m) – Mupagasi (m) Murame (m) – Murangamirwa (f) – Murangira (m) – Murara (m) – Murasandonyi (m) – Murekatete (f) – Murekezi (m) – Murera Mureramanzi- Murutamanga (m) – Musafiri (m) – Musaniwabo (m/f) – Musabyimana (m) – Museruka (m) – Musindi (m) –– Musinga (m) – Musomakweli (m) – Musonera (m) – Musoni (m) – Musheshembugu (f) – Mushonganono (f) – Mutabagisha (m) – Mutabaruka (m) – Mutambarungu (m/f) – Mutambuka (m) – Mutamuriza (f) – Mutagawa (m) – Mutagisha (m) – Mutangana (m) – Mutatsinema (f) – Mutara (m) – Muteteri (f) – Mutegwaraba(f) – Mutumwambazi (f) – Mutumwinka (f) – Mutungirehe (m) – Muvunyi (m) – Muyenzi (m) – Muzungu (f,m) Mwemezi (m) – Mwerekande (m) – Mwiza (f) – Mbonyebyombi(M) – Munyabarenzi – Mihigo – Manzi – Mahoro – Mugwaneza – Marara – Maniraho – Muhawenayo – Mugenga – Muheto; Musumbakazi; Munyana; Musindarwejo; Murasira; Murebwanayo; Mushikiwabo; Muzirankoni; Inyuguti N Nakure – Naho (m) – Nayigiziki (m) – Ncamihigo (m) Ncogoza (m) – Ndabakenga (m) – Ndabambalire (f) – Ndagije (m) – Ndagijimana (m) – Ndahindurwa (m) – Ndahiro (m) – Ndakaza (m) – Ndakorerwa (m) – Ndamage (m) – Ndangamyambi (m) – Ndanguza (m) – Ndateba (m) – Ndayambaje (m) – Ndayisenga (m) – Ndayitabi (m) – Ndayizigiye (m) – Ndekezi (m) – Ndengejeho (m) – Ndikumwenayo (m) Ndimbati (m) – Ndimukaga (m) – Ndimurwango (m) – Ndinda (m) – Ndizeye (m) – Ndongo (m) – Ndongozi (m) - Ndori (m) - Ndoli (m) – Ndorimana(m) - Ndorindagiye - Ndungutse (m) – Ngabo (m) – Ngabonzima (m) – Ngabonziza- Ngaboyisonga (m) – Ngamije (m) – Ngango (m)- Ngarama (m) – Ngarambe (m) – Ngarure (m) – Ngegera (m) – Ngendandumwe (m) – Ngirabakunzi (m) – Ngiruwonsanga (m) – Ngoga (m) – Ngomanzungu (m) – Ngurumbe (m) – Ni(yi)bizi (m) – Ni(yi)shaka (m) – Niyitegeka (m) – Nibishaka (m) – Nicyolibera (m) – Nijimbere (m) – Nikwigize (m) – Niyo (u) – Niyigena- Niyonzima (m) – Nkangabeshi(m) – Nkangabarashi(m) Nkera (m) – Nkerabera (m) – Nkerabigwi (m) – Nkeragasani (m) – Nkeragusenga (m) – Nkeragutabara (m) – Nkerahayo (m) – Nkeramahame (m) – Nkeramigambi (m) – Nkeramihigo (m) – Nkeramugaba (m) – Nkerarugira (m) – Nkeratabaro (m) – Nkezabera (m) – Nkomati (m) – Nkongori (m) – Nkoronko (m) – Nkotanyi (m) – Nkubiri (m) – Nkubito (m) – Nkundabakize (m) – Nkuranga (m) – Nkurunziza (m) – Nkusi (m) – Nsabimana (m) – Nsanzabaganwa (m) – Nsanzabera (m) – Nsanze (m) – Nsanzurwimo (m) – Nsekalije (m) – Nsenga (m) – Ntigura Nsengimana (m) – Nsengiyumva (m) – Nshogozabahizi (m) – Nshuti (m) – Ntabahwana (m) – Ntabomvura (m) – Ntabyera (m) – Ntaganda – Ntaganda (m) – Ntagara (m) – Ntagugura (m) – Ntahobari (m) – Ntakamaro (m) – Ntakavuro (m) – Ntamabyariro (m) – Ntamahungiro (m) – Ntamakemwa (m) – Ntamavukiro (m) – Ntambabazi (m/f) – Ntambara (m) – Ntampuhwe (m) – Ntandayera (m) – Ntango (m) – Ntashamaje (m/f) – Ntawe (m) - Ntazinda (m) – Nteturuye (m) – Nteziryayo (m) – Ntibenda (m) – Ntibitangira (f) – Ntibihangana (m) – Ntidendereza (m) – Ntigashira (m) – Ntijyinama (m) – Ntilihera (m) – Ntirushwa (m) – Ntukamazina (m) – Ntukanyagwe (m) – Ntuyahaga (m) – Nyabagabo (m) – Nyabunyana (f) – Nyabyenda (m) – Nyagahakwa (m) – Nyagakecuru (f) – Nyagasaza(m) – Nyagatare (m) – Nyagisaza (m) – Nyakabwa (m) – Nyakarashi (m) – Nyakazungu (m) – Nyamacumu (m) – Nyamadigi (m) – Nyambo (f) – Nyaminani (m) – Nyampame – Nyampinga (f) – Nyamubi (m) – Nyamucenshera (m) – Nyamutezi (m) – Nyamwasa – Nyandwi (m) – Nyanebyiri (m) – Nyangezi – Nyanzira (m) – Nyaritwa (m) – Nyatanyi (m)- Nyarwa(m)– Nyemazi (m) – Nyetera (m) – Nyinawisugi(f) – Nyinawumuntu(f) – Nyirabaritonda(f) – Nyirabundibundi (f) – Nyirahuku (f/m) – Nyirahwandari (f) – Nyirahwehwe (f) – Nyirakigeri (f) – Nyirakigwene (f) – Nyiramashashi (f) – Nyiramavugo (f) – Nyiramongi (f) – Nyiramugwahashashe (f) – Nyiramugwera (f) – Nyirankera (f) – Nyirankomo (f) – Nyirantamati (f) – Nyirawera (f) – Nyirayuhi (f) – Nyirimbirima (f) – Nyiriminega (f) – Nyirimiringa (f) – Nyirindekwe (m) – Nyiringabo (m) – Nyiringango (m) – Nyiringondo – Nyiringondo (m) – Nyirinkindi (m) – Nyirinkwaya (m) – Nzabamwita – Nzabanita – Nzabonariba (m) – Nzabonimana – Nzamba (m) – Nzamwita (m) – Nzanana (m) – Nzaramba (m) – Nzarubara (m) – Nzayihorana (m) – Nzigamasabo (m) – Nzigira (m) – Nzira (m) – Nziraguseswa (m) – Nzirorera (m) –Nzayisenga - Ntawumenya - Nziza (m) Inyuguti O Ongera – Ohereza – Ogezwa Inyuguti R Rama Rangira (m) – Rebero (m) – Rekeraho (m) – Rema Ribakare (m) – Ribanje (m) – Ribarabaje (m) – Ribaye (m) – Ringuyeneza (m) – Rinigumugabo (m) – Rizinde – Rizinde (m) – Rubaduka (m) – Rubagenga (m) – Rubagumya (m) – Rubambura (m) Rubanda (m) – Rubangisa (m) – Rubangura (m) – Rubashamuheto (m) – Rubayiza – Ruberanziza (m) – Ruberwa (m) – Rubibi (m) – Ruboneka (m) – Rubuye (m) – Rucekeri (m) – Rucinya (m) – Rucogoza (m) – Rudacogora (m) – Rudahigwa (m) – Rudakemwa (m) – Rudasingwa (m) – Rudasumbwa (m) – by Rudatsikira (m) – Rufagari (m) – Rufali (m) – Rufuku (m) – Rugamba (m) – Rugege (m) – Rugemintwaza (m) – Rugerimisare (m) – Rugerinyange (m) – Rugero (both); Rugina (m) – Rugira (m) – Rugiramasasu (m) – Rugoboka (m) – Rugomwa (m) – Rugumire (m) – Ruhabura (m); Ruhama (m)- Ruhamiliza (m) – Ruhamya(m)-Ruhamyambuga (m) – Ruhamyandekwe (m) – Ruhanika (m) – Ruhashya (m) – Ruhinankiko (m) – Ruhorahoza – Ruhorahoza (m) – Ruhumuliza (m) – Rujindiri (m) – Rugandura(m) – Rukabu (m) – Rukara (m) – Rukeba (m) – Rukebesha (m) – Rukemampunzi – Rukeribuga (m) – Rukikamoso (m) – Rukimirana (m) – Rulinda (m) – Rumanyinka (m) – Rumiya (m) – Runuya (m) &ndash Rupali (m) – Rurangirwa (m) – Ruremesha (m) – Ruribikiye (m) – Rusagara (m) – Rusangwa (m) – Rusatsi (m) – Rushemeza (m) – Rushingabigwi (m) – Rushonda (m) – Rusiha (m) – Rutagarama (m) – Rutagayisasa (m) – Rutagengwa (m) – Rutagiragahu (m) – Rutanga (m) – Rutaremara (m) – Rutarindwa (m) – Rutayisire (m) – Rutebuka (m) – Rutegamihigo (m) – Rutegera (m) – Rutenderi (m) – Ruterandongozi (m) – Ruti (m) – Rutinywa (m) – Rutirwicyugu (m) – Rutiyomba (m) – Rutsindintwarane (m) – Rugwiro(m) Rutsinga – Ruvunantwali (m) – Ruvusha (m) – Ruzibiza (m) – Ruzindana – Ruzindana (m) – Rwabigwi (m) – Rwabugiri – Rwabugiri (m) – Rwabukumba – Rwabukwisi (m) – Rwabutogo – Rwabutogo (m) – Rwabyuma (m) – Rwagafirita (m) – Rwagaju (m) – Rwagasana (m) – Rwagasore (m) – Rwagatare (m) – Rwajekuruha (m) – Rwakayiru (m) – Rwakigarama (m) – Rwalinda (m) – r Rwamakuba (m) – Rwamasirabo (m) – Rwampungu – Rwamu (m) – Rwamuhizi (m) – Rwamulinda (m) – Rwamuningi – Rwamurindi – Rwangombwa (m) – Rwanyagasore (m) – Rwasa (m) – Rwasamanzi (m) – Rwasibo (m) – Rwasubutare (m) – Rwego (m) – Rwema (m) – Rwemalika (m) – Rwibutso (m ); Rwidegembya (m) – Rwigema – Rwigema (m) – Rwigemera – Rwigemera (m) – Rwirungu (m) – Rwitsibagura (m) – rrr Rwiyamirira (m) – Rwogera (m) – Rwubahuka (m) – Rwubusisi – Rwubusisi (m) – Ryabonyende (m) – Ryamukuru (m) – Ryangombe (m) – Ryumugabe (m) – Ruzagiriza (m) – Rusengamihigo (m) – Ruzibiza (m) – Rwamamara- Rutagarama; Rumuri Rwamanywa Inyuguti S Sano - Sakindi – Sendashonga – semaramba Semugeshi – Serundari – Sekabanza – Simburudari – Sakindi (m) – Samukondo (m) – Samvura (m) – Sangwa (m) – Saro (f) – Sayinzoga (m) – Sebatigita (m) – Sebera (m) – Sebununguri (m) – Seburikoko (m) – Sebuto (m) – Secyavu (m) – Secyugu (m) – Sedogo (m) – Sefuku (m) – Sekanyambo (m) – Sekagirima (Sekagilima) (m) Sekida (m) – Sekinanka (m) – Semahe (m) – Semajege (m) – Semavenge (m) – Seminega (m) – Semuhanuka (m) – Semukanya (m) – Sendagari (m) – Sendarasi (m) – Sendashonga (m) – Sendinga (m) – Sengoro (m) – Senguge (m) – Sentabyo (m) – Sentashya (m) – Senteteri (m) – Senyabuzana (m) – Senyamadari (m) – Senyamibwa (m) – Senyana (m) – Senyanzobe (m) – Senyombyi (m) – Serubuga (m) – Serudonyori (m) – Serugarukiramfizi (m) – Serukenyinkware (m) – Seruvumba (m) – Sesonga (m) – Setukuru (m) – Sezibera (m) – Sezirahiga (m) –Shami (m) Simbiyara (m) – Sindayigaya (m) – Sindikubwabo (m) – Singirankabo (m) – Sisi (m) – Sibo (m)– Siridiyo (m)– Sindikubwabo (m)– Siboyintore (m)– Simbizi (m)– Subika (m) – Sunzu (m) – Shami(m)- Shamukiga (m) – Sharangabo (m) – Shumbusho (m) – Sheja (m)- Shema (m) – Shenge(f)- Shumbusho (m) – Shyaka (m) – Shyerezo (m) – Shyirambere (m) – Shamika (f)-Songa (m)-Sangano (m) Inyuguti T Tegera - Tumwizere -Twagirayezu - Twagirumukiza - Twagirimana - Twahirwa - Twambaze - Tumushime - Tuyirate - Tuyisenge - Tuyishime - Turabumukiza-(f) - Teta - Tuyisabe Twamugize- Twayigize- Tuganimana- Tuyiringire- Tabaro- Tegibanze- Twizeyimana-Tetero Inyuguti U Udahemuka (m) – Ufitinema (f)- Ugirimfura (m) – Ukobizaba (m) – Umuberwa (f) – Umukumburwa(f) Umugaba (f) – Umugwaneza (f) – Umuhire ( f) Umulisa (f) – Umutangampundu (f) – Umutesi (f) – Unyuzimfura (m) – Uramukiwe (m) – Uwumugisha (f) Urayeneza (m) – Urujeni (f) – Ushizimpumu (f) – Uwabandi (f) – Uwajeneza (u) – Uwamahoro (f) – Uwanyirigira (f) – Uwashema (f); Uwayo (u) – Uwibambe (f/m) – Uwihanganye (m) – Uwingabire (f) – Uwishema (m) – Uwitonze-(f)Umutoniwase (f) Umutoniwabo (f) – Uwonizeye (f) – Umubyeyi (f) – Umurungi (f) – Uwizeye – Usanase – Uwimpundu – Ufitinema – Uwamaliya (f) – Umumararungu (f) – Uwantege (f) Uwisheja (f) – Uwimana (m/f) – Uwihirwe (f) – Uwera (f) – Uwankana – Uwayo_Uwingoma Uwabera(m); Umwizawase(f); Uwanjye (f); Uwanyuzimana (f) Inyuguti V Vuguziga, Vuningoma, Vamubanzi Inyuguti W Witonze, Wibabara(f); Wihogora (f) Inyuguti Y Yankurije (f), Yaratubabariye (g); Yankomeje (f); Yirirwahandi (g) Inyuguti Z Ziraje (f) ; Zaninka (f); Zuba (f); zirikana (f); Zigiranyirazo Imiyoboro Urwandanames.n.nu Kinyarwanda Amakisitu
3549
https://rw.wikipedia.org/wiki/Alexandre%20Kimenyi
Alexandre Kimenyi
Dr. Alexandre Kimenyi avuka i Rwanda. Ni umwe mu bagize amahirwe yo kwiga amashuri makuru mu gihe cye. Mu mwaka w’1971 nibwo yagiye kwiga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ntiyabashije kugaruka mu Rwanda, bityo n’abo yahasize ntibongeye guhura nawe ukundi, benshi muri bo bahitanywe na Jenoside. Yaje kubona ubwenegihugu bwa Amerika, akomerezayo imirimo ye nk’umwarimu w’indimi n’Ubuvanganzo. Mu buzima bwe, yafashe umwanya munini wo gutekereza, kwiga no gukora ubushakashatsi ku mahano n’ubugome ndengakamere ikiremwamuntu kigirira ikindi hirya no hino ku isi. Yatangiye no gutegura inyigisho (courses/lectures) zibyerekeyeho. Yanyuze mu nzira z’inzitane kugira ngo abashe kurangiza amashuri ye nk’uko yabyifuzaga. Imiyoboro Uwo mudahuje ibitekerezo si umwanzi, mutege ugutwi- Umurage dusigiwe na Prof KIMENYI Abanyepolitiki Abanyarwanda Abagabo
3552
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ikimokisha
Ikimokisha
Ikimokisha (izina mu kimokisha: мокшень кяль cyangwa mokshanj kälj ) ni ururimi rw’abamokisha na rwa Morodoviya. Itegekongenga ISO 639-3 mdf. Alfabeti y’ikimokisha Ikimokisha kigizwe n’inyuguti 33 : а б в г д е ё ж з и й к л м н о п р с т у ф х ц ч ш щ ъ ы ь э ю я umugereka – ubuke ляй – ляйхть uruzi – inzuzi кал – калхт ifi – amafi кяль – кяльхне ururimi – indimi пине – пинет imbwe – imbwe нармонь – нармоттне inyoni – inyoni Amagambo n'interuro mu kimokisha Кода тонь лемце? – Witwa nde? Монь лемозе ... – Nitwa ... Пара азан – Murakoze Пара – Meza Ина / Эле – Yego Аш – Oya аля – umugabo ава – umugore лем – izina куд – inzu лофца – amata акша – umweru Imibare фкя – rimwe кафта – kabiri колма – gatatu ниле – kane вете – gatanu кота – gatandatu сисем – karindwi кафкса – umunani вейхкса – icyenda кемонь – icumi Wikipediya mu kimokisha http://mdf.wikipedia.org/wiki/Пря_лопа Indimi z’ikinyafino-ugiriya Morodoviya
3553
https://rw.wikipedia.org/wiki/Umuvugizi%20%28ikinyamakuru%29
Umuvugizi (ikinyamakuru)
Umuvugizi: The Voice of Rwanda Umuvugizi is a Rwandan satiric news source. It is a Kinyarwanda bi-monthly newspaper and instant publishing website in both Kinyarwanda and English featuring satirical and sensational articles almost exclusively on political issues and events in Rwanda. Umuvugizi started as a highly critical newspaper but became increasingly erratic and satirical against the Rwandan government, its leadership and the president. Together with its sister newspaper, Umuseso, the main focus of their articles was that there was going to be another genocide soon, that Rwanda was undermining the security of its neighbours, that military coups in the country were eminent and so on. It was temporarily suspended in 2010 by the Rwandan Media High Council for "inciting public disorder" and defamation in breach of the media law, and its editor was sentenced to 2 and a half years in prison by the Supreme Court on the same charges. Since last year (2010) Umuvugizi publishes its satirical articles mostly on its website and its English page started in June 2011. Umuvugizi articles mix both fictional, imagined and real events in and about Rwanda or any world news and information and uses them to justify its claims about leadership failure in the country, conspiracies about leadership corruption, murders and attempted murders by the country's political and military leadership, calls for civil war to change the regime, instilling fear among its readers encouraging Rwandans to flee the country, dissuading Rwandan refugees from returning to their country especially those who live in Europe and the USA etc. It prefaces all its articles as information from "credible sources". It has recently started to post fictional audio recordings on its website about assassination attempts by the government against its opponents and claims it sources the audio records and other stories from anonymous Rwandan "intelligence agents" and other sources it always does not name "for security reasons." Umuvugizi articles capitalise on "analysis" - explaining and predicting news and events in Rwanda and never revisits its false claims when the events it tries to link to each other later prove untrue as is always the case. The reach of its current readership is not known, but the news source is ALWAYS critical of the Rwandan government and ALWAYS promotes the views and agenda of foreign and local critics, opposition groups and individuals against Rwanda, and most especially its leadership and politics. It is also not known if its Rwandan and foreign readership are aware of its highly satirical nature that is saturated with overt elements of rogue political mobilisation.
3554
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ingagi%20zo%20mu%20birunga
Ingagi zo mu birunga
Intangiriro Ingagi zo mu birunga cyangwa Ingagi zo mu misozi, Ingagi zo mu misozi miremire (izina ry’ubumenyi mu kilatini: Gorilla beringei beringei), ni bumwe mu bwoko bw’inyamaswa buri gucika cyane ku isi. Ibarura ry'ingagi Ubu habarwa ingagi zo mu birunga zigera kuri 720 ku isi yose, kandi zose ziherere mu majyaruguru y’igihugu cy’u Rwanda, mu majyepfo ya Uganda ndetse no mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Muri iyo Pariki kandi harimo andi moko y’ibinyabuzima gakondo n’andi arinzwe mu rwego rw’amasezerano mpuzamahanga abuza ubucuruzi bw’amoko y’ibinyabuzima biri hafi gucika burundu (CITES). Ingangi zabazwe ni izo muri Pariki eshatu arizo: pariki y’Ibirunga y’u Rwanda, Pariki y’Ibirunga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Parc National des Gorilles de Mgahinga yo muri Uganda. Nyamara hari izindi ziri mu ishymba ry’inzitane rya Bwindi rya Pariki y’igihugu cya Uganda. Abayobozi kandi basobobanuye ko iri barurwa ryakozwe mu rwego rwo kumenya uko ibintu byifashe ndetse no kureba uko ingagi zimerewe. Ibyavuye mu ibarura bikaba ari bumwe mu bushakashatsi bukomeye buzaba buhari bwerekana ubuzima bw’izi ngagi ndetse n’uko zibanyeho mu miryango yazo. Ibarura ryakozwe mu Birunga kuva muri Werurwe kugeza muri Mata uyu mwaka, ryerekanye ko umubare w’ingagi wiyongereyeho 26,3% mu myaka irindwi ishize. Ni ukuvuga ko zagiye ziyongeraho 3,7% buri mwaka. Iri barura ryasanze hari ingagi zo mu misozi 480 ziri mu miryango 36 hamwe n’izindi ngabo 14 zigiye zibana. Ibarura ryaherukaga kuba muri 2003, ryari ryabonye ingagi 380. Kugeza kuri uyu munsi, ushyizemo n’ingagi 302 zari zabazwe muri 2006 mu ishyamba rya Bwindi n’zindi enye zabuze ababyeyi zikaba zirererwa mu kigo cyo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, umubare w’ingagi zo mu misozi zizwi ku isi ni 786. Ingagi zo mu Birunga, zagiye zibasirwa n’intambara zo mu Karere n’ubushimusi mu myaka ishize, zamenyekanye cyane kubera nyakwigendera Dian Fossey, zikaba ari kimwe mu bintu bikururura ba mukerarugendo benshi mu Karere. Mu ishyamba ry’ibimera byiza cyane biri mu birunga bigabanya u Rwanda na Uganda niho habarizwa ingagi zo mu birunga zikunda gusurwa cyane ku isi. Iyi pariki ifite ubwoko bw’ingagi nyakwigendera Dian Fossey yapfuye agerageza kurwana ku buzima bwazo. Ingagi zo mu birunga zisigaye zigera kuri 355, kandi ibimera bihora bitoshye nibyo bituma zidakomeza gucika ku isi. Iyi pariki igizwe n’ubwoko butandukanye bw’ibimera , aho usanga hari ishyamba ry’ibimera bito ndetse harimo n’ibiti binini bitandukanye bibereye ijisho. Ingagi zo mu birunga nk’ubundi bwoko bw’inguge, ziba mu mashyamba agwamo cyane imvura. Kereka impundu (chimpanzé) nizo zishobora gutura mu bice bya savannah (ubutaka buriho ibimera bigufi kandi imvura idakunda kugwaho cyane). Ingagi zibaho zimuka buri gihe kuko zicumbika ahantu zibasha kubona ibyo kurya. Ahanini zirya ibimera kandi zikabirya ari byinshi. Ingagi zigira amenyo ameze nk’aya'abantu, niyo mpamvu zishobora gukanja ibyatsi byinshi. Ingagi z’ingabo zikuze zigira amenyo manini zikoresha iyo ziri kurwana na zigenzi zazo . Iyi nkongi yibasiye iki gice cy’ishyamba yatangiye kuwa gatandatu nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’u Rwanda ngo nta kintu kizwi neza kuba cyarateye iyi nkongi ariko ngo bishoboka kuba ari abavumvu bateye iyi nkongi ariko ngo nta numwe uratabwa muri yombi. Ibindi byerekana ko iyi nkongi yatewe n’uko ari ikirere cyateye iyi nkongi kuko hari hari ubushyuhe bwinshi. Mu mwaka wa 1978 nibwo umushinga gorille des Montagnes watangiye, maze ingagi zo mu birunga ziherereye mu gice cy’u Rwanda zitangira kumenyerezwa gusurwa naba mukerarugendo.Kuva 1973 kugeza 1989,umubare w’ingagi zo mu birunga wariyongereye ziva kuri 261 zigera kuri 324. Abantu bamwe bakeka ko ubukerarugendo bwaba bwaragize uruhare muri uku kwiyongera kw'ingagi. Notes Inyamabere
3558
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ingagi%20zo%20mu%20burengerazuba
Ingagi zo mu burengerazuba
Ingagi zo mu burengerazuba (izina ry’ubumenyi mu kilatini: Gorilla gorilla) Inyamabere
3561
https://rw.wikipedia.org/wiki/Pariki%20y%E2%80%99Ibirunga%20ya%20Repubulika%20Iharanira%20Demokarasi%20ya%20Kongo
Pariki y’Ibirunga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo
Pariki y’Ibirunga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Pariki Nasiyonali Ubukerarugendo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo
3562
https://rw.wikipedia.org/wiki/Mariko%20Polo
Mariko Polo
Ubwo Mariko Polo (1254 – 8 Mutarama 1324) yari agarutse mu mugi yari atuyemo wa Venice (soma Venise) nyuma y’imyaka myinshi yari amaze mu Burasirazuba, incuti ze zatekereje ko ingendo ze ndende zatumye aba umusazi. Yababwiye ibitekerezo batashoboye kwizera. Mariko yari yanyuze mu mugi wuzuyemo ifeza n’izahabu. Yari yarabonye amabuye y’umukara ashya, nyamara nta muntu n’umwe wari warigeze yumva iby’amahindure yaka mu birunga. Yari yarabonye umwenda udashya n’ubwo wawujugunya mu muriro, nyamara nta muntu n’umwe wari warigeze yumva ibya bene iyo myenda bita abestos. Yavuze ibyerekeye ibiyoka binini bifite uburebure bwa metero icumi bifite inzasaya nini cyane ku buryo zishobora kumira umuntu, amatunda afite ubunini bungana n’umutwe w’umuntu kandi akagira imbere hererana nk’amata, n’ibintu bitemba biva mu butaka bishobora gutuma amatara yaka. Nyamara nta muntu n’umwe wari warigeze abona ingona zo mu ruzi, amatunda y’ibiti bya koko (noix de coco), cyangwa peteroli. Baramusetse ubwo bumvaga ibyo bitekerezo. Hashize iminsi myinshi ubwo Mariko yari aryamye agiye gupfa, umwe mu ncuti ze utaravugaga rumwe na we wari hafi y’aho yari aryamye yamubwiye kwivuguruza akabwira abari aho ko ibitekerezo yababwiye byose byari ibinyoma. Abagabo
3565
https://rw.wikipedia.org/wiki/Gucura%20k%E2%80%99umugore
Gucura k’umugore
Gucura k’umugore ni igihe umugore ageze aho atakigira imisemburo mu mubiri we ituma intanga zidakorwa n’umubiri we akaba atashobora gusama. Ni ibintu bisanzwe, biba k’umugore iyo atangiye kugeza mu myaka ya za mirongo itanu. Akenshi igihe kiringaniye cyo gucura k’umugore kiba hagati y’imyaka 45 n’imyaka 55. Bavuga ko umugore yacuze kare iyo acuze mbere y’imyaka mirongo ine bakanavuga ko yacuze atinze iyo bibaye arengeje imyaka mirongo itanu n’itanu. Ugucura k’umugore bibanzirizwa no kubura imihango rimwe na rimwe cyangwa ntizire igihe kubera ikibazo cy’umusemburo wa progesterone udahagije. Nyuma umugore atangira kuva buhoro buhoro no kubura imihango igihe kirekire. Bimwe mu bimenyetso biboneka ku bagore bari gucura: Kumva ufite icyunzwe mu mubiri (67 %). Kubira ibyuya cyane (31 %). Kutabona ibitotsi (26 %). Kugira umushiha (depression) 38,5 %. Kugabanuka kw’inda ibyara (atrophie vaginale) (20 %). Gucika intege (18, 5%). Kuribwa umutwe (11 %). Guhindurwa kw’imisatsi (6,5 %). Guta ibiro (7 %). Guhinduka kw’agatuza (5,5 %) Nkuko bisobanurwa mu bitabo byinshi, ugucura kujyana na bimwe muri ibi bikurikira : Umuryango umuntu akomokamo (hérédité) : umugore n’umwana we w’umukobwa bacura hafi ku myaka imwe. Ubwoko ,ikirere kiranga aho umuntu atuye (le climat) n’imibereho ye (conditions socio-économiques). Kunywa itabi bituma gucura biba hafi amezi 18 mbere y’igihe cyari giteganyijwe. Icyitonderwa Igihe umwana w’umukobwa atangira kujya mu mihango, umubare w’inda cyangwa gukoresha uburyo buringaniza urubyaro nta ruhare bifite ku gihe cyo gucura. Ingaruka Kurwaragurika bikunda kuba iyo umugore yacuze, akenshi biba bijyanye n’ibimenyetso byayo n’izindi ndwara zijyanye n’izabukuru. Kurwaragurika no gupfa bitewe n’indwara z’umutima biba bike k’umugore ugereranyije n’umugabo ariko bikiyongera iyo umugore yacuze. Koroha kw’amagufa bigenda byiyongera hamwe no gusaza iyo umugore acuze. Niyo mpamvu abagore bacuze bakunda kugira imvune y’amagufa. Gucura k’umugore na Kanseri 80 ku ijana (80%) y’abagore bacuze bavuga yuko bumva hari icyahindutse mu magara yabo mu mwaka wa mbere bacuze ariko ingaruka zikomeye zitangira kuboneka mu myaka icumi umugore yarabuze imisemburo. Gucura kw’umugore na kanseri Mu bihugu byose, kuboneka kw’ama kanseri y’ibere n’izindi zo mu myanya ndangagistina ku mugore byiyongera hamwe n’imyaka kandi bikarushaho iyo umugore yacuze. Kanseri y’ibere ikunda kuboneka mu myaka hagati ya 45-50 na 65-70. Iboneka ku bagore batangiye imihango bakiri bato cyane,ku bagore bacuze batinze no kubafite umubyibuho ukabije bitewe n’ubwinshi bw’umusemburo witwa oestrogene. Ugereranyije, 90 % ya za kanseri za nyababyeyi (cancer de l’endomètre), 75 % ya za kanseri z’udusabo (cancer de l’ovaire) na 65% ya za kanseri z’inkondo y’umura Ukuboneka kwa kanseri y’inkondo y’umura bituma biba ngombwa ko buri mugore wese wacuze ayisuzumisha. Imiyoboro https://web.archive.org/web/20160304222008/http://www.agasaro.com/spip.php?article84 Umuti
3569
https://rw.wikipedia.org/wiki/Gwantanamo
Gwantanamo
Gwantanamo Mu Burayi no muri Amerika uburenganzira bw’ikiremwa muntu ntibwubahirizwa, mu bigaragaza uburyo ibyo bihugu byigize ikitegererezo cy’uburengenzira bw’ikiremwamuntu ahubwo aribyo bibubangamiye, ni ibikorwa bya kinyamaswa biherutse gukorerwa abanyeshuri bo mu Bwongereza, n’ibikorerwa abaturage b’Ubufaransa na Amerika byerekanwa mu matelevizio bikabonwa n’abantu bose ku isi ariko ntihabe hagira ukopfora. Ikegeranyo cyakozwe guhera mu mwaka 2001 kugeza ubu, kirerekana ko abantu bagera kuri 334 bamaze kwicwa n’ibikoresho bikoreshwa na polisi ya Amerika mu guhagarika abakora imytigaragambyo. Ibikorwa by’ubugome bukabije abaturage ba Palisitina bakorerwa n’ubutegetsi ruvumwa bw’Abazayuni ba Isiraheri, ubwo butegetsi bumaze imyaka myinshi bwica abaturage b’icyo gihugu urubozo, bashyira mu kato abaturage b’intara ya Gaza, abana n’abagore muri iyo ntara bakaba bicwa n’inzara nta n’imiti ibavura bagira, ariko akaba ntawamagana icyo gihugu, ibyo byose ni urugero rugaragaza ko ikitwa na biriya bihugu uburenganzira bw’ikiremwa muntu ntakindi biricyo uretse urwitwazo bakoresha barwanya uwo bashaka kurwanya, bakanajujubya uwo bashaka kujujubya mu izina ry’uko baharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu. Abitwaza ko baharanira uburenganzira bw’ikremwamuntu, nibo bitwaza ubwo burengenzira batera ibihugu bikennye no kurasa abaturage babyo bakoresheje intwaro zikomeye, bakica muri ibyo bihugu inzirakarengane zirimo abana, abagore n’abasaza. Urugero rw’ukuri rw’ibyo tumaze kuvuga ni ikegeranyo cya vuba aha kivuga ko Yuran yakoreshejwe n’ingabo za Amerika mu ntambara irwana muri Iraq na Afuganisitani yatumye muri ibyo bihugu haduka ibyorezo by’indwara zidasanzwe zica benshi muri ibyo bihugu. Icyo kegeranyo cyakomeje kivuga ko muri biriya bihugu Amerika irwanamo, ibirema byiyongera n’abana bavukana uburema bakaba bamaze kuba benshi, ku buryo mu myaka mike iri imbere muri biriya bihugu hazajya havuka abana bake badafite ubusembwa batewe n’intwaro zikoreshwa mu mirwano ihabera. Muri ako kanya Amerika iba iri kubangamira uburengenzira bw’ikiremwamuntu, iba yiyita ko ari igihugu cya demukrasi kinaharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, n’ibyo byose umuryango mpuzamahanga wananiwe kumvisha icyo gihugu ko kigomba gufunga agasho gahonyererwamo uburenganzira bw’ikiremwamuntu ka Gwantanamo na ka Abu Gurayib. Imiyoboro Uburenganzira bw’ikiremwa muntu: Urwitwazo rwa politike rw’ibihugu by’Iburengerazuba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
3570
https://rw.wikipedia.org/wiki/Irani
Irani
Irani cyangwa Repubulika y’Ubuyisilamu ya Irani (izina mu kinyaperisi : ایران cyangwa جمهوری اسلامی ایران ) n’igihugu muri Aziya. Igihugu gatuwe n’abaturage bagera kuri 81,000,000 (2017), batuye kubuso bwa km² 1,648,195. Irani Aziya Ibihugu
3574
https://rw.wikipedia.org/wiki/Illuminati
Illuminati
Ubundi Illuminati biva ku ijambo ry’ikilatini illuminatus bivuga ‘umurikiwe’ cyangwa ushagawe n'urumuri, illuminati rikaba riri mu bwinshi (pluriel, plural). Abantu bose bavuga amateka ya Illuminati bemeza ko ari agatsiko k’ibanga (secret society) kashinzwe na Adam Weishaupt wari umwarimu muri Kaminuza ya Ingolstadt muri Bavière (Bayer) mu Budage, hari tariki 1 Gicurasi 1776. Kuvuga kuri Illuminati ni ibintu bitoroshye byasaba kwandika ibitabo kandi n’ubundi byarakozwe, ndetse bimwe na bimwe twarabisomye, cyane cyane The 13 Satanic Bloodlines of Illuminati cya Fritz Springmeier na Cosmic Trigger: the Final Secret of The Illuminati cya Robert Anton. Kugirango umenye Illuminati kandi, bisaba kuba uzi ibindi bintu byinshi byerekeranye n’udutsiko tw’ibanga (secret societies), bityo bikaba biri bunsabe kugenda nsa nk’utandukira gato ngende mvuga kuri utwo dutsiko tundi. Uwo mugabo yari asanzwe ari mu muryango wa Freemasonry (Franc-maçonnerie) uyu ukaba ari umuryango n'ubu ukiriho, uhuza abantu batandukanye bahuriye ku ibanga ubwabo bazi bonyine, gusa ikizwi nuko badasenga Imana, ahubwo bemera uwo bita Umwubatsi Mukuru w’Isi (Le Grand Architecte de l’univers). Ibi abakristu bakaba babifata nko gusenga Shitani. Icyo twababwira nuko Freemasonry idashingiye ku idini, kuko habamo abakristu, abayisilamu n’abo mu yandi madini. Imiyoboro Ese koko iyi si iyoborwa na Illuminati? (Igice cya kabiri) Ese koko iyi si iyoborwa na Illuminati? (Igice cya mbere) Imiryango
3576
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abaperezida%20b%E2%80%99Azeribayijani
Abaperezida b’Azeribayijani
Abaperezida b’Azeribayijani
3579
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abaperezida%20ba%20Tanzaniya
Abaperezida ba Tanzaniya
Abaperezida ba Tanzaniya
3582
https://rw.wikipedia.org/wiki/Abaperezida%20ba%20Kenya
Abaperezida ba Kenya
Abaperezida ba Kenya
3585
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ilham%20Aliyev
Ilham Aliyev
Ilham Aliyev (izina mu kinyazeribayijani İlham Əliyev ) (24 Ukuboza 1961 – ), Perezida wa 4 w’Azeribayijani. Abaperezida b’Azeribayijani Abaminisitiri b’Azeribayijani Abaperezida Abaminisitiri Abagabo
3586
https://rw.wikipedia.org/wiki/Heydar%20Aliyev
Heydar Aliyev
Heydar Aliyev (izina mu kinyazeribayijani Heydər Əliyev ) (10 Gicurasi 1923 – 12 Ukuboza 2003), Perezida wa 3 w’Azeribayijani. Abaperezida b’Azeribayijani Abaperezida Abagabo
3587
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ab%C3%BClfaz%20El%C3%A7ibay
Abülfaz Elçibay
Abülfaz Elçibay (izina mu kinyazeribayijani Əbülfəz Elçibəy ) (24 Kamena 1938 – 22 Kanama 2000), Perezida wa 2 w’Azeribayijani. Abaperezida b’Azeribayijani Abaperezida Abagabo
3588
https://rw.wikipedia.org/wiki/Julius%20Nyerere
Julius Nyerere
Julius Nyerere (13 Mata 1922 – 14 Ukwakira 1999), Perezida wa 1 wa Tanzaniya. Abaperezida ba Tanzaniya Abaperezida Abagabo
3589
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ali%20Hassan%20Mwinyi
Ali Hassan Mwinyi
Ali Hassan Mwinyi (8 Gicurasi 1925 – ), Perezida wa 2 wa Tanzaniya. Abaperezida ba Tanzaniya Abaperezida Abagabo
3590
https://rw.wikipedia.org/wiki/Benjamin%20Mkapa
Benjamin Mkapa
Benjamin William Mkapa (12 Ugushyingo 1938 – ), Perezida wa 3 wa Tanzaniya. Abaperezida ba Tanzaniya Abaperezida Abagabo
3591
https://rw.wikipedia.org/wiki/Jakaya%20Kikwete
Jakaya Kikwete
Jakaya Mrisho Kikwete (7 Ukwakira 1950 – ), Perezida wa 4 wa Tanzaniya. Abaperezida ba Tanzaniya Abaperezida Abagabo
3592
https://rw.wikipedia.org/wiki/Jomo%20Kenyatta
Jomo Kenyatta
Jomo Kenyatta (1894 – 22 Kanama 1978), Perezida wa 1 wa Kenya. Yabaye Minisitiri w’intebe wa Kenya kuva 1963 kugeza 1964, aba perezida kuva 1964 kugeza 1978. Akivuka yiswe Kamau wa Mugai. Jomo Kenyatta Jomo bivuga icumu ribengerana naho Kinyatta bivuga umukandara w’amasaro ya massai. Yitwa kandi Mwalimu mu rurimi rw’igiswayire, umusaza, ise w’igihugu, umwubatsi w’ahera hasenyutse. Abaperezida ba Kenya Abaperezida Abagabo
3593
https://rw.wikipedia.org/wiki/Daniel%20arap%20Moi
Daniel arap Moi
Daniel Toroitich arap Moi (2 Nzeri 1924-2020), Perezida wa 2 wa Kenya. Abaperezida ba Kenya Abaperezida Abagabo
3594
https://rw.wikipedia.org/wiki/Mwai%20Kibaki
Mwai Kibaki
Emilio Mwai Kibaki (15 Ugushyingo 1931 – 2022) ni Perezida wa 3 wa Kenya. Abaperezida ba Kenya Abaperezida Abagabo
3595
https://rw.wikipedia.org/wiki/Igisibo
Igisibo
IBISOBANURO KU GISIBO CYA RAMADHWAN: Imana yashyizeho uburyo bwo kuyigandukira bunyuranye, kugira ngo igerageze abagaragu bayo, ese baba mu bakurikira irari ryabo cyangwa baba mu bumvira itegeko ry'Imana, uko kuyigandukira igushyira mu byiciro bikurikira: Ibibuza ibyo umuntu akunda nk'igisibo, kuko kibuza ibikundwa aribyo: ibyo kurya, ibinyobwa n'ibindi bimunezeza nk'imibonano ku bashakanye n'ibindi. Gutanga mubyo utunze ukunda nk'amaturo (Zakat), isadaka. Gutungana kw'umutima Ubutungane bw'umutima buba mu kwerekera kwawo ku Mana no kuyikunda. Bimaze kugaragara ko ibyo kurya, ibinyobwa, imvugo, kuryama, guhura n'abantu cyane bituma umuntu atakaza ibimuhuza n'Imana, bikamwongerera kuba kure y'impuhwe zayo. Niyo mpamvu Imana yategetse igisibo kugira ngo kibarinde ibibi, bityo bagire umutima udafite irari ariryo nzitizi zo kugandukira Imana. Ibategeka gukora icyicaro cya ITIKAFU mu misigiti kigamije kwiyegereza Imana. Inabategeka kurinda indimi zabo kuvuga ibidafite umumaro. Inabategeka igihagararo mu ijoro, gifitiye umubiri n'umutima akamaro. IGISIBO NI IKI? Igisibo ni ukwigomwa kurya, kunywa, imibonano mpuzabitsina ku bashakanye n'ibindi bibujijwe uwasibye, kuva umuseke utambitse kugeza izuba rirenze, wagambiriye gusiba no kwiyegereza Imana. Impamvu z'itegekwa ry'igisibo Igisibo ni inzira ituma habaho gutinya Imana, ukora ibyo yategetse ukareka ibyo yabujije. Igisibo kimenyereza umuntu uburyo bwo kurinda umutima no kureka ibibi byawo, kikanawutoza kwirengera inshingano no kwihangana mu gihe cy'ibibazo. Igisibo gituma umuyislamu abasha kwiyumvamo ububabare buri kuri mugenzi we ushonje, ibyo bigatuma arushaho gutanga no kugirira neza abakene n'abatindi, bityo bigatuma habaho urukundo n'ubuvandimwe hagati y'abakire n'abakene. Igisibo cyeza umutima, kikawusukura kiwukura mu bikorwa bidahwitse. Mu gisibo niho haboneka ikiruhuko k'urwungano ngogozi, kikaruruhura mu guhora rwuzuriwe, bikarufasha kugarura ingufu. Urwego igisibo cy'ukwezi kwa Ramadhani gifite muri islamu Igisibo ni inkingi imwe mu nkingi eshanu (5) zigize islamu, Imana yagitegetse mu mwaka wa kabiri (2) nyuma y'iyimuka ry'intumwa y'Imana iva iMakka ijya iMadina. Intumwa y'Imana ikaba yarasibye igisibo cya RAMADHANI inshuro icyenda mu buzima bwayo. Ukwezi kwa RAMADHANI, niko kwezi gufite imigisha n'ibyiza kurusha andi mezi yose uko ari cumi n'abiri (12), n'amajoro icumi ya nyuma y'uko kwezi, akaba ariyo meza kurusha amajoro icumi y'ukwezi kwa DHUL HIDJA, kuko mu majoro icumi ya RAMADHANI, habonekamo ijoro rya AL QAD'RI rifite ibyiza biruta iby'amezi igihumbi(1000), n'iminsi icumi ya mbere ya DHUL HIDJA, iruta iminsi icumi ya nyuma ya RAMADHANI, n'umunsi wa idjuma niwo mwiza mu minsi y'icyumweru, n'umunsi w'igitambo ukaba umunsi mwiza mu minsi yose y'umwaka, n'ijoro rya AL QADRI rikaba ijoro ryiza mu majoro yose y'umwaka. UMWANYA IGISIBO CYA RAMADHWAN GIFITE MURI ISLAM Igisibo cya RAMADHANI, ni itegeko kuri buri muyislamu ugimbutse, ufite ubwenge, ushoboye kuba yasiba, utari ku rugendo, yaba umugabo, cyangwa umugore udafite imiziro nk'imihango, ibisanza n'ibindi. Imana ikaba yarategetse abayislamu gusiba nk'uko yabitegetse abababanjirije. Imana iragira iti:"Yemwe abemeye, mwategetswe gusiba nk'uko byategetswe abababanjirije, wenda mwarushaho gutinya Imana" Qur'an 2:183 IBYIZA BY'UKWEZI KWA RAMADHWAN Imana iragira iti:"Mu by'ukuri Qor'ani, twayimanuye mu ijoro ry'icyubahiro (AL QAD'RI). Ese ni iki cyakumenyesha iryo joro? Iryo joro ririmo ibyiza biruta iby'amezi igihumbi Imana irimanuramo Abamalayika bari kumwe na DJIBR"UMUSOZO Imiyoboro Amategeko y’Igisibo Igisibo cy’abayisilamu (ramadhan) kirasozwa kuri uyu wa gatanu Islam
3598
https://rw.wikipedia.org/wiki/Iterabwoba
Iterabwoba
Iterabwoba ribarwa mu bibazo bikomereye isi kandi bibangamiye ituze n’ubusugire bw’abantu mu buzima bwabo bwa buri munsi. Rikaba riterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye zirimo n’imibereho, kwiheba, politiki, ubukungu, imico, n’ibindi bikomeje kugira uruhare rukomeye mu kwimakaza iterabwoba mu mibereho y’abantu. Niyo mpamvu uwashaka kuvura no kurandura iterabwoba burundu, bimusaba kubanza gukemura ibi bibazo n’impamvu ziritera akazivanaho burundu kuko arizo zituma iterabwoba ribaho. Intambwe ya mbere yo kurwanya iterabwoba no kurirandurana n’imizi yaryo aho ariho hose, ni ukubanza gusobanukirwa neza izi mpamvu ziritera, kugirango n’umuti uzashakwa uzabe ushingiye ku miterere nyayo y’ikibazo. Ishami ryo Kurwanya Iterabwoba (ATU) Imiyoboro police.gov.rw ijwi-islam.org
3606
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ishyaka%20ry%E2%80%99Ubukiranutsi%20n%E2%80%99Amajyambere%20%28muri%20Maroke%29
Ishyaka ry’Ubukiranutsi n’Amajyambere (muri Maroke)
Ishyaka ry’Ubukiranutsi n’Amajyambere (PJD mu magambo ahinnye y’igifaransa ; izina mu gifaransa : Parti de la Justice et du Développement ; izina mu cyarabu : حزب العدالة والتنمية‎ ) ni ishyaka rya politiki muri Maroke. Amashyaka ya politiki
3607
https://rw.wikipedia.org/wiki/Uruyuki
Uruyuki
Intangiriro Uruyuki (ubuke: Inzuki; izina ry’ubumenyi mu kilatini: Apis ) ni udusimba tw’inigwahabiri tutagira amagufwa turangwa n’umubiri ugizwe n’ibice bitatu byuzuzanya aribyo; umutwe, ugaragaraho uduhembe tubiri tuzifasha guhuririza ibirukikije, amaso manini abiri azifasha kureba, n’umunwa. Mu muzinga hashobora kubamo ingabo 1500 kandi zikagaburirwa n’intazi. Akamaro kazo ni ako kwimya urwiru gusa, kandi urwimije urwiru ruhita rupfa. Ingabo ntiziryana, si byiza ko ziba nyinshi mu muzinga kuko zirya ubuki kandi zidakora. Uruyuki ni agakoko gato kaguruka gakora ubuki. Amoko y’inzuki Amoko y’inzuki azwi cyane ni ayo mu bwoko bwa Apis mellifica, Apis dorsata, Apis florea na Apis cerana. Cyakora inzuki zikunze gukoreshwa mu buvumvu ni izo mu bwoko bwa Apis mellifica, nazo zikaba zigabanyijemo ibice byinshi, ukurikije uturere zigenda zibonekamo. Muri zo hari: 1. Apis mellifica : ziboneka mu karere k’inyanja ya Mediterane 2. Apis mellifica intermisa 3. Apis mellifica major : ziboneka mu Majyaruguru ya Afurika 4. Apis mellifica sahariensis 5. Apis mellifica lamarekii 6. Apis mellifica nubica : ziboneka muri Sudani na Misiri 7. Apis mellifica scutellata 8. Apis mellifica litorea 9. Apis mellifica monticola 10. Apis mellifica adansonii : ziboneka muri Afurika yo Hagati na Australia 11. Apis mellifica capensis 12. Apis mellifica unicolor 13. Apis mellifica jemmenitica 14. Apis mellifica remipes 15. Apis mellifica caucasica 16. Apis mellifica taurica 17. Apis mellifica cyprica : ziboneka mu karere ka Irani na Mediterane 18. Apis mellifica syriaca 19. Apis mellifica carnica 20. Apis mellifica linguistica Muri izo nzuki zose, iziboneka mu Rwanda ni izitwa Apis mellifica adansoni, n’ubwo nta bushakashatsi bwakozwe muri urwo rwego. Hari ubundi bwoko bw’inzuki bita mu kinyarwanda ubuhura (mellipona depressives). Izo nzuki ntizigira urubori, nta n’ubwo zubaka ibinyagu, ahubwo zishyira ubuki mu bihuku by’imiswa, mu binogo byafukutse mu biti, cyangwa mu myenge igenda isigara mu nkuta z’amazu. Imibereho y’inzuki Inzuki zibaho ari umuryango urimo inzuki za ngombwa kandi ziziranye. Ziba zikuriwe n’urwiru. Urwiru rurangwa n’ubunini bwarwo, ruba ari rwo rwonyine rw’urugore rubyara kandi rwima inshuro imwe. Rwibikamo intanga-ngabo, zizahura n’intanga-ngore rufite. Rurama imyaka ine kandi rutera amagi ibihumbi bibiri (2000) ku munsi, ntiruryana rugaburirwa n’impashyi , igikoma cy’urwiru (gelée royale). Iyo rushaje rutera amagi make bigatuma inzuki ziba nke mu muzinga, icyo gihe ruvanwa mu muzinga maze impehe zisigaye zikirerera urundi. Ni byiza kurusimbura nibura buri myaka ibiri (2) kandi bigakorwa mu gihe gitangira izuba.Urwiru rushobora kororerwa hanze y’umuzinga rukazashyirwamo nyuma. Inziru 2 ntizibana mu muzinga, zirarwana kugeza rumwe rupfuye. Ingabo Mu muzinga hashobora kubamo ingabo 1500 zikagaburirwa n’impashyi. Akamaro kazo ni ukwimya urwiru, gusa urwimije ruhita rupfa, Ingabo ntiziryana iyo ari nyinshi mu muzinga si byiza kuko zirya ubuki kandi zidakora. Akenshi urwiru rushaje rubyara ingabo nyinshi, hari ubwo impashyi zanga kuzigaburira zikazirukana cyangwa zikazica. Mu ntangiriro z’igihe cy’izuba gusa nibwo urwiru rutera amagi avamo ingabo. Ibikomoka ku nzuki Ubuki Insinda Ibishashara Urucumbu Igikoma cy’urwiru Ibinyagu Gusa abantu bakunda cyane ubuki kubera ukuntu buryoha cyane. Ariko nanone ibikomoka ku nzuki byose bifitye abantu akamaro kubera ko bivura indwara nyinshi. Amateka y’ubworozi bw’inzuki Abanditsi b’ibitabo bavuga ko ubworozi bw’inzuki ari umwuga umaze igihe kinini cyane uzwi. Hari bamwe bemeza ko hashize imyaka miliyoni eshanu inzuki zibayeho ku isi, abandi bavuga ko babonye ibisigazwa by’inzuki zabayeho imyaka 3600 mbere y’ivuka rya Yezu; bamwe ndetse bemeza ko hari amoko y’inzuki yororerwaga mu Misiri imyaka 2600 mbere y’ivuka rya Yezu. Ahagana mu kinyejana cya 16 nibwo bamwe mu bagoronome Olivier w’i Sennes yatangiye kwita ku nzuki mu gitabo cye yise Theatre d’agriculture et menages des champs. Nyuma y’aho, ubworozi bw’inzuki bwafashe imyaka myinshi kugira ngo bugere uko tubuzi ubu. Muri icyo gihe Padiri mukuru w’i Carlsmark muri silesie yahimbye umutiba wa kijyambere ufite amakaderi, bashobora gukura mu mutiba bakayasubizamo nta kibazo. Cyakora uwo mutiba wagiye usubirwamo na Langstroth ariwe wahimbye umutiba wa kijyambere wanitiriwe izina rye, ubu ukaba warageze n’iwacu i Rwanda. Hari n’abandi bagize ibyo bagenda bongeraho, nk’uwitwa Dadant, Layens n’abandi. Mu Rwanda Ubworozi bw’inzuki bwagaragaje ko bushobora guteza imbere ababukora, bubushyizemo imbaraga, ariko cyane cyane bitaye ku buryo bwo guhakura ubuki bufite isuku kandi butarimo umwotsi. Mu rwego rwo gufasha abari muri uyu mwuga no kuwuhindura kugira ngo ujye uzanira inyungu abawukora, muri 2008 Leta yafashaije kugura imitiba 9,000 igenewe kugezwa ku bavumvu. Leta kandi yabafashije gushyiraho urwego rw’igihugu ruhuza abavumvu (Conseil National pour la Sauvegarde des Abeilles), kugira ngo babone uko bazajya bungurana ibitekerezo kuri uyu mwuga no ku masoko bakoherezaho ubuki basaruye. Muri iyi myaka itanu ishize, umusaruro w’ubuki ukaba wiyongera ku buryo bushimishije. Figure 12 irerekana uburyo umusaruro w’ubuki wiyongereye kuva kuri toni 550 muri 2000 kugeza kuri toni 1600 muri 2007. Notes Imiyoboro Imfashanyigisho ku bworozi bw’inzuki bwa kijyambere http://www.rarda.gov.rw/IMG/pdf/IFISHI_Y_INZUKI.pdf Inzuki Ubuvumvu
3612
https://rw.wikipedia.org/wiki/Turukiya
Turukiya
Turukiya (izina mu giturukiya : Türkiye ) ni igihugu mu Burayi na Aziya. Umurwa mukuru wa Turukiya witwa Ankara. Igihugu kiratuwe n’abaturage bagera kuri 78,785,548, batuye ku buso bwa km² 814.578. Indirimbo y’Igihugu ni : İstiklâl Marşı. Ubuyobozi bwa Turukiya Intara (il) → Uturere (ilçe) → Imirenge/Utugari (bucak cyangwa nahiye) → Imidugudu (köy) Intara za Turukiya ni 81. Uturere twa Turukiya ni 957. Imirenge n’utugari bya Turukiya ni 634. Imidigudu ya Turukiya ni 40.000. Imibare y’abaturage Gallery Ubuperezida bwa Turukiya Abaperezida ba Turukiya References Uburayi Aziya Ibihugu
3614
https://rw.wikipedia.org/wiki/Ibinyabuzima%20bitungwa%20n%E2%80%99ibimera
Ibinyabuzima bitungwa n’ibimera
Ibinyabuzima bitungwa n’ibimera ni ukuvuga ikinyabuzima icyo aricyo cyose, fungi, bagiteri, virusi, virusi nk’ikinyabuzima cyangwa ibiburangoro ndetse n’inyamaswa, kigaragajwe na Minisitiri ko gitungwa n’ibimera cyangwa ibikomoka kubuhinzi. Ibimera n’Inyamaswa
3615
https://rw.wikipedia.org/wiki/Kororoka
Kororoka
Kororoka ni ukuvuga ko ikimera kigenewe gukoreshwa mu kororoka cyangwa muri gahunda yo kubungabunga ubuzima bw’ibimera. Kororka ni igihe abantu bakoze imibonano mpuza bitsina hatagi y'umugabo n'umugore. Ibimera
3616
https://rw.wikipedia.org/wiki/Amasezerano%20Mpuzamahanga%20yo%20Kurengera%20Ibimera
Amasezerano Mpuzamahanga yo Kurengera Ibimera
Amasezerano Mpuzamahanga yo Kurengera Ibimera (IPPC mu magambo ahinnye y’icyongereza; izina mu cyongereza: Amasezerano Mpuzamahanga yo Kurengera Ibimera ) ni amasezerano yemejwe n’inaa y’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buhinzi n’ibiribwa (FAO) mu nteko yayo ya 29 ugushyingo 1997, agashyirwa mu bikorwa tariki ya 02 ukwakira 2005, kandi akaba akubiyemo n’ibyahinduwe byashyizwe mu bikorwa. Imiryango Ibimera